Tardy yahamagaye abakinnyi bazakina na Uganda

Yanditswe ku itariki ya: 21-02-2012 - Saa: 12:12'
Ibitekerezo ( )

Umutoza w’Amavubi atarengeje imyaka 20, Richard Tardy, yashyize ahagaragara abakinnyi 19 azifashisha mu mukino wa gicuti uzahuza u Rwanda na Uganda tariki 28/02/2012 kuri Stade Amahoro i Kigali.

Abasifuzi 4 b’Abanyarwandakazi batoranyijwe na FIFA bazashimirwa

Yanditswe ku itariki ya: 21-02-2012 - Saa: 08:30'
Ibitekerezo ( )

Itsinda ry’Abanyarwandakazi bakora akazi ko gusifura umupira w’amaguru batoranyijwe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA), bazambikwa ibirango bya FIFA bibahesha uburenganzira bwo gusifura imikino mpuzamahanga ku mugaragaro tariki 24/02/2012.

Kiyovu Sport na Simba zarananiranywe

Yanditswe ku itariki ya: 19-02-2012 - Saa: 13:43'
Ibitekerezo ( )

Umukino wahuje Kiyovu Sport na Simba yo muri Tanzania warangiye amakipe yombi anganyije iigitego 1-1. Zari zahuriye mu mukino ubanza wa CAF (condederation Cup), wabereye kuri Stade ya Kigali kuri uyu wa Gatandatu tariki 18/02/2012.

U20: u Rwanda ruzakina umukino wa gicuti na Uganda

Yanditswe ku itariki ya: 18-02-2012 - Saa: 11:42'
Ibitekerezo ( )

Mu rwego rwo gutegura amajonjora yo gushaka itike yo kuzakina igikombe cy’Afurika, ikipe y’u Rwanda y’umupira w’amaguru y’abatarengeje imyaka 20 izakina na bagenzi babo ba Uganda tariki 28/02/2012 kuri stade Amahoro i Remera.

U17: Haratoranywa abakinnyi ku nshuro ya nyuma mu mpera z’icyumweru

Yanditswe ku itariki ya: 18-02-2012 - Saa: 11:33'
Ibitekerezo ( )

Icyiciro cya kabiri cy’igeragezwa ry’abana batoya bagomba gutoranywamo abazajya mu ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 17 cyatangiye kuri uyu wa gatandatu tariki 18/02/2012 kuri Stade Amahoro i Remera.

Umutoza wa Nigeria yahamagaye abakinnyi 30 yitegura Amavubi

Yanditswe ku itariki ya: 18-02-2012 - Saa: 10:09'
Ibitekerezo ( )

Umutoza w’ikipe y’igihugu ya Nigeria, Stephen Keshi, yashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi 30 bagomba gukora imyitozo azavanamo abakinnyi 18 bazakina n’Amavubi tariki 29/02/2012.

U Rwanda rwazamutse imyanya ibiri ku rutonde rwa FIFA

Yanditswe ku itariki ya: 16-02-2012 - Saa: 09:13'
Ibitekerezo ( )

Ku rutonde rw’uko ibihugu bukirikirana ku isi mu mupira w’amaguru rwasohotse kuwa gatatu tariki 15/02/2012, u Rwanda ruri ku mwanya wa 108 ku isi no ku mwanya WA 26 muri Afurika, bivuze ko rwazamutseho imyanya ibiri ugereranyije n’ukwezi gushize.

Milutin Micho yazanye abakinnyi bashya mu mu Mavubi

Yanditswe ku itariki ya: 15-02-2012 - Saa: 12:02'
Ibitekerezo ( )

Mu rwego rwo kwitegura umukino uzahuza u Rwanda na Nigeria tariki 29 Gashyantare, umutoza w’Amavubi Milutin Micho yahamagaye abakinnyi 30 barimo abakinnyi 7 bahamagawe bwa mbere mu ikipe y’igihugu.

Nyuma y’imyaka 10 ari impunzi arifuza gukinira u Rwanda

Yanditswe ku itariki ya: 14-02-2012 - Saa: 10:16'
Ibitekerezo ( 3 )

Umusore w’imyaka 20 umaze imyaka 10 abaho nk’impunzi muri Zambia arifuza gutahuka agatanga umusanzu mu iterambere ry’igihugu cyamubyaye akinira ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru.

Pages ... | 64 | 65 | 66 | 67 | 68 | 69 | 70 | 71 | 72 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile