Uwungirije Ambasaderi w’Amerika arakurikirana uko batera umuti urwanya malariya mu Rwanda

Yanditswe ku itariki ya: 4-03-2013 - Saa: 16:28'
Ibitekerezo ( )

Uwungirije Ambasade wa leta z’unze ubumwe z’Amerika mu Rwanda Jessica Lapenn kuwa 04/03/2013 yasuye ibikorwa byo gutera mu mazu umuti wica umubu utera malariya bikorerwa mu murenge wa Ruhuha mu karere ka Bugesera.

Huye: Abafite ubumuga bagira ibyago byo kwanduzwa SIDA kurusha abandi

Yanditswe ku itariki ya: 25-02-2013 - Saa: 09:07'
Ibitekerezo ( 1 )

Ndagijimana Olivier, umuyobozi w’urugaga rw’abafite ubumuga mu Turere twa Huye, Gisagara, Nyamagabe na Nyaruguru avuga ko abafite ubumuga bagira ibyago byo kwanduzwa SIDA kurusha abadafite ubumuga.

Gicumbi: Santere ya Rukomo yugarijwe n’umwanda uturuka ku kutagira ubwiherero rusange

Yanditswe ku itariki ya: 14-02-2013 - Saa: 15:40'
Ibitekerezo ( 4 )

Iyo ukigera muri santere ya Rukomo iherere mu karere ka Gicumbi usanganirwa n’umwanda ukomoka ku bantu bacururiza ku mbaraza z’amaduka ariko mu bwiherero (WC) ho hateye ubwoba ku buryo bidakosowe ubuzima bw’abantu bahafatira ifunguro bwahazaharira.

Rusizi: Umuryango wafashwe n’indwara itaramenyekana, umwe yitabye Imana

Yanditswe ku itariki ya: 6-02-2013 - Saa: 14:08'
Ibitekerezo ( 1 )

Abantu batandatu bo mu muryango umwe bo mu kagari ka Miko, umurenge wa Mururu mu karere ka Rusizi, mu gitondo cya tariki 05/02/2013, wafashwe n’indwara yo kuruka, guhitwa n’umuriro none umwana umwe amaze kwitaba Imana.

Rutsiro: Abarwaye igicuri barasaba kwitabwaho kimwe nk’abandi bose bafite ubumuga

Yanditswe ku itariki ya: 6-02-2013 - Saa: 10:37'
Ibitekerezo ( )

Abaturage bo mu murenge wa Manihira mu karere ka Rutsiro bafite uburwayi bw’igicuri barasaba ubuyobozi ko uburwayi bwabo bwakwitabwaho by’umwihariko kuko akenshi bakunda kwitiranywa n’abantu bazima bigatuma uburwayi bwabo budahabwa agaciro.

Rusizi: Abana 11 bari mu bitaro bazira ihene yipfushije

Yanditswe ku itariki ya: 3-02-2013 - Saa: 11:00'
Ibitekerezo ( 2 )

Abana 11 bo mu murenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi bariye inyama zihene yipfishije, mu gitondo cya tariki 01/02/2013 zibagwa nabi boherezwa ku kigo nderabuzima cya Nkaka bahageze babona bibarenze bahita bajyanywa mu bitaro bikuru bya Gihundwe.

Agakoko gatera SIDA gashobora kuba kamaze imyaka irenga miliyoni 5

Yanditswe ku itariki ya: 29-01-2013 - Saa: 14:35'
Ibitekerezo ( )

Abashakashatsi bavuga ko agakoko gatera Sida gashobora kuba kamaze imyaka iri hagati y’imyaka miliyoni 5 na 12 aho kuba imyaka isaga 20 nk’uko bisanzwe bizwi.

France: Umuti uvura ibiheri ku bagore umaze guhitana barindwi

Yanditswe ku itariki ya: 28-01-2013 - Saa: 12:01'
Ibitekerezo ( )

Kuva kuva mu mwaka wa 1987 kugera tariki 25/01/2013, abagore barindwi bo mu Bufaransa bamaze guhitanwa n’umuti witwa pilule diane 35 uvura ibiheri byo ku ruhu.

Nubwo yanduye SIDA ntibimubuza gukora imirimo neza

Yanditswe ku itariki ya: 23-01-2013 - Saa: 12:16'
Ibitekerezo ( )

Kantarama Frida w’imyaka 30 utuye mu murenge wa Mahama ho mu karere ka Kirehe ngo nubwo akaba abana n’ubwandu bw’agakoko gatera SIDA ntibimubuza gukora imirimo neza kuko yipimishije akamenya uko agomba kwitwara.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
Kwamamaza
rra banner
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile