Bugesera: Bamwe mu bagore ntibasobanukiwe n’ikoreshwa ry’agakingirizo k’abagore

Yanditswe ku itariki ya: 26-02-2013 - Saa: 10:19'
Ibitekerezo ( )

Bamwe mu bagore batuye mu karere ka Bugesera baratangaza ko batazi gukoresha agakingirizo k’abagenewe yewe ngo hari n’abatarakabona namba.

Abagide bagiye guhangana n’izamuka ry’imfu z’abana n’ababyeyi

Yanditswe ku itariki ya: 20-02-2013 - Saa: 15:26'
Ibitekerezo ( 1 )

Alexia Nkurunziza, Komiseri Mukuru w’Umuryango w’Abagide mu Rwanda (AGR), aratangaza ko mu mwaka wa 2013 bagiye guhangana n’imfu z’abana n’ababyeyi ziri kugenda ziyongera cyane cyane mu byaro.

U Rwanda ruza ku mwanya wa mbere ku isi aho ababyeyi bonsa abana babo

Yanditswe ku itariki ya: 19-02-2013 - Saa: 10:13'
Ibitekerezo ( )

U Rwanda ruza ku mwanya wa mbere ku isi, aho ababyeyi bonsa abana babo nk’uko biri mu cyegeranyo cyashyizwe ahagaragara kuwa 18/01/2012 n’ishyirahamwe ry’abagiraneza Save the Children.

Ngoma: Barifuza gutanga ubuhamya bufasha ababana n’agakoko ka SIDA kwiteza imbere

Yanditswe ku itariki ya: 14-02-2013 - Saa: 15:26'
Ibitekerezo ( )

Abanyamuryango ba koperative “Dukore” y’ababana na Vurusi itera SIDA mu murenge wa Karembo mu karere ka Ngoma bavuga ko bashaka kuzenguruka hirya no hino batanga ubutumwa buhumuriza abagize ibyago byo kwandura SIDA ,ngo biteze imbere.

Rusizi: Ababyeyi barasabwa kwigisha abana urukundo nyakuri

Yanditswe ku itariki ya: 11-02-2013 - Saa: 11:49'
Ibitekerezo ( )

Ababyeyi bo mu karere ka Rusizi barasabwa gushishikariza abana gukura bazi gutandukanya urukundo nyakuri n’urukundo rubabeshya kuko ari byo bizabafasha mu guhagarika ubwandu bushya bwa SIDA mu rubyiruko no mu muryango nyarwanda.

Burera: Imbuto Fundation isaba abaturage kwirinda SIDA bipimisha ku bushake

Yanditswe ku itariki ya: 9-02-2013 - Saa: 09:00'
Ibitekerezo ( )

Imbuto Foundation irashishikariza abaturage bo mu karere ka Burera kwirinda icyorezo cya SIDA bipimisha ku bushake kugira ngo bamenye uko bahaze bityo bahangane n’ubwandu bushya bw’icyo cyorezo.

Gicumbi: Resitora zimwe zarafunzwe kubera umwanda

Yanditswe ku itariki ya: 7-02-2013 - Saa: 11:15'
Ibitekerezo ( 1 )

Amaresitora ane yo mu karere ka Gicumbi (Giramata, Restaurant ya La Confiance, New STAR RESTAURANT na BAR ahahoze ari OBEX) yafunzwe tariki 06/02/2013 kubera umwanda wo mu bikoni no mu bwiherero.

Igishishwa cy’imizi ya moringa gishobora gutuma ubwonko buhagarara gukora

Yanditswe ku itariki ya: 6-02-2013 - Saa: 09:41'
Ibitekerezo ( )

Umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe ubushakashatsi (IRST), Dr. Nduwayezu Jean Baptiste, arahamagarira abantu kudakoresha moringa uko babonye, kuko igishishwa cy’imizi ya yo gishobora gutuma ubwonko buhagarara gukora.

IRST yasohoye igitabo gikubiyemo ibimera gakondo byakwifashishwa nk’ibiryo

Yanditswe ku itariki ya: 5-02-2013 - Saa: 15:08'
Ibitekerezo ( 1 )

Igitabo gikubiyemo ibimera gakondo byagirira akamaro ababyifashisha nk’ibiryo, Nutritional Potentials of Wild Edible Plants of Rwanda, cyashyizwe ahagaragara n’ikigo IRST kuri uyu wa 04/02/2012.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile