Ruhango: Ishuri ESSTR rirahakana ko nta kibazo kikirangwamo

Yanditswe ku itariki ya: 5-11-2012 - Saa: 09:39'
Ibitekerezo ( )

Mu gihe bikomeje kuvugwa ko ishuri Ecole Secondaire Sainte Trinite Ruhango (ESSTR) ritagaburira neza ndetse ntirinigishe abanyeshuri neza, ubuyobozi bw’iri shuri burabihakana ahubwo bukavuga ko hari abarezi bigometse ku buyobozi bashaka guharabika isura y’ikigo.

Gasabo: Ababyeyi barasabwa gufasha abana babo kwitegura iki gihe cy’ibizami

Yanditswe ku itariki ya: 3-11-2012 - Saa: 09:46'
Ibitekerezo ( )

Uruhare rw’ababyeyi rurakenewe mu gufasha abana babo kwitegura iki igihe cy’ibizami, kuko hari batsindwa kubera kutubahiriza amasaha yo gusubiramo amasomo, nk’uko byatangarijwe mu gikorwa cyo guhemba abanyeshuri bitwaye neza mu bizami bya Leta by’umwaka ushize, mu karere ka Gasabo.

Abanyeshuri 50 ba ISPG basabye imbabazi ngo bakore ikizami cya Leta barangirwa

Yanditswe ku itariki ya: 1-11-2012 - Saa: 09:25'
Ibitekerezo ( 9 )

Mu banyeshuri 151 ba Institut Superieur Pédagogique de Gitwe bari banze gukora ikizami cya Leta, abagera kuri 50 baje gusa imbabazi ngo bapfe gukora ibizami bisigaye, ariko ubuyobozi bubabwira ko batabifitiye ubushobozi.

Ruhango: Ikizami cya Leta cyagombaga gukorwa n’abanyeshuri 158 cyakozwe na barindwi gusa

Yanditswe ku itariki ya: 30-10-2012 - Saa: 10:50'
Ibitekerezo ( 1 )

Abanyeshuri biga mu ishuri rikuru rya Institut Superieur Pédagogique de Gitwe “ISPG”, banze gukora ikizamini cya Minisiteri y’Ubuzima, bavuga ko bakibatuyeho igitaraganya, kuko babimenyeshejwe hasigaye icyumweru kimwe gusa.

Mu Rwanda hatangijwe ishuri ryigisha gukora filimi, riri ku rwego mpuzamahanga

Yanditswe ku itariki ya: 26-10-2012 - Saa: 09:06'
Ibitekerezo ( 2 )

Ikigo gishinzwe guteza imbere ubumenyingiro (WDA) gifatanyije na Sosiyete ikora filimi y’Abanayamerika (Pixel Corps), kiratangiza kuri uyu wa gatanu tariki 26/10/2012, ishuri ryitwa ADMA ryigisha gukora filimi, ry’intangarugero muri Afurika.

Ruhango: Ishuri ESSTR rirasabwa gushyira imbere ireme ry’uburezi kurusha ubucuruzi

Yanditswe ku itariki ya: 25-10-2012 - Saa: 11:17'
Ibitekerezo ( 2 )

Abanyeshuri n’abarezi barerera mu ishuri ryisumbuye rya Ecole Secondaire Sainte Trinite Ruhango (ESSR) baravuga ko ubuyobozi bw’iri shuri buha agaciro amafaranga aho guteza imbere ireme ry’uburezi.

NUR: Abanyeshuri 3254 bazahabwa impamyabushobozi uyu mwaka

Yanditswe ku itariki ya: 24-10-2012 - Saa: 11:48'
Ibitekerezo ( 1 )

Uyu mwaka, Kaminuza Nkuru y’u Rwanda (NUR) izasohokamo abanyeshuri 3254, bamwe barangije Ao, abandi Masters. Ibirori byo gutanga impamyabushobozi byatangiye tariki 23/10/2012 bikazageza tariki 26/10/2012.

Abanyeshuri ba ISPG bahangayikishijwe n’ikizamini cya MINISANTE

Yanditswe ku itariki ya: 24-10-2012 - Saa: 09:14'
Ibitekerezo ( )

Abanyeshuri barangije icyiciro cya mbere cya kaminuza mu ishami ry’ubuforomo muri Institut Superieur Pédagogique de Gitwe (ISPG) ntibishimiye ko batamenyeshejwe mbere ko uyu mwaka bazakora ikizamini cya Leta gikorwa n’amashuri makuru yigisha igiforomo mu Rwanda.

Huye: Abayobozi b’ibigo by’amashuri barasabwa kurushaho kwita ku burere bw’abanyeshuri

Yanditswe ku itariki ya: 12-10-2012 - Saa: 16:27'
Ibitekerezo ( 1 )

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi, Dr. Harebamungu Mathias, arasaba abayobozi b’ibigo by’amashuri kurushaho kwita ku burere bw’abanyeshuri kubera ko ngo byagaragaye ko hari abayobozi b’ibigo bibera mu byabo ku buryo usanga batakiba mu bigo bayobora.

Pages ... | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | 11 | 12 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile