Hakenewe ko abize ibya farumasi bagira uruhare mu kugenera abarwayi imiti

Yanditswe ku itariki ya: 25-03-2013 - Saa: 11:39'
Ibitekerezo ( 3 )

Mu nama mpuzamahanga abanyeshuri biga ibya farumasi (ubuhanga mu by’imiti) muri Kaminuza y’u Rwanda bagiriye i Huye kuwa 23/03/2013, bagaragaje ko hakenewe ko abize ibya farumasi bagira uruhare mu kugenera imiti abarwayi.

karongi: Kwangirika kw’ikiraro byabangamiye imikorere y’Ibitaro bya Gisirikare by’u Rwanda

Yanditswe ku itariki ya: 23-03-2013 - Saa: 11:37'
Ibitekerezo ( 1 )

Iryo tsinda rigizwe n’inzobere 10 z’abaganga b’abasirikare bari bamaze iminsi ine mu karere ka Karongi, bavura indwara zitandukanye abarwayi bafashwa n’ikigega kita ku bacitse ku icumu rya Jenoside (FARG).

Karongi: Abarokotse Jenoside basaga 1900 bazavurwa n’inzobere ziturutse mu bitaro bya gisirikare

Yanditswe ku itariki ya: 19-03-2013 - Saa: 18:03'
Ibitekerezo ( 3 )

Ku bitaro bikuru bya Kibuye mu karere ka Karongi, kuri uyu wa kabili hatangijwe igikorwa cyo kuvura abarwayi basaga 1900 bafashwa n’ikigega kita ku bacitse ku icumu rya Jenoside (FARG).

Gatsibo: Kutitabira ubwisungane mu kwivuza byaterwaga n’amavuriro adahagije

Yanditswe ku itariki ya: 18-03-2013 - Saa: 16:20'
Ibitekerezo ( )

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gatsibo mu mirenge ya Rwimbogo, Gasange na Kageyo, batangaza ko kutagira ivuriro hafi yabo byatumaga badatanga amafaranga y’ubwisungane mu kwivuza (Mutuelle de Santé).

Karongi: Ibitaro bya Gisirikare byaje kuvura abarwayi ba FARG

Yanditswe ku itariki ya: 18-03-2013 - Saa: 14:50'
Ibitekerezo ( 1 )

Itsinda ry’abaganga b’impuguke b’ibitaro by’igihugu bya gisirikare (Rwanda Military Hospital) kuva kuri uyu wa mbere tariki 18/03/2013 bari mu karere ka Karongi, aho baje kuvura indwara zitandukanye abarwayi bafashwa n’ikigega cyita ku bacitse icumu rya Jenoside (FARG).

Ku nshuro ya mbere ibitaro byigenga byatangiye gutanga amasomo ku baganga bari mu kazi

Yanditswe ku itariki ya: 16-03-2013 - Saa: 15:28'
Ibitekerezo ( )

Mu rwego rwo gukarishya ubumenyi bw’abaganga ngo barusheho kujyana n’ibihe tugezemo, ibitaro La Croix du Sud bizwi ku izina ryo kwa “Nyirikwaya” byatangiye gahunda izajya ihabwa abaganga babyifuza.

Kayumbu: Kugena itungo rya mituweli bifasha abaturage kwishyurira igihe

Yanditswe ku itariki ya: 16-03-2013 - Saa: 11:02'
Ibitekerezo ( )

Abaturage bo mu murenge wa Kayumbu, mu karere ka Kamonyi, barangije kwishyura umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza (Mutuelle de santé), babikesha guteganya itungo bazajya bagurisha ibirikomokaho, ngo babone kwishyura uwo musanzu buri mwaka.

Ruhango: 36 baravurwa umwingo n’inzobere z’Abanyamerika ku buntu

Yanditswe ku itariki ya: 15-03-2013 - Saa: 10:57'
Ibitekerezo ( )

Abaganga 16 b’impuguke baturuka muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA) baza inshuro ebyiri ku mwaka mu bitaro bya Gitwe kuvura indwara zananiranye, kuri ubu bari mu gikorwa cyo kubaga abafite indwara y’umwingo ku buntu.

Mu karere ka Karongi ngo nta ‘rubeora’ na kanseri y’umura biharangwa

Yanditswe ku itariki ya: 12-03-2013 - Saa: 23:07'
Ibitekerezo ( )

Ubuyobozi bw’ibitaro bikuru bya Kibuye mu karere ka Karongi, buratangaza ko nta kanseri y’inkondo y’umura igaragara mu bana b’abakobwa cyangwa indwara ya rubewore yibasira impinja n’ababyeyi batwite muri ako gace.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile