Ikigo nderabuzima cya Matyazo cyatashye inyubako cyubakiwe na Imbuto Foundation na UNICEF

Yanditswe ku itariki ya: 1-02-2013 - Saa: 10:41'
Ibitekerezo ( 2 )

Ababyeyi babyarira ku kigo nderabuzima cya Matyazo bazajya babyarira mu nzu yujuje ibya ngombwa bakesha Imbuto Foundation n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku bana (UNICEF), byabashakiye inkunga yo kubaka iyi nzu yari ikenewe cyane.

Kanama: BPR yahaye abaturage ivuriro rya miliyoni 46

Yanditswe ku itariki ya: 31-01-2013 - Saa: 11:55'
Ibitekerezo ( 1 )

Banki y’abaturage y’u Rwanda (BPR) ishami ryo mu karere ka Rubavu ryashyikirije umurenge wa Kanama inyubako z’ivuriro zifite agaciro k’amafaranga miliyoni 46 nyuma yo kubona ko inyubako z’ivuriro zidahagije.

Minisitiri w’ubuzima yatangije gahunda yo gutanga inzitiramibu

Yanditswe ku itariki ya: 30-01-2013 - Saa: 09:45'
Ibitekerezo ( 2 )

Minisitiri w’ubuzima, Dr.Agnes Binagwaho, kuri uyu wa kabiri tariki 29/01/2013 yatangije ku mugaragaro gahunda yo gukwirakwiza inzitiramibu mu gihugu mu rwego rwa gahunda ya Leta yo kurwanya malariya.

Smile Rwanda yasuye abarwayi mu bitaro bya Muhima

Yanditswe ku itariki ya: 22-01-2013 - Saa: 15:18'
Ibitekerezo ( )

Smile Rwanda, umuryango wa ba Nyampinga na Rudasumbwa bo mu mashuri makuru na kaminuza basuye abarwayi mu bitaro bya Muhima ku cyumweru tariki 20/01/2013 babaha ibikoresnho birimo imyambaro y’abana, amavuta, ibikoresho by’isuku, pampers, omo n’ibindi.

Nyamagabe: Inama z’ubutegetsi z’ibigo by’ubuzima zongewemo amaraso mashya

Yanditswe ku itariki ya: 22-01-2013 - Saa: 11:56'
Ibitekerezo ( )

Inama njyanama y’akarere ka Nyamagabe yateranye tariki 20/01/2013 yongeye amaraso mashya mu nama z’ubutegetsi z’ibigo bitatu by’ubuzima zitari zuzuye arizo farumasi y’akarere, ibitaro bya Kigeme ndetse n’ibitaro bya Kaduha.

Nyamagabe: Hatangijwe icyumweru cy’ubukangurambaga ku bwisungane mu kwivuza

Yanditswe ku itariki ya: 22-01-2013 - Saa: 09:45'
Ibitekerezo ( )

Tariki 21/01/2013, mu karere ka Nyamagabe hatangijwe icyumweru cy’ubukangurambaga hashishikarizwa abaturage kwitabira kujya mu bwisungane mu kwivuza, uyu muhango ukaba wabereye mu murenge wa Kibirizi mu kagari ka Uwindekezi.

Kwiyongera kw’amafaranga ya mituweri byaba biri mu bituma ititabirwa uko byari byitezwe

Yanditswe ku itariki ya: 20-01-2013 - Saa: 11:51'
Ibitekerezo ( )

Abitabiriye inama ya komite mpuzabikorwa y’Intara y’amajyepfo yabereye i Huye kuwa kane tariki 17/01/2013 bagaragaje ko kuba amafaranga y’ubwisungane mu kwivuza yariyongere bishobora kuba aribyo bituma butitabirwa nk’uko byari byitezwe.

Abakozi b’ibitaro bya Nyanza bifurizanyije ishya n’ihirwe mu mwaka wa 2013

Yanditswe ku itariki ya: 20-01-2013 - Saa: 09:39'
Ibitekerezo ( 1 )

Abakozi b’ibitaro by’akarere ka Nyanza bahuriye hamwe bose bufurizanya umwaka mushya wa 2013 basabirana mu mvugo n’amasengesho ko umwaka batangiye wazababera uw’ishya n’ihirwe kandi barushaho gutanga serivisi nziza ku babagana.

Arashinja ibitaro bya Gitwe kumusiga igitambaro munda

Yanditswe ku itariki ya: 17-01-2013 - Saa: 11:40'
Ibitekerezo ( 7 )

Mukamugenzi Grace utuye mu mudugudu wa Kabacuzi, akagari ka Remera, umurenge wa Kabagari mu karere ka Ruhango, aravuga ko amerewe nabi bitewe n’igitambaro yadodewe mu nda n’ibitaro bya Gitwe akakimarana umwaka.

Pages ... | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | 11 | 12 | 13 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile