SEC academy igiye kubaka ikigo cy’imikino kizatwara Miliyoni 4,5 z’amadolari

Yanditswe ku itariki ya: 20-08-2012 - Saa: 15:14'
Ibitekerezo ( )

Ubuyobozi bw’ Ishuri ry’imikino rya SEC (Sports Empowerment Club) riherereye Kicukiro mu mugi wa Kigali, bufite gahunda yo kubaka ikigo cy’imikino itandukanye kizatarwa Miliyoni 4,5 z’amadolari kizakubakwa mu gihe kingana n’imyaka itandatu.

Abanyekongo bane bitabiriye imikino olympique baburiwe irengero

Yanditswe ku itariki ya: 14-08-2012 - Saa: 11:06'
Ibitekerezo ( )

Abakinnyi bane mu bakinnyi b’Abanyekongo bitabiriye imikino olympique yasojwe ku cyumweru tariki 12/08/2012 baburiwe irengero.

U Rwanda rwarangije imikino Olympique nta mudari rutwaye

Yanditswe ku itariki ya: 13-08-2012 - Saa: 12:58'
Ibitekerezo ( )

Niyonshuti Adrien na Jean Pierre Mvuyekure bananiwe kwitwara neza mu gihe aribo Banyarwanda bari bitezweho kwegukana umudari ku munsi wa nyuma w’imikino Olympique yasojwe i Londres mu Bwongereza ku cyumweru tariki 12/8/2012.

Niyonshuti arahatana muri Mountain Bike kuri icyi Cyumweru

Yanditswe ku itariki ya: 12-08-2012 - Saa: 12:50'
Ibitekerezo ( )

Adrien Niyinshuti wabigize umwuga mu gusigwanwa ku magare, bwa mbere mu mateka ye, arahatana mu mikino Olympique ubwo aza kuba asiganwa mu muzamuka imisozi (Mountain Bike) ku Cyumweru tariki 12/08/2012.

Abakinnyi 90 bazitabira Tour of Rwanda 2012

Yanditswe ku itariki ya: 8-08-2012 - Saa: 17:35'
Ibitekerezo ( 1 )

Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda riratangaza ko abakinnyi basaga 90 baturutse mu bihugu bitandukanye aribo bazitabira irushanwa rya Tour of Rwanda uyu mwaka wa 2012.

Umuntu wateye icupa ku basiganwaga muri metero 100 mu mikino Olympique ari mu maboko ya Police

Yanditswe ku itariki ya: 7-08-2012 - Saa: 09:27'
Ibitekerezo ( )

Ubwo habaga isiganwa ku maguru muri metero 100 mu mikino Olympique, ku cyumweru tariki 05/06/2012 hari umufana wateye icupa mu kibuga inyuma y’abasiganwaga none ubu ari mu maboko ya Police.

Murray yihimuye kuri Federer amutwara umudari wa zahabu

Yanditswe ku itariki ya: 6-08-2012 - Saa: 10:14'
Ibitekerezo ( )

Umwongereza Andy Murray yegukanye umudari wa zahabu mu mikino Olympique irimo kubera mu gihugu cye, nyuma yo gutsinda numero ya mbere ku isi muri Tennis, Roger Federer, amaseti atatu ku busa ku cyumeru tariki 05/08/2012.

Niyomugabo Jackson yasezerewe mu mikino Olympique

Yanditswe ku itariki ya: 3-08-2012 - Saa: 18:42'
Ibitekerezo ( 1 )

Jackson Niyomugabo, Umunyarwanda ukina umukino wo koga muri metero 50 (nage libre), yasezerewe mu mikino Olympique akiri ku rwego rw’amajonjora ku wa kane tariki 02/08/2012.

Uwase Yannick yasezerewe mu mikino Olempike

Yanditswe ku itariki ya: 1-08-2012 - Saa: 10:17'
Ibitekerezo ( )

Sekamana Uwase Yannick Fred, Umunyarwanda ukina umukino wa Judo mubatarengeje ibiro 73 wari mu mikino Olempike iri kubera mu gihugu cy’Ubwongereza yasezerewe nyuma yo gutsindwa na Mendonca Bruno ukomoka mu gihugu cya Brazil.

Pages ... | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | 11 | 12 | 13 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile