Imisoro ya RRA izajya irihwa hakoreshejwe ikoranabuhanga gusa

Yanditswe ku itariki ya: 14-06-2013 - Saa: 10:56'
Ibitekerezo ( )

Hagamijwe kurinda abasora urugendo bakoraga bajya ku biro by’ikigo cy’igihugu cy’imisoro (RRA), haba mu rwego rwo kugaragaza imisoro bazishyura (déclaration) cyangwa gutanga impapuro zigaragaza ko bishyuye imisoro, ubu hashyizweho uburyo bwo kuriha hakoreshejwe ikoranabuhanga.

Abayobozi bakuru 10 bafite abantu benshi babakurikira ku rubuga rwa Twitter

Yanditswe ku itariki ya: 27-05-2013 - Saa: 09:27'
Ibitekerezo ( 1 )

Urubuga rwa Twitter rukoreshwa cyane cyane n’abantu bafite inshingano zikomeye mu nzego zitandukanye nk’abayobozi bakuru mu ntumbero yo kumenyekanisha ibyo bakora no guhanahana amakuru n’abantu bo mu gihugu ndetse no ku isi hose.

Facebook igiye kujya yishyuza amafaranga abayikoresha bandikira abo badafitanye ubucuti

Yanditswe ku itariki ya: 14-04-2013 - Saa: 10:49'
Ibitekerezo ( 2 )

Urubuga nkoranyambaga rwa Facebook rwatangiye kwishyuza amafaranga akabakaba ibihumbi 10 ubaze mu mafaranga y’u Rwanda abandikira abo badafitanye ubucuti kuri Facebook nk’igihano kuko baba babavogerera ubuzima.

Ruhango: Gukoresha “document tracking management system” bizakemura ikibazo cy’impapuro

Yanditswe ku itariki ya: 5-04-2013 - Saa: 14:10'
Ibitekerezo ( )

Uburyo bwa document tracking management system bugamije gukemura ikibazo cyo gukoresha impapuro nyinshi bwatangijwe mu karere ka Ruhango tariki 04/04/2013 kandi intego ni uko buzanakomeza bukagera ku rwego rw’akagari.

Rugarika: Yakoze ingufu z’amashanyarazi ashobora gucana amatara 700

Yanditswe ku itariki ya: 30-03-2013 - Saa: 09:36'
Ibitekerezo ( 2 )

Hagenimana Maritini, utuye muri santeri ya Rugarika, mu kagari Nyarubuye, mu karere ka Kamonyi; yakoze ingufu zitanga umuriro w’amashanyarazi, ushobora gucana amatara 700.

Abantu bitabira kugira itumanaho kurusha uko bagira ubwiherero - raporo ya UN

Yanditswe ku itariki ya: 25-03-2013 - Saa: 15:04'
Ibitekerezo ( )

Raporo y’umuryango w’abibumbye igaragaza ko bantu benshi ku isi bashishikajwe no gukoresha itumanaho ryihuse kurusha uko bagira ubwiherero bwiza. Abantu barenga miliyari esheshatu batunze telefoni ariko abafite ubwiherero bwiza ni miliyari enye n’igice.

Amerique: Arizihiza isabukuru y’imyaka 40 akandagiye ku kwezi

Yanditswe ku itariki ya: 14-12-2012 - Saa: 15:37'
Ibitekerezo ( 1 )

Umugabo witwa Eugene Cernan ufite imyaka 78, kuri uyu wa 14/12/2012 arizihiza imyaka 40 ishize akandagiye ku kwezi. Cernan yageze ku kwezi akurikiye Neil Armstrong witabye Imana tariki 25/08/2012 afite imyaka 82.

Gakenke: Akora ifumbire mu mwanda uva mu misarane ya Eco-san

Yanditswe ku itariki ya: 31-10-2012 - Saa: 11:09'
Ibitekerezo ( 4 )

Nsanzimana Albert, umukozi w’akarere ka Gakenke yatangiye ubushakashatsi bwo gukora ifumbire ivuye mu mwanda uva mu misarane ya Eco-San. Iyo myanda ngo ibyara ifumbire nziza iri ku rwego rw’ifumbire mvaruganda kuko iyo uyishyize ku myaka ikura neza.

Nyanza: Umugabo wakoze indege arashaka kongera gukora indi yisumbuyeho

Yanditswe ku itariki ya: 2-10-2012 - Saa: 09:31'
Ibitekerezo ( 43 )

Bazarama Caïthan w’imyaka 33 y’amavuko utuye mu karere ka Nyanza wigeze gukora indege yifashihsije moteri ya moto arashaka kongera gukora indi bitandukanye ariko agasaba ko yaterwa inkunga muri icyo gikorwa.

Pages 1 | 2
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
Kwamamaza
rra banner
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile