Muhanga: Abaturage barasaba Imbuto Foundation kubavugira bakajya babona inzitiramubu kare

Yanditswe ku itariki ya: 29-05-2013 - Saa: 13:30'
Ibitekerezo ( )

Bamwe mu baturage barwariye mu bitaro bya Kabgayi mu karere ka Muhanga barasaba umuryango Imbuto Foundation ko wajya ubakorera ubuvugizi maze bakajya bahabwa inzitiramubu hakiri kare kuko ngo ziza izindi zarashaje.

Gakenke: Muri uyu mwaka bungutse ibigo nderabuzima bibiri bishya

Yanditswe ku itariki ya: 28-05-2013 - Saa: 11:16'
Ibitekerezo ( )

Biteganyijwe ko uyu mwaka w’imihigo wa 2012-2013 urangirana n’impera za Kamena, Ikigo Nderabuzima cya Muyongwe kizaba cyuzuye mu gihe Ikigo Nderabuzima cya Kamubuga cyo cyatangiye gukora.

Nduba: Barashishikarizwa kugira ubwisungane bw’ubuzima

Yanditswe ku itariki ya: 26-05-2013 - Saa: 11:02'
Ibitekerezo ( 1 )

Umuyobozi w’akarere ka Gasabo, Willy Ndizeye, arashishikariza abaturage batuye mu murenge wa Nduba kugira ubwisungane mu buvuzi, kugira ngo bakomeze ibikorwa by’iterambere bafite umutekano w’ubuzima bwabo.

Musanze: Abana 6000 nibo barebwa n’ikingira rya kanseri y’umura

Yanditswe ku itariki ya: 24-05-2013 - Saa: 15:49'
Ibitekerezo ( )

Abana b’abakobwa 6000 nibo barebwa na gahunda yo gukingira kanseri y’inkondo y’umura, yibasira abagore, nyamara ngo ikaba ishobora kwirindwa igihe umwana w’umukobwa afashe urukingo rwayo hakiri kare.

Kamonyi: Hatashywe ivuriro ryubatswe ku nkunga y’umuryango Good Neighbors Rwanda

Yanditswe ku itariki ya: 24-05-2013 - Saa: 10:51'
Ibitekerezo ( 1 )

Ivuriro ry’ibanze Poste de santé ryubatswe n’Umuryango w’Abanyakoreya “Good Neighbors Rwanda”, mu Kagari ka Ngoma mu Murenge wa Nyamiyaga, kuri uyu wa kane tariki 23/05/2013 ryamurikiwe abaturage.

Abanyamerika bashimye uburyo Ibitaro bya Gisirikare bikoresha inkunga babigenera

Yanditswe ku itariki ya: 23-05-2013 - Saa: 10:59'
Ibitekerezo ( 3 )

Ambasaderi wungirije wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Lapenn Jessica, aratangaza ko we n’itsinda ayoboye bishimiye uburyo inkunga bagenera Ibitaro bya Gisirikare bya Kanombe (RMH), bayikoresha bita ku buzima bw’abasirikare n’Abanyarwanda muri rusange.

Bugesera: Abavuwe n’abasirikare bikubye inshuro 3 ku bari bateganyijwe

Yanditswe ku itariki ya: 23-05-2013 - Saa: 09:26'
Ibitekerezo ( )

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi 2918 bo mu karere ka Bugesera nibo bavuwe n’inzobere z’abaganga bo mu bitaro bya gisirikare by’u Rwanda bya Kanombe mu gihe hari hateganyijwe kuvurwa 826.

Abatuye Gatebe barasaba ko imirimo yo kubaka ivuriro ryabo yihutishwa

Yanditswe ku itariki ya: 19-05-2013 - Saa: 08:13'
Ibitekerezo ( )

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyagatare buratangaza ko bugiye kuganira na rwiyemezamirimo wubaka poste de santé mu mudugudu wa Gatebe ya 2 mu murenge wa Rwimiyaga kugirango irangire vuba.

Huye: Umusaza Batura azi ubwoko 360 bw’ibyatsi bivura

Yanditswe ku itariki ya: 17-05-2013 - Saa: 12:36'
Ibitekerezo ( 6 )

Umusaza witwa Christophe Batura, atuye mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye avuga ko azi ubwoko bw’ibyatsi 360 yifashisha mu kuvura indwara zitandukanye.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
Kwamamaza
rra banner
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile