Ellion Victory arasaba itangazamakuru kwirinda amarangamutima mu kuzamura abahanzi

Yanditswe ku itariki ya: 19-06-2013 - Saa: 17:24'
Ibitekerezo ( )

Umuhanzi Ngarambe Victoire uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Ellion Victory, avuga ko itangazamakuru ryo mu Rwanda rirangwa n’amarangamatima aho rizamura bamwe mu bahinzi batanafite ubuhanga, abandi bagahera hasi.

Anita Pendo aribaza niba abahanzi bagirana ibibazo (beef) hari inyungu byaba bibaha

Yanditswe ku itariki ya: 19-06-2013 - Saa: 17:18'
Ibitekerezo ( )

Abinyujije ku rubuga rwa Facebook, Anita Pendo yagize ati : «Beef hari igihe yinjiza cash mu bindi bihugu ubu ndimo ndibaza niba izo mbona mu bahanzi bacu muri iyi minsi niba zituma bunguka!»

Ibitaramo bya Live muri PGGSS 3 bizagaragaza umuhanzi ushoboye koko

Yanditswe ku itariki ya: 19-06-2013 - Saa: 09:30'
Ibitekerezo ( )

Mu gihe hategerejwe ibitaramo by’umwimerere (live) mu marushanwa ya Primus Guma Guma Super Star 3, abantu banyuranye bakurikiranira hafi umuziki basanga ari ikintu gikomeye kigiye kugaragaza koko umuhanzi w’umuhanga.

Ngoma: Kizito Mihigo yabasusurukije anabakangurira kuzitabira amatora

Yanditswe ku itariki ya: 17-06-2013 - Saa: 10:46'
Ibitekerezo ( )

Abinyujije mucyo yise “umusanzu w’umuhanzi mu burere mboneragihugu ku matora”, umuhanzi Kizito Mihigo ku bufatanye na komisiyo y’igihugu y’amatora, yataramiye Abanyangoma tariki 16/06/2013 abakangurira kwitabira amatora y’abadepite yo muri Nzeri 2013.

Umuhanzikazi Charly yabaye ahagaritse umuziki

Yanditswe ku itariki ya: 14-06-2013 - Saa: 12:42'
Ibitekerezo ( 1 )

Umuhanzikazi Charly wamenyekanye cyane ku ndirimbo ye “Ntawe ukuruta” akaba ari n’umwe mu bahanzi bafasha kuririmba (becking) abahanzi bari mu marushanwa ya Primus Guma Guma Super Star yabaye ahagaritse kuririmba kubera amasomo no kwandika igitabo.

“Ntabwo nahagaritse umuziki burundu kuko ndirimba mu makwe”- Tete Roca

Yanditswe ku itariki ya: 14-06-2013 - Saa: 11:59'
Ibitekerezo ( )

Nyuma y’igihe kinini Tete Roca atigaragaza mu muziki ndetse akaba yari yaranatangaje ko yahagaritse muzika, kuri ubu ngo asigaye aririmba mu makwe, bityo ntiyahagaritse umuziki burundu.

Alexis Dusabe ngo yatangiye imyiteguro kare kugirango igitaramo cye kizabe cyiza

Yanditswe ku itariki ya: 13-06-2013 - Saa: 09:55'
Ibitekerezo ( )

Umuhanzi Alexis Dusabe ufite igitaramo tariki 30/06/2013, avuga ko imyiteguro we n’abandi bahanzi bazaba bari kumwe bayigeze kure kubera ko yihaye intego yo kugirango igitaramo cye kizabe ari ntamakemwa.

Kirehe: Kizito Mihigo yakoze igitaramo cyo gutegura amatora y’abadepite

Yanditswe ku itariki ya: 12-06-2013 - Saa: 09:03'
Ibitekerezo ( )

Umuhanzi Kizito Mihigo hamwe n’abandi bahanzi batandukanye ku bufatanye na komisiyo y’igihugu y’amatora bakoreye igitaramo mu isoko rya Nyakarambi mu karere ka Kirehe mu rwego rwo gusobanurira abaturage amatora y’abadepite ateganijwe mu kwezi kwa cyenda.

Nyamitali ntiyaretse kuririmba indirimbo z’urukundo nk’uko benshi babivuga

Yanditswe ku itariki ya: 11-06-2013 - Saa: 11:59'
Ibitekerezo ( 2 )

Patrick Nyamitali arahakana ko atigeze atangaza ko atazongera kuririmba indirimbo z’urukundo nk’uko ayo makuru yari atangiye gukwira hirya no hino.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
Kwamamaza
rra banner
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile