Gakenke: Amaranye imyaka 25 indwara yamuyobeye ndetse inayobera abaganga

Yanditswe ku itariki ya: 10-10-2012 - Saa: 10:38'
Ibitekerezo ( 1 )

Mfurazibaho Gaetan w’imyaka 58 utuye mu Kagali ka Ruhanga, Umurenge wa Busengo, Akarere ka Gakenke amaze imyaka 25 arwaye indwara arwaye yatumye abyimba mu ijosi ku buryo ryenda kungana n’umutwe.

Sobanukirwa n’indwara y’umuvuduko ukabije w’amaraso

Yanditswe ku itariki ya: 9-10-2012 - Saa: 12:29'
Ibitekerezo ( 1 )

Umuvuduko ukabije w’amaraso (hypertension arterielle) ni indwara yibasira abantu benshi ariko idakunze kumenyekana kubera ko akenshi itagira ibimenyetso bigaragara.

Abihaye Imana mu karere ka Ngoma batangiye gushaka uko bakuraho isakaro rya Fibro ciment

Yanditswe ku itariki ya: 8-10-2012 - Saa: 17:49'
Ibitekerezo ( )

Nyuma yuko ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo Rwanda Housing Authority bugaragaje ko akarere ka Ngoma kaza ku mwanya wa mbere mu ntara y’iburasirazuba mu kugira isakaro rya fibro ciment nyinshi,bamwe mu bihaye Imana batangiye gusaba abakiristu gutanga inkunga bakavanaho iryo sakaro.

Ku mwaka umwe n’amezi abiri afite ibiro 25

Yanditswe ku itariki ya: 4-10-2012 - Saa: 10:27'
Ibitekerezo ( 4 )

Umwana witwa Niwemwiza wo mu karere ka Rulindo afite ikibazo cy’umubyibuho ukabije ugereranije n’uko abana bari mu kigero cye baba bangana. Ku mwaka umwe n’amezi abiri, Niwemwiza apima ibiro 25.

Uturere turasabwa kwita ku barwayi bo mu mutwe batagira kivurira

Yanditswe ku itariki ya: 4-10-2012 - Saa: 09:50'
Ibitekerezo ( )

Ubwo yasuraga ibitaro bya Kabgayi biherereye mu karere ka Muhanga tariki 03/10/2012, Minisitiri w’ubuzima, Agnes Binagwaho, arasaba ubuyobozi bw’uturere twose ko twakora amalisiti y’abarwayi bo mu mutwe batagira ababakurikirana kugirango babashe kuvuzwa.

Uducurama ngo twaba ari two nkomoko ya virus yitwa Coronavirus

Yanditswe ku itariki ya: 3-10-2012 - Saa: 18:41'
Ibitekerezo ( )

Umuryango ushinzwe ubuzima ku isi (OMS) watangaje ko virusi nsha yitwa Coronavirus ifitanye isano n’iyitwa Sras yigeze guhitana abantu 774 muri 2003 kandi birakekwa ko yaba ituruka ku gucurama.

Muhanga: Amaranye uburwayi imyaka 53 atazi ubwo aribwo

Yanditswe ku itariki ya: 3-10-2012 - Saa: 14:34'
Ibitekerezo ( 18 )

Uzanyinzoga Suzan w’imyaka 53, utuye mu kagari ka Musongati, umurenge wa Nyarusange mu karere ka Muhanga, afite uburwayi ku munwa amaranye imyaka 53 nta buvuzi arabona.

Abarwayi b’impyiko baratabaza

Yanditswe ku itariki ya: 3-10-2012 - Saa: 08:49'
Ibitekerezo ( 4 )

Bamwe mu bafite uburwayi bw’impyiko bwabaye akarande bavuga ko bategereje urupfu mu gihe kitarenze icyumweru, nyuma yo gusezererwa ku byuma bibagabanyiriza amazi mu mubiri aterwa no kudakora neza kw’impyiko.

Rubavu : Ingamba zo kurwanya imirire mibi ziratanga umusaruro

Yanditswe ku itariki ya: 1-10-2012 - Saa: 11:34'
Ibitekerezo ( 1 )

Akarere ka Rubavu gashima ko ingamba zo kurwanya imirire mibi zafashwe zitanga icyizere ko Bwaki n’indwara zikomoka ku mirire mibi zizashira.

Pages ... | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | 11 | 12 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile