Impfu z’abana batarageza ku myaka itanu ni ikimenyetso cy’ubukene –World Vision

Yanditswe ku itariki ya: 23-11-2012 - Saa: 11:07'
Ibitekerezo ( )

Umuryango wa gikiristu World Vision (WV) uvuga ko impfu z’abana ziri ku kigero cya 76/1000 mu Rwanda, zikwiye kurwanywa hashingiwe ku guha abaturage iby’ibanze bikenerwa mu buzima, no kubakangurira kumenya ko izo mpfu zishobora gukumirwa burundu.

Gicumbi: Umugore yatinye kujyana umwana we kwa muganga arinda apfa kubera kutagira mitiweli

Yanditswe ku itariki ya: 23-11-2012 - Saa: 10:14'
Ibitekerezo ( )

Mu mudugu wa Rwasama mu Kagari ka Gacurabwenge mu murenge wa Byumba umwana witwa Iradukunda Pacifique yitabye imana azize kutajyanwa kwa muganga kubera ko ababyeyi be nta bwisungane mu kwivuza bafite.

Rusizi: Hashize umwaka arwaye amavunja adakira

Yanditswe ku itariki ya: 15-11-2012 - Saa: 08:34'
Ibitekerezo ( 7 )

Umugabo w’imyaka 52 witwa Murenzi utuye mu karere ka Rusizi amaze umwaka yibasiwe n’indwara z’amavunja zamufashe ubu akaba atabasha kugenda kuko ngo iyo akandagira aba ari kubabara.

Umujyi wa Kigali washyize ahagaragara gahunda yo guhangana n’icyorezo cya SIDA

Yanditswe ku itariki ya: 8-11-2012 - Saa: 14:29'
Ibitekerezo ( )

Mu myaka ine iri imbere umujyi wa Kigali ugiye kwibanda ku byiciro bitatu birimo gukumira abishora mu buraya no gufasha ababukora mu buryo bw’amaburakindi, mu rwego rwo kurwanya ubwandu bwa virusi itera SIDA.

Gakenke: Hatangijwe gahunda yo gukangurira abanyeshuri kwirinda igituntu

Yanditswe ku itariki ya: 8-11-2012 - Saa: 08:48'
Ibitekerezo ( 1 )

Kuri uyu wa 07/11/2012, ku kigo cy’amashuri yisumbuye cya Cyabingo kiri mu karere ka Gakenke hatangijwe gahunda yo gukangurira abanyeshuri kwirinda indwara y’igituntu.

Kwipimisha SIDA byamufashije kubana nayo igihe kinini

Yanditswe ku itariki ya: 7-11-2012 - Saa: 10:08'
Ibitekerezo ( )

Umukecuru utuye mu karere ka Rulindo yemeza ko kuba amaze imyaka 10 abana n’agakoko gatera SIDA kandi akaba yumva agifite imbaraga byaratewe no kwipimisha kare akamenya uko abyitwaramo.

Rulindo: Arwaye indwara yaburiwe umuti

Yanditswe ku itariki ya: 7-11-2012 - Saa: 09:13'
Ibitekerezo ( 4 )

Umubyeyi witwa Kamucyera Belancile utuye mu mudugudu wa Buvumo, akagari ka Mukoto, umurenge wa Bushoki mu karere ka Rulindo arwaye indwara yo kubwimba amaguru amaranye imyaka 18 ariko kugeza n’ubu yaburiwe umuti.

Sobanukirwa n’indwara y’umuvuduko ukabije w’amaraso (igice cya kabiri)

Yanditswe ku itariki ya: 5-11-2012 - Saa: 16:42'
Ibitekerezo ( 1 )

Muri iki gice kuzabagezaho imibare bafatiraho kugira umuganga yemeze ko umuntu arwaye indwara y’umuvuduko ukabije w’amaraso (hypertension). Turavuga kuri hypertension idafite ikiyitera kizwi iyo bita primary (essential) hypertension.

Umukungugu uva mu mabati ya fibro-ciment ni wo utera indwara

Yanditswe ku itariki ya: 5-11-2012 - Saa: 08:43'
Ibitekerezo ( )

Rubibi Louis Pasteur ushinzwe gukurikirana ikurwaho ry’amabati ya asibesitosi abandi bakunda kwita fibro-ciment mu Ntara y’Amajyepfo avuga ko umukungugu uva muri ayo mabati ari wo utera indwara.

Pages ... | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile