Abavandimwe batatu bavutse ari ibikuri ariko ntibibabuza kwitunga

Yanditswe ku itariki ya: 14-12-2012 - Saa: 10:27'
Ibitekerezo ( 6 )

Abavandimwe batatu, abakobwa babiri n’umuhungu batuye mu Mudugudu wa Bunyeronko, Akagali ka Gakindo, Umurenge wa Janja mu Karere ka Gakenke bavutse ari ibikuri ariko ntibibabuza kwirwanaho mu buzima bwabo bwa buri munsi bakabasha kwitunga.

Abayapani ni aba mbere mu buzima bwiza no kuramba

Yanditswe ku itariki ya: 14-12-2012 - Saa: 10:13'
Ibitekerezo ( )

Nubwo nta muntu urabasha kumenya impamvu ibitera, ubushakashatsi bugaragaza ko Abayapani baramba kurusha abandi bantu ku isi.

Nyabihu: Abafite ubumuga biyemeje gukoresha neza inkunga ya miliyoni 36 bahawe

Yanditswe ku itariki ya: 12-12-2012 - Saa: 14:32'
Ibitekerezo ( )

Mu rwego rwo kwita ku bafite ubumuga, abo mu karere ka Nyabihu bahawe inkunga zitandukanye zirimo amafaranga azabafasha kwiteza imbere ndetse n’amagare azafasha bamwe muri bo bafite ubumuga bw’ingingo.

Nyanza: Umurenge wa Mukingo ugiye guhabwa ikigo nderabuzima cya Leta

Yanditswe ku itariki ya: 11-12-2012 - Saa: 15:16'
Ibitekerezo ( )

Mu mateka yaho, abaturage b’umurenge wa Mukingo mu karere ka Nyanza bagiye guhabwa ikigo nderabuzima bazajya bivurizaho batarinze kujya mu mavuriro yigenga.

Ibihumyo byabibagije kurya inyama

Yanditswe ku itariki ya: 7-12-2012 - Saa: 09:40'
Ibitekerezo ( )

Abagore b’Abasilamu bagize ishyirahamwe ry’abahinzi b’ibihumyo bo mu Karere ka Gicumbi baratangaza ko ibihumyo byabibagije kurya inyama kuko byifitemo intungamubiri nyinshi kandi ntihenda nk’inyama.

Inyama z’imbeba zatumye anoza imirire mu rugo rwe

Yanditswe ku itariki ya: 6-12-2012 - Saa: 09:26'
Ibitekerezo ( )

Mu rugo rwa Ntaganzwa Vincent utuye mu murenge wa Nyankenke mu Karere ka Gicumbi hacitse indwara zituruka ku mirire mibi abikesha inyama z’imbeba za kizungu.

Ababyeyi bonsa bajyana impinja mu mahugurwa birabagora

Yanditswe ku itariki ya: 5-12-2012 - Saa: 12:03'
Ibitekerezo ( )

Ababyeyi bafite abana bonka bitabira amahugurwa abera kure y’aho batuye biba ngombwa ko bajyana abana babo ndetse bakitwaza n’abakozi bo mu rugo bashinzwe kubarera ariko abo bana ntibabaho neza nk’uko bisanzwe.

Rusizi: Hoteri ebyiri zafunzwe kubera isuku nke

Yanditswe ku itariki ya: 29-11-2012 - Saa: 11:47'
Ibitekerezo ( )

Hotel du Lac na Hotel Ten to Ten na Restaurant la Gastronome byafunzwe na komisiyo y’akarere ka Rusizi ishinzwe kugenzura isuku tariki 28/11/2012 kubera bafite umwanda ukabije bikaba byagira ingaruka ku buzima bw’abantu.

Musanze: Hatashywe ibikorwa by’isuku ku kigo cy’amashuri cya Nyamagumba

Yanditswe ku itariki ya: 29-11-2012 - Saa: 08:20'
Ibitekerezo ( )

Ibikorwa by’isuku n’isukura birimo ibigega by’amazi ndetse n’ibyumba by’ubwiherero 51 byubatswe ku bufatanye n’umushinga w’Abanyamerika witwa DIC, byatashwe ku mugaragaro tariki 27/11/2012, aho ababihawe basabwe kubiha agaciro bikwiye babirinda kwangirika.

Pages ... | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile