Mini Handball iratangizwa vuba mu mashuri arimo amakipe akina handball

Yanditswe ku itariki ya: 26-01-2013 - Saa: 11:51'
Ibitekerezo ( )

Ubuyobozi bwa federation y’umukino wa handball mu Rwanda buravuga ko mu minsi micye bwitegura gutangiza amakipe y’abana batarengeje imyaka umunani “Mini Handball”, bazajya bakina umukino wa handball.

Ndayisenge Valens yerekeje muri Afurika y’Epfo

Yanditswe ku itariki ya: 25-01-2013 - Saa: 15:03'
Ibitekerezo ( )

Ndayisenga Valens ukina umukino w’amagare mu ikipe ya Amis Sportif ndetse n’ikipe y’igihugu, yerekeje muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa gatanu tariki 25/01/2013, aho agiye gukorera imyitozo, no kongera inararibonye muri uwo mukino.

Street Handball: Uburyo bushya bugiye kwifashishwa mu kumenyekanisha umukino wa Handball

Yanditswe ku itariki ya: 22-01-2013 - Saa: 10:47'
Ibitekerezo ( )

Ubuyobozi bwa federation y’umukino wa Handball mu Rwanda buravuga ko bugiye kwifashisha uburyo bw’umukino wo mu muhanda “street handball” mu rwego rwo kumenyekanisha uyu mukino wa handball.

‘Tropical Amissa Bongo’ yarangiye Byukusenge ari ku mwanya wa 29

Yanditswe ku itariki ya: 22-01-2013 - Saa: 09:58'
Ibitekerezo ( )

Nathan Byukusenge ni we Munyarwanda warangije isiganwa ry’amagare Tropical Amissa Bongo’ ari ku mwanya wa bagufi, akaba yararangije ari ku mwanya wa 29 ku rutonde rusange ubwo ryasozwaga tariki 20/01/2013.

Nathan Byukusenge akomeje kwigira imbere muri ‘Tropical Amissa Bongo’

Yanditswe ku itariki ya: 18-01-2013 - Saa: 12:31'
Ibitekerezo ( 1 )

Nathan Byukusenge kapiteni w’ikipe y’u Rwanda iri mu isiganwa ry’amagare ‘Tropical Amissa Bongo’ ribera muri Gabon, akomeje kwigira imbere mu myanya ugereranyije n’uko yari yatangiye.

Nathan Bukusenge yabaye uwa 22 mu cyiciro cya kabiri cy’isiganwa ‘Tropical Amissa Bongo’

Yanditswe ku itariki ya: 16-01-2013 - Saa: 18:02'
Ibitekerezo ( )

Nathan Byukusenge, kapiteni w’ikipe y’u Rwanda iri mu isiganwa ry’amagare ‘Tropical Amissa Bongo’ muri Gabon, ni we Munyarwanda waje hafi akaba yatwaye umwanya wa 22 muri rusange ubwo basiganwaga icyiciro (etape) cya kabiri ku wa gatatu tariki 16/01/2013.

Abakinnyi 6 bagize Team Rwanda barerekeza muri Gabon

Yanditswe ku itariki ya: 10-01-2013 - Saa: 09:32'
Ibitekerezo ( )

Ikipe y’igihugu y’umukino w’Amagare irahaguruka mu Rwanda kuri uyu wa 10/01/2013 igiye kwitabira irushanwa rya Tropical Amissa Bongo rizabera muri Gabon tariki 14-20/01/2013.

Umukino wa Handball urimo gushyirwamo ingufu

Yanditswe ku itariki ya: 7-01-2013 - Saa: 12:44'
Ibitekerezo ( )

Ikipe enye z’abatarengeje imyaka 15 na 17 (abahungu n’abakobwa) mu mukino wa Handball zasoje umwiherero wari ugumaji kubaka amakipe akomeye ku rwego rw’igihugu kugirango ajye ashobora guseruka hanze nta mbogamizi y’ubumenyi afite.

Lance Armstrong ngo yaba agiye kwemera ko yakoreshaga imiti yongera imbaraga

Yanditswe ku itariki ya: 5-01-2013 - Saa: 11:52'
Ibitekerezo ( )

Lance Armstrong wari umaze iminsi ahakana ko yakoreshaga imiti yongera imbaraga bikamuviramo kwamburwa imidari n’amashimwe yahawe muri Tour de France, ngo yatangarije abantu be ba hafi ko agiye kwemera ko yafataga imiti yongera imbaraga.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile