Kaminuza nkuru y’u Rwanda yongeye kuzamuka ku rutonde rukorwa na Webometrics

Yanditswe ku itariki ya: 20-02-2013 - Saa: 16:58'
Ibitekerezo ( )

Nk’uko urutonde rushya rubyerekana, Kaminuza nkuru y’u Rwanda (NUR) yaje imbere ho imyanya 527 yose ku rutonde rwa za kaminuza aho yavuye ku mwanya wa 4,158 ikajya kuwa 3631 muri za Kaminuza ibihumbi 21 nk’uko urubuga rwa internet rwa kaminuza nkuru y’u Rwanda rubitangaza.

Rutsiro: Abanyeshuri batatu bahanishijwe kwiga bicumbikira kubera ko ngo bashishikarije abandi kwanga igikoma

Yanditswe ku itariki ya: 20-02-2013 - Saa: 10:19'
Ibitekerezo ( 4 )

Abanyeshuri batatu b’abahungu biga mu mwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye mu kigo cya Collège de la Paix Rutsiro bahawe igihano cyo kwirukanwa burundu tariki 07/02/2013 ariko nyuma kiza gusimbuzwa icyo kwiga bicumbikira iminsi isigaye y’igihembwe cya mbere kubera ko byagaragaye ko ngo ari bo batumye abanyeshuri bose bo ku kigo bigumura banga kunywa igikoma.

INILAK yafungiwe aho yigishirizaga i Rwamagana

Yanditswe ku itariki ya: 20-02-2013 - Saa: 10:19'
Ibitekerezo ( 9 )

Abanyeshuri 500 bigiraga mu ishami rya INILAK i Rwamagana basabwe na Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda kutongera kuhakandagiza ibirenge ngo kubera ko aho bigiraga bahahuriraga n’abandi banyeshuri batari aba INILAK.

Rubavu: Abana barenga 900 bataye ishuri mu mwaka wa 2012

Yanditswe ku itariki ya: 19-02-2013 - Saa: 12:13'
Ibitekerezo ( )

Nubwo akarere ka Rubavu kishimira ibikorwa by’uburezi by’umwaka wa 2012 birimo umubare w’abana batsinze hamwe n’ibyumba by’amashuri byubatswe ngo haracyagaragara inzitizi ku burezi zirimo umubare w’abana bata ishuri.

Nyamasheke: Hatashywe ishuri ry’incuke ryubatswe na Banki y’Abaturage

Yanditswe ku itariki ya: 15-02-2013 - Saa: 16:27'
Ibitekerezo ( )

Ishuri ry’Incuke ry’icyitegererezo ryubatswe na Banki y’Abaturage y’u Rwanda mu nyungu z’abakiriya bayo ryatashywe ku mugaragaro kuri uyu wa gatanu, tariki 15/02/2013 mu kagari ka Kibogora, umurenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke.

Ibigo byigisha ubumenyi ngiro birasabwa kugira uruhare mu iterambere ry’agace bikoreramo

Yanditswe ku itariki ya: 9-02-2013 - Saa: 09:40'
Ibitekerezo ( )

Ubwo yasuraga ikigo cya Tumba college of Technology giherereye mu karere ka Rulindo, tariki 08/02/2013, Minisitiri w’Uburezi yasabye ko ikigo nk’iki kigisha ubumenyi ngiro cyakagombye kugira uruhare mu iterambere ry’akarere bityo ibyo bigisha bikagirira abaturage umumaro.

Muhanga: Ababyeyi barinubira ko bishyuzwa amafaranga mu mashuri Leta yagize ubuntu

Yanditswe ku itariki ya: 2-02-2013 - Saa: 14:16'
Ibitekerezo ( 1 )

Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo, barinubira ko bishyuza abana babo amafaranga y’ishuri mu byiciro n’amashuri, mu gihe Leta y’u Rwanda ivuga ko uburezi kuva mu mashuri abanza kugeza ku myaka 12 y’uburezi bw’ibanze ari ubuntu.

Muhanga: Ababyeyi barinubira ko bishyuzwa amafaranga mu mashuri Leta yagize ubuntu

Yanditswe ku itariki ya: 2-02-2013 - Saa: 11:31'
Ibitekerezo ( )

Bamwe mu babyeyi bo mu karere ka Muhanga mu ntara y’Amajyepfo, barinubira ko bishyuza abana babo amafaranga y’ishuri mu byiciro n’amashuri, mu gihe Leta y’u Rwanda ivuga ko uburezi kuva mu mashuri abanza kugeza ku myaka 12 y’uburezi bw’ibanze ari ubuntu.

Rubavu: Hatangijwe ishuri ryakira abana bafite ubumuga n’abatabufite

Yanditswe ku itariki ya: 1-02-2013 - Saa: 12:44'
Ibitekerezo ( )

Ubumwe Community Center ikorera mu karere ka Rubavu yatangije ishuri rihuriwemo n’abana bafite ubumuga n’abatabufite kugira ngo abana bafite ubumuga bareke kugira imfunwe no guhabwa akato ko kwiga bonyine.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
Kwamamaza
rra banner
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile