Nyanza: Mu isantere ya Rurangazi amazi meza abona umugabo agasiba undi

Yanditswe ku itariki ya: 15-01-2013 - Saa: 09:33'
Ibitekerezo ( 1 )

Abaturage bo mu gasantere k’ubucuruzi k’ahitwa i Rurangazi mu murenge wa Nyagisozi mu karere ka Nyanza bakomerewe n’ikibazo cy’amazi meza yabaye ingume; nk’uko bamwe mu baturage bo muri ako gace babitangaza.

Rutsiro: Umwalimu arasaba ubufasha bwo kuvuza umugore we urwaye impyiko zombi

Yanditswe ku itariki ya: 13-01-2013 - Saa: 16:37'
Ibitekerezo ( 2 )

Nyuma yo kwemera guha umugore we impyiko imwe mu ze, Hanyurwabake Jean Bosco wigisha ku kigo cy’amashuri cya Gahondo mu karere ka Rutsiro arasaba abagira neza kumufasha kubona amafaranga yo kujyana umugore we mu Buhinde aho azavurirwa.

Nyamagabe: Ubushakashatsi kuri SIDA bugaragaza ko hagikenewe ingufu mu bukangurambaga

Yanditswe ku itariki ya: 9-01-2013 - Saa: 16:23'
Ibitekerezo ( )

Ubushakashatsi bwakozwe ku bumenyi, imyumvire n’imyitwarire by’abakozi b’uruganda rw’icyayi rwa Kitabi, abahinzi b’icyayi ndetse n’abandi baturiye uru ruganda ku cyorezo cya SIDA n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina bugaragaza ko hagikenewe gushyirwa ingufu mu bukangurambaga kuko hari abantu bagifite ubumenyi buke ku birebana nabyo.

Abarwayi bo mu mutwe bariyongera cyane mu mujyi wa Ngoma

Yanditswe ku itariki ya: 8-01-2013 - Saa: 10:13'
Ibitekerezo ( 2 )

Abatuye umujyi wa Ngoma bavuga ko nta cyumweru gishira hatagaragaye umurwayi wo mu mutwe mushya, igitangaza kandi abo barwayi bashya ngo baba basa naho bafashwe vuba.

Nyanza: Malariya aho kugabanuka irarushaho kwiyongera

Yanditswe ku itariki ya: 7-01-2013 - Saa: 15:04'
Ibitekerezo ( )

Umubare w’abafatwa n’indwara ya Malaria mu karere ikomeje kwiyongera cyane cyane abatuye mu bice by’ahitwa mu mayaga muri ako karere baturiye ibishanga bihingwamo umuceli n’ibyuzi byororerwamo amafi.

Kirehe: Yarwaye amavunja no ku ntoki kubera umwanda

Yanditswe ku itariki ya: 3-01-2013 - Saa: 13:41'
Ibitekerezo ( 1 )

Umwana witwa Gakuru wo mu kagari ka Kigina, umurenge wa Kigina mu karere ka Kirehe yarwaye amavunja ku birenge no ku ntoki kandi ngo nubwo babyuka bamuhandura buri munsi byanze gukira.

Arwariye muri CHUK nyuma yo guhanuka hejuru y’inzu yubakaga

Yanditswe ku itariki ya: 3-01-2013 - Saa: 10:12'
Ibitekerezo ( 2 )

Umugabo witwa Ndabakenga Jean Pierre yoherejwe ku bitaro bya CHUK tariki 02/01/2013 nyuma y’icyumweru cyari gishize ahanutse hejuru y’inyubako y’ababikira we na bagenzi be barimo basakara mu karere ka Rutsiro.

Nyabihu: Ikibazo cy’imirire mibi cyarahagurukiwe ku buryo kigiye gukemuka burundu

Yanditswe ku itariki ya: 2-01-2013 - Saa: 12:59'
Ibitekerezo ( )

Umukozi ushinzwe ubuzima mu karere ka Nyabihu, Dusenge Pierre, aremeza ko ikibazo cy’imirire mibi cyagaragaye kuri bamwe mu bana bari munsi y’imyaka itanu mu myaka yashize cyahagurukiwe ngo bagishakire umuti urambye kandi mu buryo bwihuse.

Rwankeri: Abaturage barasabwa kwirinda indwara y’igituntu

Yanditswe ku itariki ya: 31-12-2012 - Saa: 14:09'
Ibitekerezo ( )

Umuyobozi w’ikigo nderabuzima cya Rwankeri, Gataliki Prosper, arasaba abaturage bivuriza kuri icyo kigo kwirinda indwara y’igituntu n’ugaragayeho ibimenyetso byayo akihutira kujya kwa muganga kuko ari mbi cyane kandi yandura.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile