Amagare: Ndayisenga yabaye uwa 5 mu gusiganwa ku giti cye

Yanditswe ku itariki ya: 8-11-2012 - Saa: 17:41'
Ibitekerezo ( )

Ku munsi wa kabiri w’isiganwa nyafurika ribera muri Burkina Faso, kuri uyu wa kane tariki 08/11/2012, Umunyarwanda Valens Ndayisenga yegukanye umwanya wa gatanu mu gusiganwa ku giti cye (course contre la montre individuel) mu batarengeje imyaka 18.

Amagare: Ikipe y’u Rwanda yafashe umwanya wa 7 mu gusiganwa ku isaha

Yanditswe ku itariki ya: 7-11-2012 - Saa: 17:32'
Ibitekerezo ( )

Ku munsi wa mbere w’isiganwa nyafurika ririmo kubera i Ouagadougou muri Burkina Faso, kuri uyu wa gatatu tariki 07/11/2012, ikipe y’u Rwanda yafashe umwanya wa karindwi mu gusiganwa habarwa ibihe buri kipe yakoresheje (course contre la montre).

Imitwaro irimo n’amagare y’ikipe y’u Rwanda yasigaye Addis Ababa

Yanditswe ku itariki ya: 5-11-2012 - Saa: 15:35'
Ibitekerezo ( )

Ubwo abakinnyi b’ikipe y’u Rwanda y’umukino w’amagere bari mu rugendo berekeza i Ouagadougou muri Burkina Faso mu isiganwa nyafurika, bataye imitwaro yabo irimo n’amagare ku kibuga cy’indege cya Addis Ababa muri Ethiopia.

Amagare: Ikipe y’igihugu yerekeje Ouagadougou

Yanditswe ku itariki ya: 4-11-2012 - Saa: 09:18'
Ibitekerezo ( )

Mu ijoro rishyira kuri icyi cyumweru tariki 04/11/2012 nibwo ikipe y’u Rwanda y’umukino w’amagare yahagurutse i Kigali yerekeza Ouagadougou muri Burkina Faso, aho igiye kwitabira isiganwa nyafurika rizatangira tariki 06/11/2012.

Hasohowe Filime ivuga ku ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare

Yanditswe ku itariki ya: 2-11-2012 - Saa: 13:44'
Ibitekerezo ( )

Mu gihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika zasohowe filime yitwa Rising From Ashes ivuga ku ikipe y’igihugu y’u Rwanda (Team Rwanda) y’umukino wo gusiganwa ku magare.

Ngarama: Abanyeshuli bo mu kigo cya COBANGA ntibagira aho bakinira

Yanditswe ku itariki ya: 2-11-2012 - Saa: 08:27'
Ibitekerezo ( )

Ikigo cya COBANGA (College Baptiste de Ngarama) giherereye mu Murenge wa Ngarama mu karere ka Gatsibo ni kimwe mu bigo byigenga bititabira imikino muri ako karere kubera ko hari ikibuga kimwe gusa nacyo cya Volleyball.

Minisitiri Mitali arasura abakinnyi b’umukino w’amagare bitegura kujya i Ouagadougou

Yanditswe ku itariki ya: 1-11-2012 - Saa: 10:34'
Ibitekerezo ( )

Kuri uyu wa kane tariki 01/11/2012, Minisitiri wa Siporo n’umuco, Protais Mitali n’umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda FERWACY Aimable Bayingana barasura abakinnyi b’ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare, aho bari mu myitozo i Musanze bitegura kwerekeza mu isiganwa rizabera Ouagadougou muri Burkina Faso.

Abakinnyi bane b’amagare bazahagararira u Rwanda muri Tour de Faso

Yanditswe ku itariki ya: 31-10-2012 - Saa: 12:55'
Ibitekerezo ( 1 )

Adrien Niyonshuti, Abraham Ruhumuriza, Hadi Janvier na Biziyaremye Joseph ni bo banyarwanda bazahagararira igihugu muri shampiyona nyafurika yo gusiganwa ku magare (Tour de Faso) izaba mu kwezi kwa 11 muri Burkinafaso.

Niyonshuti yongeye kuba uwa mbere muri ‘Kigali city tour’

Yanditswe ku itariki ya: 22-10-2012 - Saa: 10:11'
Ibitekerezo ( )

Niyonshuti Adrien ni we wongeye kurusha abandi mu isiganwa ry’amagare ryo kuzenguruka umujyi wa Kigali ‘Kigali City Tour’ ryabaye ku cyumweru tariki 21/10/2012.

Pages ... | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile