I Kigali hagiye gutangizwa ishuri ryigisha gutunganya ubwiza bw’umubiri

Yanditswe ku itariki ya: 8-06-2012 - Saa: 10:58'
Ibitekerezo ( 1 )

Mu rwego rwo guteza imbere umwuga wo gutunganya ubwiza bw’umubiri, ishuri ryigisha gutunganya ubwiza bw’umubiri ryitwa “Universal Beauty Academy (UBA)” riri i Kimironko mu mujyi wa Kigali rizatangizwa mu kwezi gutaha kwa Nyakanga.

Abanyeshuri biga hanze barahamagarirwa kwiga ibitigishwa mu Rwanda

Yanditswe ku itariki ya: 6-06-2012 - Saa: 18:02'
Ibitekerezo ( )

Mu kiganiro Minisitiri w’Uburezi, Dr Vincent Biruta, yagiranye n’abanyeshuri biga mu mahanga tariki 05/06/2012 yabasabye kwiga amasomo atigishwa mu Rwanda kandi acyenerwa gukoreshwa mu Rwanda kugira ngo bafashe u Rwanda kuzamura iterambere n’ubumenyi.

Ishuri rya St François d’Assise ryafashe ingamba zo kongera abana bajya muri za kaminuza

Yanditswe ku itariki ya: 3-06-2012 - Saa: 11:43'
Ibitekerezo ( )

Mu nama rusange yahuje ababyeyi barerera mu ishuri St François d’Assise de Shangi, ubuyobozi bw’iki kigo bwavuze ko nyuma yo kutishimira uko abana batsinze kuko abagiye muri kaminuza ari bake n’ubwo babonye impamyabumenyi bose.

Abayobozi b’ibigo by’amashuri mu ntara y’Amajyaruguru barasabwa kuba mu bigo bayobora

Yanditswe ku itariki ya: 19-05-2012 - Saa: 14:17'
Ibitekerezo ( )

Ushinzwe uburezi mu ntara y’Amajyaruguru arasaba abayobozi b’ibigo by’amashuri yisumbuye muri iyo ntara, kuba ku bigo bayobora kugira ngo bagenzure ibijyanye n’uburezi kuri ibyo bigo, bityo ireme ry’uburezi ryiyongere.

Abanyarwanda bifuza kwiga ikiciro cya 3 cya kaminuza bakiyambaza TWAS

Yanditswe ku itariki ya: 24-04-2012 - Saa: 18:16'
Ibitekerezo ( )

Umuyobozi w’umuryango mpuzamahanga ushinzwe guteza imbere ubumenyi n’ikoranabuhanga mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere (TWAS), Professeur Romain Murenzi, arakangurira abacyeneye kwiga icyiciro cya 3 cya kaminuza mu bumenyi n’ikoranabuhanga kugana uwo muryango ukabafasha.

Nyagatare: Ubuyobozi bw’akarere burahumuriza abarimu batarahembwa

Yanditswe ku itariki ya: 10-04-2012 - Saa: 12:00'
Ibitekerezo ( )

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyagatare buratangaza ko kuba bamwe mu barimu bashya batangiranye n’umwaka w’amashuri 2012 batarahembwa byatewe n’amadosiye yabo yakerewe kugera muri serivisi ishinzwe imishahara ariko ubu barimo kureba uko bakemura iki kibazo ku buryo bwihuse.

Muhanga: abarimu 18 bahagaritswe kwigisha mu mashuri yisumbuye

Yanditswe ku itariki ya: 30-03-2012 - Saa: 17:21'
Ibitekerezo ( 4 )

Kuva muri uku kwezi kwa Werurwe 2012, abarimu 18 batari bujuje ibisabwa na Minisiteri y’uburezi kugirango babe bakwigisha mu mashuri yisumbuye bahagaritse ku mirimo y abo; nk’uko bitangazwa n’umuyobozi w’akarere ka Muhanga, Mutakwasuku Yvonne.

Uburezi budaheza bwatumye abana babana n’ubumuga bava mu bwigunge

Yanditswe ku itariki ya: 26-03-2012 - Saa: 19:15'
Ibitekerezo ( )

Muri gahunda y’uburezi budaheza, abana babana n’ubumuga bigira mu mashuri asanzwe ariko bagakurikiranwa ku buryo bw’umwihariko kuko hari ibyo ubumuga bwa bo butabemerera gukora.

ICK: Abanyeshuri barasaba Leta guha buruse abo muri kaminuza zigenga

Yanditswe ku itariki ya: 16-03-2012 - Saa: 14:19'
Ibitekerezo ( )

Abanyeshuri bagera kuri 359 barangije mu mashami atatu yo mu ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) bahawe impamyabumenyi kuri uyu wa gatanu tariki 16 Werurwe 2012. Basabye Leta ko yajya iha buruse zo kujya kwiga hanze abanyeshuri bo mu mashuri yigenga bagize amanota menshi nk’uko bigenda muri za kaminuza za Leta.

Pages ... | 9 | 10 | 11 | 12 | 13 | 14 | 15 | 16 | 17 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
Kwamamaza
rra banner
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile