Ngororero: Abasore babiri bafatanywe udupfunyika 5200 tw’urumogi

Yanditswe ku itariki ya: 20-05-2013 - Saa: 16:04'
Ibitekerezo ( )

Mu mpera z’iki cyumweru twasoje, Katabarwa Filmin na Nyandwi Emervan bafatanwe udupfunyika 5200 tw’urumogi, ubwo bageragezaga kurwambukana bava mu karere ka Nyabihu berekeza mut urere twa Ngororero na Muhanga.

Yafatiwe mu cyuho aha umupolisi ruswa y’ibihumbi 50

Yanditswe ku itariki ya: 20-05-2013 - Saa: 10:04'
Ibitekerezo ( 1 )

Niyomugabo Fabrice w’imyaka 26 yafatiwe mu cyuho ubwo yashakaga guha umupolisi ruswa y’amafaranga ibihumbi 50 kugirango amureke nyuma yo kumufatana urumogi ashaka kurujyana i Kigali.

Kamonyi: Umusore arakekwaho kwica nyina na mushiki we, agahita atoroka

Yanditswe ku itariki ya: 20-05-2013 - Saa: 10:00'
Ibitekerezo ( 1 )

Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki 19/5/2013, hatahuwe mu musarani, umurambo w’umukecuru Mukadeha Agnes w’imyaka 52, n’uw’umukobwa we Mukazamu Josephine; bikaba bikekwa ko bishwe n’umuhungu wa bo Bizimana Janvier, kuri ubu batazi aho aherereye.

Ruhango: Umugore yari yiyahuye kubera umugabo we yanze kumufasha kurera abana

Yanditswe ku itariki ya: 20-05-2013 - Saa: 09:53'
Ibitekerezo ( 2 )

Uwamariya Claudine w’imyaka 29 utuye mu kagari ka Remera umurenge wa Kabagari yahisemo kwiyahuza umuti wa Simikombe awunyoye tariki 18/05/2013 ngo kuko umugabo we Muhindangiga Fulgence w’imyaka 49 yanze kumufasha kurera abana babiri byaranye.

Rutsiro: Mu murenge wa Murunda hongeye kwaduka ubujura

Yanditswe ku itariki ya: 20-05-2013 - Saa: 08:52'
Ibitekerezo ( )

Abajura bari bamaze amezi agera kuri atanu baratanze agahenge mu murenge wa Murunda, bongeye kuyogoza amwe mu mazu y’abaturage, bakaba baribye ahantu hatatu hatandukanye mu ijoro rishyira kuwa kane tariki 16/05/2013.

Burera: Bamennye kanyanga n’urumogi bakangurira urubyiruko kubyirinda

Yanditswe ku itariki ya: 19-05-2013 - Saa: 08:13'
Ibitekerezo ( )

Litiro 180 z’ikiyobyabwenge cya kanyanga, ibiro 8,5 by’urumogi ndetse n’amaduzeni 30 y’inzoga zo mu mashashi zirimo SKYS Vodka nibyo byamenwe mu murenge wa Cyanika, mu karere ka Burera ubwo bakanguriraga urubyiruko rw’abanyeshuri kwirinda ibiyobyabwenge.

Rusizi: Abanga gukora amarondo bihanangirijwe

Yanditswe ku itariki ya: 19-05-2013 - Saa: 08:13'
Ibitekerezo ( )

Abagabo 10 bo mu midugudu itandukanye yo mu murenge wa Nkungu mu karere ka Rusizi banze kurara irondo mu ijoro rishyira tariki 18/05/2013 bituma inzego z’umutekano zibihanangiriza kuko ngo bimaze kuba akamenyero.

Ngoma: Abatwara amagare na moto bakoze urugengo rwo kwamagana ibiyobyabwenge

Yanditswe ku itariki ya: 18-05-2013 - Saa: 10:22'
Ibitekerezo ( )

Abatwara abantu ku ma moto no ku magare bo mukarere ka Ngoma bakoze urugendo rwo kwamagana ibiyobyabwenge, kuri uyu wa Kane tariki 16/05/2013. Babikoze nyuma y’aho rumwe mu rubyiruko rwo muri aka karere rutungwa agatoki kuba arirwo rwinshi runywa ibiyobyabwenge.

Nyirambogo yemera ko amarozi abaho kuko afite ubushobozi bwo kuyavura

Yanditswe ku itariki ya: 17-05-2013 - Saa: 15:12'
Ibitekerezo ( 1 )

Nyirambogo Rose, umugore ukora umwuga w’ubuvuzi gakondo mu karere ka Muhanga avuga ko amarozi abaho nubwo benshi batabyemera kuko we ngo ashobora kuvura bamwe mu barozwe.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile