I Rwamagana hagiye gutangizwa ishuri ry’umukino w’amagare

Yanditswe ku itariki ya: 20-05-2013 - Saa: 11:34'
Ibitekerezo ( )

Ishyirahamwe ry’umukino w’amagere mu Rwanda (FERWACY) ku bufatanye n’umukinnyi w’uwo mukino Adrien Niyonshuti, rizatangiza ku mugaragaro ishuri ry’umukino w’amagare ryitwa ANCA mu karere ka Rwamagana ku cyumweru tariki 26/05/2013.

Isigangwa ry’amaguru mpuzamahanga ry’Amahoro rya Kigali riraba kuri iki cyumweru

Yanditswe ku itariki ya: 15-05-2013 - Saa: 17:18'
Ibitekerezo ( )

Abanyarwanda barakangurirwa kuzitabira isiganwa ku maguru mpuzamahanga riharanira Amahoro (Kigali International Peace marathon) rizaba ku cyumweru tariki 19/05/2013, rikazitabirwa n’abazaba basiganwa bavuye mu mpande zitandukanye z’isi.

Amagare: Ndayisenga Valens na Uwimana Jeannette nibo baje ku isonga mu ‘gusiganwa n’isaha’

Yanditswe ku itariki ya: 6-05-2013 - Saa: 12:07'
Ibitekerezo ( )

Ndayisenga Valens ukinira ikipe ya Amis Sportif y’i Rwamagana niwe wabaye uwa mbere mu bagabo mu isiganwa ry’amagare abakinnyi basiganwa n’isaha (course contre la montre individuelle), naho Uwimana Jeannette yagukana umwanya wa mbere mu bagore.

Amagare: Abakinnyi 21 barasiganwa n’isaha kuri icyi cyumweru mu Bugesera

Yanditswe ku itariki ya: 5-05-2013 - Saa: 09:57'
Ibitekerezo ( )

Abakinnyi 21, harimo abagore batanu baritabira isiganwa ry’amagare ryo gusiganwa n’igihe buri wese yirwanaho (course contre la montre individualle), ribere mu karere ka Bugesera kuri icyi cyumweru tariki 05/05/2013.

Gahini: World Vision yatanze imipira izifashishwa mu guhuza urubyiruko

Yanditswe ku itariki ya: 26-04-2013 - Saa: 15:24'
Ibitekerezo ( )

Umuryango World Vision washyikirije Diyoseze ya EAR Gahini mu karere ka Kayonza imipira 347 y’umukino wa Basket n’indi 277 y’umukino w’amaguru izifashishwa mu guhuza urubyiruko kugira ngo rukorerwe ubukangurambaga ku bintu bitandukanye.

Impuguke iturutse mu Budage izamara ibyumweru bitatu yigisha umukino wa Handball mu Rwanda

Yanditswe ku itariki ya: 24-04-2013 - Saa: 16:15'
Ibitekerezo ( )

Impuguke mu mikino wa Handball, Peter Hand Thumm, ukomoka mu Budage ari mu Rwanda akaba azamara ibyumweru bitatu yigisha umukino wa Handball abakinnyi bakiri batoya, akazanaha amahugurwa abatoza b’uwo mukino bazaturuka mu turere tw’igihugu.

Abashaka imyanya y’ubuyobozi muri ‘Comité Olympique’ batangiye kwiyamamaza

Yanditswe ku itariki ya: 15-04-2013 - Saa: 09:42'
Ibitekerezo ( )

Amazina y’abashaka imyanya y’ubuyobozi muri Komite y’igihugu y’imikino Olmpique (CNO) yashyizwe ahagaragara tariki 12/04/2013 ndetse banatangira kwiyamamaza hirya no hino mu bazabatora tariki 20/04/203.

Amashyirahamwe y’imikino mu Rwanda arimo gutegura imikino yo kwibuka

Yanditswe ku itariki ya: 9-04-2013 - Saa: 12:44'
Ibitekerezo ( )

Amashyirahamwe y’imikino mu Rwanda arimo gutegura uko azibuka abari abakinnyi, abayobozi ndetse n’abakunzi b’imikino bazize Jenoside, ibyo bikorwa byo kwibuka bikaba biteganyijwe muri Gicurasi na Kamena uyu mwaka.

Muhanga: Inama njyanama irasaba ko siporo itagarukira kuri AS Muhanga gusa

Yanditswe ku itariki ya: 25-03-2013 - Saa: 09:55'
Ibitekerezo ( 1 )

Mu nama yahuje inama njyanama y’akarere ka Muhanga, tariki 21/03/2013, bize ku kibazo cya siporo muri aka karere kuko bavuga ko isa n’iyahariwe ikipe y’akarere gusa kandi igomba kugera kuri buri muturage.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile