Karongi: Ubuyobozi bw’akarere buragirwa inama yo kutigerezaho mu mihigo

Yanditswe ku itariki ya: 13-06-2013 - Saa: 10:39'
Ibitekerezo ( 2 )

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’i Burengerazuba, Jabo Paul, aragira inama ubuyobozi bw’akarere ka Karongi guhiga imihigo itazababera ingorabahizi mu gihe cyo kuyishyira mu bikorwa.

Minisitiri Labille arahamagarira Abanyarwanda kurangwa n’ubufatanye n’amahoro

Yanditswe ku itariki ya: 12-06-2013 - Saa: 20:48'
Ibitekerezo ( 4 )

Jean Pascal Labille, Minisitiri w’u Bubiligi ushinzwe ubutwererane n’Amahanga mu gutera imbere amajyambere, arasaba Abanyarwanda ko bakwiye gutahiriza umugozi umwe no gufasha bagenzi babo, niba bifuza kugira igihugu giteye imbere.

Amakimbirane yaranze itorero ADEPR ngo ntazongera kubaho ukundi

Yanditswe ku itariki ya: 12-06-2013 - Saa: 14:44'
Ibitekerezo ( 12 )

Ubuyobozi bw’itorero ry’abapentekote mu Rwanda (ADEPR) buratangaza ko amakimbirane yigeze kuranga iryo torero mu myaka yashize atazongera kubaho kuko hafashwe ingamba mu kuyakumira, zirimo kwimakaza imiyoborere myiza.

Rusizi: Inkongi z’umuriro za hato na hato zigiye guhagurukirwa

Yanditswe ku itariki ya: 12-06-2013 - Saa: 12:15'
Ibitekerezo ( )

Ibigo bitandukanye bikorera mu karere ka Rusizi byaba iby’ubucuruzi, amabanki, amakoperative n’ibindi birashaka uburyo byigurira imodoka zifashishwa mu kuzimya umuriro mu rwego rwo kurwanya inkongi z’umuriro zikunze kuvuka cyane cyane mubihe byimpeshyi.

MIGEPROF yasabye abafatanyabikorwa kongera uruhare mu iterambere ry’umugore

Yanditswe ku itariki ya: 12-06-2013 - Saa: 11:29'
Ibitekerezo ( 1 )

Ministeri y’uburinganire n’iterambere ry’umuryango (MIGEPROF) irifuza ubufatanye bw’abafite aho bahuriye no guteza imbere abagore n’abakobwa, aho ngo bagomba kugira uruhare rugaragara, kugirango ikigero cy’ubukene n’imyumvire mike kirusheho kugabanuka.

Isiragira ry’abaturage mu buyobozi ntabwo rihesha agaciro ubuyobozi – Jabo Paul

Yanditswe ku itariki ya: 12-06-2013 - Saa: 10:27'
Ibitekerezo ( )

Abayobozi b’utugari n’imidugudu mu karere ka Nyamasheke kuri uyu wa 11/06/2013 basabwe kwirinda gusiragiza abaturage mu nzira ahubwo bakamenya ko bagomba kubakemurira ibibazo.

Nyagatare: Barasaba RDB kubakiza imbogo zikomeje kubivugana

Yanditswe ku itariki ya: 12-06-2013 - Saa: 09:46'
Ibitekerezo ( 2 )

Nubwo hashyizweho uruzitiro rukumira inyamaswa kuva muri pariki y’Akagera zikangiza imyaka y’abaturage ndetse bamwe zikabahitana ngo ntibyakemuye ikibazo burundu kuko mu gitondo cya tariki 10/06/2013 uwitwa Nkurikiyumukiza Jean Pierre w’imyaka 19 wo mu murenge wa Karangazi yishwe n’imbogo ajya gutema amasaka.

Serivise nziza mu kazi si ugushimira uje akugana gusa

Yanditswe ku itariki ya: 12-06-2013 - Saa: 09:07'
Ibitekerezo ( )

Mu mahugurwa y’iminsi ibiri yitabiriwe n’abayobozi batandukanye bakorera mu karere ka Kirehe bigishijwe ko service nziza atari ugushimira umukiriya gusa, kuko niyo yaba ibyo agusaba bidahari ashobora kugenda yishimye nta kibazo afite bitewe n’uburyo yakiriwe.

Gukoresha abana byagabanutse kuva kuri 11% kugera kuri 1.1%

Yanditswe ku itariki ya: 11-06-2013 - Saa: 17:18'
Ibitekerezo ( 1 )

Ministeri y’abakozi ba Leta n’umurimo (MIFOTRA), irishimira ko abana bakoreshwa imirimo ivunanye bavuye kuri 11.3% mu mwaka wa 2008, ubu bakaba basigaye gusa ku kigereranyo cya 1.1%.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
Kwamamaza
rra banner
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile