Hari icyizere ko ubugumba bugiye kubonerwa umuti

Yanditswe ku itariki ya: 8-10-2012 - Saa: 11:04'
Ibitekerezo ( )

Abashakashatsi bo muri Japan babashije gukora amagi bifashishije ingengabuzima (cellules) bavanye mu mbeba, ayo magi ngo yagaragaje ubushobozi bwo kuba yafasha abantu bafite ubugumba bakabasha kubyara.

Guverinoma irashima ubumenyi butangirwa mu ishuri ry’abaforomo rya Rwamagana

Yanditswe ku itariki ya: 7-10-2012 - Saa: 09:19'
Ibitekerezo ( 1 )

Minisitiri w’Intebe mu Rwanda, Dr Pierre Damien Habumuremyi yatangarije i Rwamagana ko Guverinoma na Perezida wa Repubulika bashima umusaruro mwiza ishuri ry’abaforomo n’ababyaza rya Rwamagana ritanga mu buzima bw’igihugu.

Ubushakashatsi bwagaragaje ko uruhinja rukiri munda rumenya ibibera ku isi

Yanditswe ku itariki ya: 5-10-2012 - Saa: 09:45'
Ibitekerezo ( )

Ubushakashatsi bwerekanye ko iyo agahinja kakiri mu nda ya nyina gashobora kumenya bimwe mu bibera ku isi kabone n’ubwo kaba kakiri gatoya cyane.

Kandagira Ukarabe zisigaye hacye

Yanditswe ku itariki ya: 28-09-2012 - Saa: 17:40'
Ibitekerezo ( 1 )

Ahantu henshi hageze gahunda ya kandagira ukarabe muri gahunda ngari yo kwimakaza umuco w’isuku, ariko kuri ubu usanga ahenshi ibikoresho byari byarashyizweho iyo kandagira ukarabe bitakiharangwa ahandi ukahasanga utujerikani turimo ubusa cyangwa twaboreyemo amazi.

Abagabo b’inkone bashobora kwiyongeraho imyaka 14 yo kubaho ugereranije n’abatari inkone

Yanditswe ku itariki ya: 27-09-2012 - Saa: 18:29'
Ibitekerezo ( )

Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara n’abashakashatsi b’Abanyamerika bagize amatsiko yo gukurikirana igisekuruza cy’ubwami muri Koreya bwatanze umwanzuro w’uko abagabo b’inkone barama imyaka 14 kurusha abadasiramuye.

Buri munsi ababyeyi ibihumbi 800 bapfa babyara - UNFPA

Yanditswe ku itariki ya: 25-09-2012 - Saa: 17:41'
Ibitekerezo ( )

Ishami ry’umuryango W’abibumbye ryita ku iterambere ry’abaturage (UNFPA) ritangaza ko kutita ku buzima bw’imyororokere bitera ingaruka nyinshi zirimo impfu z’ababyeyi basaga ibihumbi 800 bapfa babyara buri munsi ku isi.

Nyamasheke: FASACO irahugura abakangurambaga bazayifasha guhugura urubyiruko ku cyorezo cya SIDA

Yanditswe ku itariki ya: 25-09-2012 - Saa: 12:32'
Ibitekerezo ( )

Ihuriro ry’amashyirahamwe agenzura uko serivisi z’ubuzima zihabwa abaturage mu bigo nderabuzima no mu bitaro mu karere ka Nyamasheke na Rusizi (FASACO) riri guhugura abakangurambaga b’urungano bazarifasha guhugura urubyiruko ruri hagati y’imyaka 14 na 24 ku kurwanya icyorezo cya SIDA n’indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina.

Rusizi: Umwana yapfiriye mu nda ya nyina kubera kumurangarana

Yanditswe ku itariki ya: 20-09-2012 - Saa: 17:13'
Ibitekerezo ( 9 )

Mukaniragire Soumaya arashinja abaforomo bo ku kigo nderabuzima cya Gihundwe kumurangarana bigatuma umwana amupfira mu nda ubwo yajyagayo tariki 18/09/2012.

Abafite akaboko kamwe babonewe agakingirizo gafungurwa n’ikiganza kimwe

Yanditswe ku itariki ya: 17-09-2012 - Saa: 17:41'
Ibitekerezo ( )

Umugabo witwa Ben Pawle yakoze agakingirizo k’abagabo gafunguzwa gusa ikiganza kimwe, mu rwego rwo korohereza abafite ubumuga bwo kugira akaboko kamwe.

Pages ... | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | 11 | 12 | 13 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile