Ishuri rikuru rya Kibogora ryemerewe gutangiza irindi shami

Yanditswe ku itariki ya: 11-10-2012 - Saa: 09:12'
Ibitekerezo ( 3 )

Inama y’abaminisitiri yateraniye tariki 10/10/2012 yemereye by’agateganyo ishuri rikuru rya Kibogora (Kibogora Polytechnic) gutangiza ishami ry’uburezi (Education), iry’ubucuruzi n’iterambere (Business and Development Studies), rikazajya ritanga impamyabumenyi y’ikiciro cya kabiri cya kaminuza.

Huye: Abiga imyuga mu Rwabuye bafashwa na JICA bavuga ko kwiga amezi 6 bidahagije

Yanditswe ku itariki ya: 23-09-2012 - Saa: 09:10'
Ibitekerezo ( )

Abanyeshuri biga imyuga mu kigo cyigisha imyuga cyo mu Rwabuye bafashwa na JICA barifuza ko bakongererwa igihe cyo kwiga kuko ngo ubumenyi bahakura ntibutuma babasha guhangana na bagenzi babo baba bize mu gihe cy’umwaka.

Gisagara: Abiga imyuga berekanye ko bahawe ubushobozi bakora ibirenzeho

Yanditswe ku itariki ya: 22-09-2012 - Saa: 12:30'
Ibitekerezo ( )

Abanyeshuri biga imyuga mu kigo cy’Amashuli kitiriwe Mutagatifu Kizito, giherereye mu murenge wa Save akarere ka Gisagara, berekanye ubuhanga bw’ibyo bashoboye gukora mu myuga banagaragaza ingorane bagira zibabuza gukora ibirenzeho.

Ahahoze ESO Butare hazajya higirwa imyuga

Yanditswe ku itariki ya: 19-09-2012 - Saa: 08:59'
Ibitekerezo ( 3 )

Inyubako zahoze ari iz’ishuri rya gisirikari (ESO) zimu mujyi wa Huye ziri guhindurwamo aho kwigirwa imyuga itandukanye kandi ngo bitarenze Ukwakira uyu mwaka amasomo azaba yatangiye.

MINEDUC yemeza ko ibizamini by’imyuga byatangijwe bifite ireme

Yanditswe ku itariki ya: 18-09-2012 - Saa: 16:03'
Ibitekerezo ( )

Ibizamini bijyanye n’ubumenyingiro byatangijwe mu gihugu hose kuri uyu wa kabiri tariki 18/09/2012 ngo bifite ireme kandi birasubiza ikibazo cy’abakozi badahagije, n’ibintu bikenerwa mu buzima bwa buri munsi mu Rwanda; nk’uko Ministeri y’uburezi (MINEDUC) yabitangaje.

Ishuri rikuru rya Kibogora ryemerewe gutangira

Yanditswe ku itariki ya: 10-09-2012 - Saa: 12:56'
Ibitekerezo ( 2 )

Inama y’abaminisitiri yabaye tariki 31/08/2012 yemereye ishuri rikuru rya Kibogora uruhushya rwa burundu rwo gutangiza inyigisho mu byerekeranye n’ubuzima, rikajya ritanga impamyabushobozi z’ikiciro cya mbere cya kaminuza (A1).

Ubuhanga bw’amashuli makuru na za kaminuza mu Rwanda bugiye kujya busuzumwa

Yanditswe ku itariki ya: 31-08-2012 - Saa: 08:59'
Ibitekerezo ( 4 )

Ubwo Minisitiri w’Intebe yafunguraga ku mugaragaro ishami ry’ishuli rikuru ry’abadivantiste rya Kigali (INILAK) riri i Nyanza yatangaje ko amashuli makuru na za kaminuza zo mu Rwanda agiye kujya akorerwa isuzuma kugira ngo harebwe ubuhanga bw’abanyeshuli zishyira ku isoko ry’umurimo.

Minisitiri w’Intebe azataha ishuli rya INILAK i Nyanza

Yanditswe ku itariki ya: 29-08-2012 - Saa: 10:24'
Ibitekerezo ( 2 )

Minisititiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Habumuremyi Pierre Damien, arataha ku mugaragaro ishuli rikuru ryigenga ry’abalayiki b’abadivantiste rya Kigali, ishami rya Nyanza mu muhango uteganyijwe kuba kuri uyu wa kane tariki 30/08/2012.

Kaminuza yo muri Amerika yatangije ishami rya ICT mu Rwanda

Yanditswe ku itariki ya: 24-08-2012 - Saa: 17:19'
Ibitekerezo ( 3 )

Kaminuza yitwa Carnegie Mellon University (CMU) yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yafunguye ishami ryayo rizigisha icyiciro cya gatatu cya kaminuza mu ikoranabuhanga (Masters in ICT) mu Rwanda.

Pages ... | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | 11 | 12 | 13 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile