AS Kigali yasezereye APR FC muri ½ mu gikombe cy’Amahoro

Yanditswe ku itariki ya: 3-06-2013 - Saa: 10:12'
Ibitekerezo ( 1 )

AS Kigali bakina ari bakinnyi 10 mu kibuga, bwa mbere mu mateke yayo, yageze ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro nyuma yo gusezerera APR FC iyitsinze penaliti 4-2 mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo tariki 01/06/2013.

Nyanza: Rayon Sports yerekanye igikombe cya shampiyona ibyishimo bisaga abantu

Yanditswe ku itariki ya: 2-06-2013 - Saa: 12:25'
Ibitekerezo ( 14 )

Kuwa gatandatu tariki 01/06/2013 byari ibintu bidasanzwe ubwo ikipe ya Rayon Sports yerekanaga igikombe cya shampiyona yatwaye muri uyu mwaka wa 2013 imbere y’abafana bayo aho iyo kipe ikomoka mu karere ka Nyanza.

Sosiete yo muri Turkiya igiye kubaka stade shya mu Rwanda

Yanditswe ku itariki ya: 31-05-2013 - Saa: 10:08'
Ibitekerezo ( 8 )

Sosiete y’abashoramari bo mu gihugu cya Turkiya yitwa Babilaks Construction Limited yamaze gushiga ibiro byayo mu Rwanda igiye kubaka stade nshya i Gahanga ifite ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi 40.

Eric Abidal n’amarira menshi, yasezeye burundu ku mupira w’amaguru

Yanditswe ku itariki ya: 31-05-2013 - Saa: 09:36'
Ibitekerezo ( 2 )

Uwari myugariro wa FC Barcelona, Umufaransa Eric Abidal wari umaze iminsi afite uburwayi bw’umwijima yatangaje ku mugaragaro n’agahinda kenshi ko asezeye ku mupira w’amaguru.

Iby’umutoza wa Police FC bikomeje kuba urujijo

Yanditswe ku itariki ya: 30-05-2013 - Saa: 11:28'
Ibitekerezo ( )

Nyuma y’aho shampiyona irangiriye, mu Rwanda ndetse no muri Uganda hakwirakwiye amakuru avuga ko Police FC yamaze guha akazi k’ubutoza umunya Uganda Sam Ssimbwa ndetse ko yaba yararangije gusinya amasezerano yo kuzayitoza imyaka ibiri ariko ubuyobozi bw’iyo kipe ntiburashyira ahagaragara ukuri nyako.

AS Kigali nubwo yatwaye igikombe, iracyafite ikibazo cyo kujya gukina hanze

Yanditswe ku itariki ya: 30-05-2013 - Saa: 10:15'
Ibitekerezo ( )

Ikipe ya AS Kigali y’abagore yegukanye igikombe cya shampiyona ku nshuro ya gatanu, iracyafite ikibazo cy’uko yitwara neza mu Rwanda ariko ikaba itajya isohoka ngo ihagararire u Rwanda mu mikino y’igikombe gihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Afurika (CAF Champions League).

Rayon Sport igiye kuzenguruka igihugu yereka abakunzi bayo igikombe

Yanditswe ku itariki ya: 29-05-2013 - Saa: 17:15'
Ibitekerezo ( 2 )

Kuri uyu wa gatandatu tariki 01/06/2013, Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sport buzatangiza kuzengurukana igikombe cya shampiyona iyo kipe iheruka kwegukana, hirya no hino mu turere tw’u Rwanda mu rwego rwo kukimurikira abakunzi bayo.

Neymar yasinye imyaka 5 muri FC Barcelona

Yanditswe ku itariki ya: 28-05-2013 - Saa: 14:50'
Ibitekerezo ( )

Rutahizamu w’ikipe ya Santos yo muri Brazil, Neymar da Silva Santos Júnior w’imyaka 21, yasinye amasezerano y’imyaka itanu yo gukinira ikipe ya Barcelona imuguze miliyoni 30 z’ama Euro.

Rayon Sport irashyikirizwa igikombe cya shampiyona kuri uyu wa Gatandatu

Yanditswe ku itariki ya: 25-05-2013 - Saa: 15:22'
Ibitekerezo ( )

Nyuma y’umukino wa nyuma wa shampiyona uyihuza na Espoir FC kuri Stade Amahoro i Remera kuva saa cyenda n’igice ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 25/05/2013, ikipe ya Rayon Sport irashyikirizwa igikombe cya shampiyona ku nshuro yayo ka karindwi.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
Kwamamaza
rra banner
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile