Muhanga: Umwanda uturuka muri Hotel Brothers’ INN ubangamiye abagenzi

Yanditswe ku itariki ya: 28-11-2012 - Saa: 15:23'
Ibitekerezo ( )

Muri hotel Brothers’INN iherereye mu mujyi wa Muhanga ahitwa i Gahogo hasohokamo amazi y’umukara kandi anuka akagera mu muferege wo ku muhanda wa kaburimbo ku buryo ubangamira abahanyura cyne cyane abanyamaguru.

Bugesera: Ababyeyi barasabwa kwita ku isuku y’abana babo

Yanditswe ku itariki ya: 24-11-2012 - Saa: 09:01'
Ibitekerezo ( )

Ababyeyi bo mu karere ka Bugesera barasabwa kwita ku isuku y’abana babo, kuko usanga henshi mu byaro byo mu Rwanda hariabana batameserwa imyenda ntibanabakarabye. Icyo bikiyongeraho n’isuku nke y’aho barara.

Gisagara: Kwita ku bafite uburwayi bwo mutwe bizafasha kongera isuku

Yanditswe ku itariki ya: 22-11-2012 - Saa: 11:36'
Ibitekerezo ( )

Mu rwego rwo kongera isuku mu karere ka Gisagara, hemejwe ko hagiye gukorwa ibarura ry’abantu baba ku mihanda bafite ikibazo cy’uburwayi bwo mu mutwe, bityo bazitabweho uko bikwiye kuko akenshi aribo bakunze kugaragara bafite umwanda bikitirirwa akarere kose.

Ngororero: Yibarutse impanga eshatu akarere karamuhemba

Yanditswe ku itariki ya: 20-11-2012 - Saa: 19:40'
Ibitekerezo ( 2 )

Yamfashije Claudine w’imyaka 25 wo mu murenge wa Kavumu akagari ka Tetero, yibarutse abahungu babiri n’umukobwa tariki 19/11/2012, akarere kamuhemba amafaranga 97600 n’ubwisungane mu kwivuza by’abana n’ababyeyi.

Kuwa 19 Ugushyingo; Umunsi mpuzamahanga w’imisarane (toilettes)

Yanditswe ku itariki ya: 19-11-2012 - Saa: 17:39'
Ibitekerezo ( )

Nubwo hakiri abantu batinya kuvuga ibirebana n’imisarane cyane cyane kubera ko ifatwa nk’ahantu h’umwanda, ku itariki ya 19 Ugushyingo ni umunsi mpuzamahanga w’imisarane.

Ruhango: Barigishwa ururimi rw’amarenga ngo bajye bafasha abafite ubumuga bwo kutumva

Yanditswe ku itariki ya: 19-11-2012 - Saa: 13:59'
Ibitekerezo ( )

Umuryango w’abagore babana n’ubumuga bwo kutumva mu Rwanda watangije igikorwa cyo kwigisha ururimi rw’amarenga inzego zitandukanye zikorera mu karere ka Ruhango, hagamijwe kugirango zijye zifasha ababana n’ubumuga mu bibazo bahura nabyo.

Nyamagabe: Akarere kizeye kugeza amazi meza ku baturage basaga 8000 muri uyu mwaka

Yanditswe ku itariki ya: 13-11-2012 - Saa: 12:54'
Ibitekerezo ( )

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamagabe buremeza ko bizagera muri Nyakanga 2013 abaturage 8540 bagejejweho amazi meza nubwo kugeza ubu abamaze kuyabona ari 85 gusa. Icyi kizere ngo kiraterwa nuko imishinga izageza aya mazi meza ku baturage iri gukurikiranwa.

NUR-CGIS: Bari kwiga uko ibijyanye n’ubuzima byerekanwa ku ikarita

Yanditswe ku itariki ya: 13-11-2012 - Saa: 09:18'
Ibitekerezo ( 3 )

Abagore n’abagabo 20 baturuka mu bihugu birindwi bya Afurika bateraniye mu Kigo cya Kaminuza Nkuru y’u Rwanda gishinzwe ikoranabuhanga rishingiye ku bumenyi bw’isi (CGIS) biga uko ikoranabuhanga rishingiye ku bumenyi bw’isi ryifashishwa mu gukemura ibibazo bijyanye n’ubuzima.

Impamvu abantu bakenera kwayura

Yanditswe ku itariki ya: 12-11-2012 - Saa: 15:01'
Ibitekerezo ( )

Abashakashatsi b’urubuga YouTube/Vsauce rushyira ahagaragara amashusho y’ingingo zakozweho ubushakashatsi mu bya siyansi bavuga ko kwayura bidaterwa n’uko umwuka uba wabaye muke ahantu umuntu wayura aherereye, nk’uko bamwe babikeka.

Pages ... | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | 11 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile