Abanyamakuru bari kwigishwa gucengeza kuringaniza urubyaro

Yanditswe ku itariki ya: 5-02-2013 - Saa: 10:10'
Ibitekerezo ( )

Minisiteri y’Ubuzima yatangiye kwigisha abanyamakuru bakorera mu Rwanda gahunda yo kuringaniza urubyaro n’uko ishyirwa mu bikorwa hagamijwe gusakaza kurushaho imikorere y’iyo gahunda no kuyicengeza mu Baturarwanda kurushaho hifashishijwe itangazamakuru.

Rubavu: Ababana n’ubwandu wa SIDA bashima Haguruka ubufasha yabahaye mu mibanire

Yanditswe ku itariki ya: 4-02-2013 - Saa: 14:49'
Ibitekerezo ( )

Ababana n’ubwandu bwa SIDA bo mu karere ka Rubavu umurenge wa Rubavu bashima ubufasha bw’umuryango Haguruka mu kubigisha imibanire n’imiryango kuko byacyemuye ikibazo cyo kutumvikana mu miryango.

Kuki abantu bakuze ari bo banywa itabi ry’igikamba

Yanditswe ku itariki ya: 30-01-2013 - Saa: 10:33'
Ibitekerezo ( 3 )

Abasaza n’abakecuru bakunda kunywa itabi ry’ibibabi rizwi nk’ “igikamba” kuko ngo mu mabyiruka yabo basanze ari ryo tabi ababyeyi babo banywa nabo batangira kumenyera kurinywa gutyo.

Burera: Abanyakagogo barasabwa guhindura imyumvire bagatanga Mitiweri

Yanditswe ku itariki ya: 27-01-2013 - Saa: 10:01'
Ibitekerezo ( )

Umuyobozi w’akarere ka Burera arashishikariza abaturage bo mu murenge wa Kagogo gutanga amafaranga y’ubwisungane mu kwivuza (Mituelle de Santé) kuko uwo murenge uza mu ya nyuma mu kuyatanga.

Abasakambura fibrociment baracyagaragaza ubushishozi bucye mu kubikora

Yanditswe ku itariki ya: 23-01-2013 - Saa: 10:30'
Ibitekerezo ( 1 )

Bamwe mu bakora akazi ko gusakambura amazu asakajwe ibisenge bya Fibrociment bagenda bahura n’impanuka zishobora kwanduza abaturage, bikiyongeraho na bamwe mu badafata umwanya wo gutangaza igihe ibikorwa bizakorerwa kugira ngo abahegereye birinde.

Kamonyi: Yirukanywe mu mudugudu azira kutita ku bana be

Yanditswe ku itariki ya: 19-01-2013 - Saa: 11:41'
Ibitekerezo ( 3 )

Hashize ibyumweru bibiri uwitwa Nyiraneza Chantal yirukanywe mu mudugudu wa Nyagasozi, akagari ka Gihinga , mu murenge wa Gacurabwenge, akarere ka Kamonyi, akavuga ko yazize ko abana be barwaye bwaki ariko ubuyobozi bukemeza ko atabitagaho.

Musanze : Uwabyaye abana bane arasaba kubakirwa inzu yo kubarereramo

Yanditswe ku itariki ya: 16-01-2013 - Saa: 11:11'
Ibitekerezo ( 1 )

Abana bane babyawe na Nyirakanyana Francoise wo mu karere ka Musanze bujuje amezi atatu kuwa kabiri tariki 15/01/2013. Uyu mubyeyi avuga ko abo bana bameze neza gusa agasaba ko yakubakirwa inzu, kuko iyo abatujemo atari iye.

Musanze: Igikoni cya hotel Home Inn cyafunguwe nyuma y’icyumweru kidakora

Yanditswe ku itariki ya: 9-01-2013 - Saa: 10:03'
Ibitekerezo ( 1 )

Nyuma y’uko igikoni cya hotel Home Inn ibarizwa mu karere ka Musanze gifunzwe biturutse ku isuku nke, ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki 08/01/2013 cyongeye gufungurwa, nyuma yo gushyira mu bikorwa ibyo basabwe gukosora.

Muhanga: Boulangerie yafunzwe kubera umwanda ukabije ifite

Yanditswe ku itariki ya: 7-01-2013 - Saa: 13:56'
Ibitekerezo ( )

Mu gikorwa cyo kugenzura isuku n’imikorere y’ibikorwa biri mu karere ka Muhanga, abagize itsinda rikora igenzura bafunze buranjeri ikora imigati yitwa “Boulangerie Welcome” kubera umwanda mwinshi.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
Kwamamaza
rra banner
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile