Ngororero: Hakozwe uturima tw’igikoni 2900 mu kwezi kumwe

Yanditswe ku itariki ya: 12-11-2012 - Saa: 11:38'
Ibitekerezo ( )

Mu rwego rwo gukomeza gukangurira abatuye akarere ka Ngororero kugira akarima k’igikoni muri buri rugo, ibikorwa byo gufasha abatishoboye byakoze uturima tw’igikoni 2900 mu kwezi kwahariwe umuryango.

Nyanza: Ibigo by’amashuli bihura n’ihungabana birahugurwa ku buryo bwo kurikumira

Yanditswe ku itariki ya: 7-11-2012 - Saa: 14:24'
Ibitekerezo ( )

Ibigo 11 by’amashuli yisumbuye byo mu karere ka Nyanza bikunze guhura n’ikibazo cy’ihungabana rituruka ku ngaruka za Jenoside byatangiye guhabwa amahugurwa y’uburyo bwo kurirwanya no kurikumira.

Gakenke: Amabagiro atagendanye n’igihe abangamiye abaturage bo mu kagali ka Gasiza

Yanditswe ku itariki ya: 4-11-2012 - Saa: 07:31'
Ibitekerezo ( )

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muyongwe, Habanabakize Jean Claude atangaza ko amabagiro ashaje yubatswe mu Kagali ka Gasiza, Umurenge wa Muyongwe abangamiye abaturage kuko ateza umwanda kandi akaba yubatse mu muhanda.

Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe uhangayikishijwe n’ubuziranenge bw’ibiribwa byinjira muri Afurika

Yanditswe ku itariki ya: 30-10-2012 - Saa: 07:55'
Ibitekerezo ( 1 )

Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU) n’u Rwanda by’umwihariko, bifite impungenge ku buziranenge bw’ibiribwa abaturage barya biturutse hanze, nk’uko babitangaje ubwo bemezaga ko bi biribwa bigomba kujya bigenzurwa, kuri uyu wa Mbere tariki 29/10/2012.

Musanze: Urubyiruko ruributswa gukoresha agakingirizo mu kwirinda Sida

Yanditswe ku itariki ya: 27-10-2012 - Saa: 11:02'
Ibitekerezo ( )

Urubyiruko ruturuka mu mirenge itandukanye igize akarere ka Musanze, rwahuguriwe ko gukoresha agakingirizo atari uburyo bwitabazwa igihe kwifata byananiranye, ahubwo ko ubwo kwirinda SIDA n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina.

Kabarondo: Abakorerabushake ba JICA bigishije abanyeshuri gukaraba intoki

Yanditswe ku itariki ya: 16-10-2012 - Saa: 13:38'
Ibitekerezo ( )

Abanyeshuri bo mu ishuri ry’uburezi bw’ibanze bw’imyaka icyenda, Kabarondo B, bigishijwe uburyo bwiza bwo gukaraba intoki n’abakorerabushake b’ikigo cy’Abayapani gishinzwe umubano mpuzamahanga cya JICA.

Musanze: Umubyeyi yabyaye abana bane

Yanditswe ku itariki ya: 15-10-2012 - Saa: 16:36'
Ibitekerezo ( 3 )

Nyirakanyana Francoise w’imyaka 36 yibarutse abana bane, mu ijoro rishyira tariki 15/10/2012, bose bakaba bameze neza gusa bari mu byuma byabugenewe kugira ngo babashe kuzuza ibiro bisabwa ngo bahabwe ababyeyi babo.

Abakiristu batinya gukoresha agakingirizo ngo batarebwa nabi n’abayobozi b’amadini

Yanditswe ku itariki ya: 11-10-2012 - Saa: 16:18'
Ibitekerezo ( 1 )

Hari abakirisitu batinya gukoresha agakingirizo ngo batarebwa nabi n’abayobozi b’amadini basengeramo ariko ntibibabuze gusambana. Uko kwanga ko hagira umuntu ubabona bagura agakingirizo bituma bamwe mu bayoboke b’amadini bakora imibonano mpuzabitsina idakingiye.

Rubavu: Gutanga ubutumwa kuri SIDA biciye mu mbyino biritabirwa kurusha ibiganiro

Yanditswe ku itariki ya: 9-10-2012 - Saa: 09:48'
Ibitekerezo ( )

Ikigo cy’urubyiruko cya Rubavu cyahisemo kujya gikoresha amarushanwa y’imbyino n’imyidagaduro mu gishishikariza urubyiruko kwitabira ibiganiro bibahamagarira kwirinda SIDA.

Pages ... | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | 11 | 12 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile