Gakenke: Ku myaka 10 y’amavuko gusa apima ibiro 100

Yanditswe ku itariki ya: 2-11-2012 - Saa: 13:33'
Ibitekerezo ( 12 )

Umukobwa witwa Muhimpundu Jacqueline uzwi ku izina rya “Manyobwa” utuye mu Kagali ka Burimba mu Murenge wa Rushashi Akarere ka Gakenke afite umubyibuho udasanzwe kuko apima ibiro 100 kandi afite imyaka 10 y’amavuko.

Gakenke: Umugabo amaranye imyaka 19 indwara yo kubyimba ukuguru kose

Yanditswe ku itariki ya: 31-10-2012 - Saa: 13:12'
Ibitekerezo ( 7 )

Umugabo witwa Nzabahungirahe Germain utuye mu Kagali ka Buheta, Umurenge wa Gakenke mu Karere ka Gakenke amaze imyaka 19 arwaye indwara yo kubyimba ukuguru kuva ku kirenge kugeza aho gatereye.

Arasaba ubufasha bw’abagiraneza ngo ajye guhindurirwa impyiko

Yanditswe ku itariki ya: 30-10-2012 - Saa: 22:06'
Ibitekerezo ( )

Uyu mubyeyi yitwa Marie Goretti Mukarugambwa, avuga ko arwaye indwara y’Impyiko zose zamaze kwangirika, ku buryo umumaro zakoraga usigaye ukorwa n’imashini z’aho arwariye ku bitaro byitiriwe Umwami Faycal ku Kacyiru.

Uturere tune rw’u Rwanda dushobora kwibasirwa n’icyorezo cya Marburg

Yanditswe ku itariki ya: 25-10-2012 - Saa: 18:27'
Ibitekerezo ( )

Uturere tune tw’u Rwanda dukora ku gihugu cya Uganda ngo turi mu dushobora kwibasirwa n’icyorezo cya Marburg gikomeje kuvugwa muri Uganda.

Gicumbi: Abanyeshuri barapimwa indwara y’igituntu

Yanditswe ku itariki ya: 24-10-2012 - Saa: 14:48'
Ibitekerezo ( )

Mu karere ka Gicumbi hateguwe igikorwa cyo gupima indwara y’igituntu mu bigo by’amashuri y’isumbuye yose abarizwa muri ako karere kubera ko iyo ndwara ishobora kwandura ku buryo bworoheje mu gihe ubana, wirirwanna cyangwa w’igana n’umuntu uyirwaye.

Icyorezo cya Marburg cyagaragaye muri Uganda

Yanditswe ku itariki ya: 22-10-2012 - Saa: 10:45'
Ibitekerezo ( 1 )

Nyuma y’igihe gito muri Uganda hagaragaye indwara ya Ebola, ubu hagaragaye indi ndwara yitwa Marburg igaragaza ibimenyetso bisa cyane n’ibya Ebola.

Gisagara: Hizihijwe umunsi mpuzamahanga wo kwita ku buzima bwo mu mutwe ku rwego rw’igihugu

Yanditswe ku itariki ya: 20-10-2012 - Saa: 11:26'
Ibitekerezo ( )

“Depression” tugenekereje mu kinyarwanda byakwitwa “agahinda gakabije” ni kimwe mu bibazo uyu munsi bihangayikisjije ku isi, kuko ari indwara imaze kugera mu bantu benshi kandi ikanatera abantu kwiyambura ubuzima akenshi.

Gicumbi: Umugabo amaranye uburwayi bw’uruhu imyaka 39

Yanditswe ku itariki ya: 12-10-2012 - Saa: 09:06'
Ibitekerezo ( )

Umugabo witwa Munyensanga Philipe wo mu mudugudu wa Mataba, akagari ka Kabeza, umurenge wa Nyamiyaga mu karere ka Gicumbi amaze imyaka 39 arwaye indwara y’uruhu yanze gukira.

U Rwanda ruzizihiza umunsi wahariwe kurwanya indwara zo mu mutwe

Yanditswe ku itariki ya: 10-10-2012 - Saa: 16:13'
Ibitekerezo ( )

Mu cyumweru gitaha u Rwanda ruzifatanya n’isi yose mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe kurwanya indwara zo mu mutwe. Imibare igaragaza ko hakiri Abanyarwanda benshi babana n’uburwayi bwo kwiheba kandi buturutse ku mpamvu zitandukanye.

Pages ... | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | 11 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile