Mukarange: Abanyeshuri batumye kwishyura mitiweli bigerwaho 100%

Yanditswe ku itariki ya: 9-02-2012 - Saa: 10:13'
Ibitekerezo ( )

Umukozi ushinzwe ubwisungane mu kwivuza (mituelle de santé) mu kigo nderabuzima cya Mukarange, Bonaventure Babyecwamu, avuga ko umubare w’abantu bari bateganyijwe kwishyura umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza wamaze kuzura ndetse ukanarenga.

Umurambo wa Muhigana wataburuwe ngo ukorerwe irindi suzuma

Yanditswe ku itariki ya: 1-02-2012 - Saa: 15:35'
Ibitekerezo ( 1 )

Umuryango wa Muhigana Alphonse wapfiriye ku ivuriro “Gira Ubuzima” mu karere ka Nyanza mu cyumweru gishize wategetswe kumutaburura aho yari ashyinguye kugira ngo ujye kongera gukorerwa isuzuma mu bitaro i Kigali.

Imbuto Foundation yamuritse imfashanyigisho yo guhugura urubyiruko ku kwirinda SIDA

Yanditswe ku itariki ya: 1-02-2012 - Saa: 07:41'
Ibitekerezo ( 1 )

Umuryango Imbuto Foundation, tariki 31/01/2012, washyize ahagaragara igitabo mpfashanyigisho kizajya gifasha abigisha gusobanurira urubyiruko rufite imyaka 15 kugeza kuri 24 uko rwakwirinda icyorezo cya SIDA.

Aho bategera imodoka i Ngoma hari isuku nke

Yanditswe ku itariki ya: 26-01-2012 - Saa: 08:05'
Ibitekerezo ( )

Abagana aho bategera imodoka (gare routiere) i Ngoma bavuga ko babangamiwe n’umwanda ukabije muri iyo gare ukururwa cyane cyane no kuba nta mazi iyo gare ifite.

Kurara ukubiri byongera ubushake bw’imibonano mpuzabitsina

Yanditswe ku itariki ya: 24-01-2012 - Saa: 14:38'
Ibitekerezo ( )

Nubwo abashakanye basezerana kubana iteka ndetse bakanarara mu buriri bumwe, hari abandi bavuga ko kurara mu buriri bumwe buri gihe bigabanya amarangamutima (sentiments) umuntu agirira mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.

Gatsibo: bateguye ukwezi kw’isuku

Yanditswe ku itariki ya: 23-01-2012 - Saa: 13:55'
Ibitekerezo ( )

Nyuma yo kugaragara ko bamwe batita ku bikorwa by’isuku kandi bishobora kubagiraho ingaruka, ubuyobozi bw’akarere ka Gatsibo bufatanyije n’abafatanya bikorwa bateguye ukwezi kw’isuku kuzatangira taliki 24/01/2012 kukazarangwa no gushishikariza abaturage kugira isuku n’imirire myiza.

Avuga ko yabyaye abana 7 kubera ubushobozi buke

Yanditswe ku itariki ya: 21-01-2012 - Saa: 15:57'
Ibitekerezo ( )

Nyirakanani Beatrice, umugore utuye mu murenge wa Mushishiro ho mu karere ka Muhanga, amaze kugira imbyaro zirindwi ariko nta mugabo uzwi bigeze babana. Avuga ko yababyaye kubera kubura ubushobozi.

Gatsibo: Abaturage barinubira ko ivuriro rya Mbogo ryatinze kuzura

Yanditswe ku itariki ya: 20-01-2012 - Saa: 10:52'
Ibitekerezo ( )

Abaturage bo mu murenge wa Kiziguro baturiye ivuriro rya Mbogo binubira ko bakora urugendo runini bajya kwa muganga kandi barubakiwe ivuriro rikaba ryarananiwe kuzura.

Babana neza kandi batavugana

Yanditswe ku itariki ya: 18-01-2012 - Saa: 16:50'
Ibitekerezo ( )

Uwimboneye Phiacle na Ntawenda Jean Marie Vianney bamaze igihe cy’ukwezi basezeranye imbere y’amategeko kubana nk’umugore n’umugabo mu buzima bwabo bwose mu gihe Ntawenda atavuga naho Uwimboneye we akaba avuga.

Pages ... | 11 | 12 | 13 | 14 | 15 | 16 | 17 | 18 | 19 | 20
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile