“Abayobozi nibo bafite igisubizo cy’umutekeno mu karere k’ibiyaga bigari”- Ban Ki-moon

Yanditswe ku itariki ya: 18-05-2013 - Saa: 14:45'
Ibitekerezo ( )

Umunyamabanaga w’umuryango w’abibumbye Ban Ki-moon n’umuyobozi wa banki y’isi bitegura gusura akarere k’ibiyaga bigari, batangaza ko igisubizo cy’umutekano mucye uri mu karere no kuzamura ubukungu bifitwe n’abayobozi.

MTN irimo kwandika simu kadi z’abakiriya bayo ibasanze aho bakorera

Yanditswe ku itariki ya: 18-05-2013 - Saa: 13:21'
Ibitekerezo ( )

Sosiyete y’itumanaho ya MTN ivuga ko mu rwego rwo kurinda abakiriya bayo kuzava ku murongo w’itumanaho mu kwezi kwa karindwi, yatangije kampanyi mu gihugu hose yo kugenda yandika amasimu kadi(SIM cards), umuryango ku wundi aho abakiriya bayo bakorera.

“Ishingiro rya “Rwanda Day” ni ugusangira amakuru y’ahari amahirwe twabyaza umusaruro”-Minisitiri Gatete

Yanditswe ku itariki ya: 18-05-2013 - Saa: 10:00'
Ibitekerezo ( )

Minisitiri ushinzwe Imari n’igenamigambi mu Rwanda, Ambasaderi Claver Gatete, aratangaza ko umusaruro Leta y’u Rwanda iba itegereje mu bikorwa byo guhura n’Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda ari amakuru menshi y’ahari amahirwe y’iterambere n’ingamba zakoreshwa mu kuyabyaza umusaruro.

“U Rwanda rufite ubushobozi n’ubushake bwo kwakira buri Munyarwanda” - Minisitiri Mukantabana

Yanditswe ku itariki ya: 18-05-2013 - Saa: 09:24'
Ibitekerezo ( 2 )

Guverinoma y’u Rwanda iremeza ko ifite ubushake n’ubushobozi bwo kwakira neza buri Munyarwanda wese ushaka gutahuka mu gihugu cye kandi ngo abadafite ubushobozi bagafashwa mu by’ibanze bakeneye ngo babeho neza.

Terefoni yamuturikiye mu mufuka imutwika ku itako

Yanditswe ku itariki ya: 17-05-2013 - Saa: 18:55'
Ibitekerezo ( 8 )

Umugabo ushinzwe abakora isuku muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda, yatunguwe n’uko terefone yari atwaye mu mufuka yaturitse, ikamutwikira imyenda ndetse ikanamutera igisebe ku itako.

Abanyarwanda 96 bagarutse mu Rwanda binjiriye ku mupaka wa Rubavu

Yanditswe ku itariki ya: 17-05-2013 - Saa: 16:45'
Ibitekerezo ( )

Abanyarwanda 96 biganjemo abagore n’abana bagarutse mu gihugu cyabo bavuye mu gihugu cya Congo; binjiriye ku mupaka wa Rubavu tariki 17/05/2013.

Rusizi: Abandi Banyarwanda 42 batahutse

Yanditswe ku itariki ya: 17-05-2013 - Saa: 14:57'
Ibitekerezo ( )

Abanyarwanda 42 harimo abagabo 6, Abagore 16 n’abana 22 zasesekaye ku mupaka wa Rusizi ya mbere, ku gicyamunsi cyo kuwa 16/05/2013, bavuye muri Congo.

Depite Kalima Evode yemeza ko ubusambanyi ari ikibazo gikomereye igihugu

Yanditswe ku itariki ya: 17-05-2013 - Saa: 14:46'
Ibitekerezo ( 2 )

Mu kiganiro Depite Kalima Evode yagejeje ku banyeshuli biga mu ishuli rikuru ry’abalayiki b’abadivantiste rya Kigali (INILAK) ishami rya Nyanza abakangurira kwirinda ubwandu bwa virusi itera SIDA yagaragaje ko ubusambanyi bw’akajagari ari ikibazo gikomereye igihugu.

Nyagatare: Abagwiriwe n’inzu bashyinguwe

Yanditswe ku itariki ya: 17-05-2013 - Saa: 11:38'
Ibitekerezo ( 2 )

Abantu bane kuri batandatu basize ubuzima mu mpanuka y’inzu y’igorofa yaguye mu mujyi wa Nyagtare tariki 13/05/2013 bashyinguwe n’akarere ku bufatanye n’abaturage n’ibitaro by’akarere.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile