Huye: Abana 5.000 nibo bacikirije urukingo rwa kanseri y’inkondo y’umura mu w’ 2011

Yanditswe ku itariki ya: 10-03-2012 - Saa: 11:31'
Ibitekerezo ( )

Muri 2011, abana bagera ku 5.000 nibo bacikirije urukiko rwa kanseri y’inkondo y’umura ruterwa mu byiciro bitatu, nk’uko bitangazwa na Muganga Kabano Charles ushinzwe gahunda y’ikingira no kurwanya igituntu n’ibibembe mu bitaro bya Kabutare.

Abayobozi ba Rubavu na Goma bashyizeho ingamba zo kurwanya Kolera

Yanditswe ku itariki ya: 27-02-2012 - Saa: 07:24'
Ibitekerezo ( )

Abayobozi b’umujyi wa Gisenyi mu Rwanda na Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo biyemeje kuzajya bahana amakuru ku mibare y’icyorezo cya Kolera kiri guca ibintu mu mujyi wa Goma.

Nyanza: Abantu 3 bamaze gupfa bashobora kuba bazira inzoga y’inkorano

Yanditswe ku itariki ya: 10-02-2012 - Saa: 17:31'
Ibitekerezo ( 1 )

Niyomugabo Nyandwi w’imyaka 38 wapfuye ku mugoroba wa tariki 09/02/2012 ni umuntu wa gatatu upfuye muri iki cyumweru bikekwa ko bazira inzoga y’inkorano banyweye tariki 06/02/2012 ahitwa i Mwima mu kagali ka Nyanza mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza.

Abagabo na bo bashobora kurwara kanseri y’amabere

Yanditswe ku itariki ya: 6-02-2012 - Saa: 16:25'
Ibitekerezo ( )

Ubusanzwe iyo umuntu avuze kanseri ifata amabere abantu benshi bakunze guhita batekereza ku gitsina gore gusa ariko si byo na gato kuko n’abagabo na bo iyo ibagezeho itabarebera izuba.

Nyagatare: PSI na MINISANTE bararwanya malariya bifashishije film n’indirimbo

Yanditswe ku itariki ya: 27-01-2012 - Saa: 08:31'
Ibitekerezo ( )

Mu rwego rwo guhashya indwara ya malariya yugarije akarere ka Nyagatare, PSI na minisiteri y’ubuzima (MINISANTE) batangiye gukangurira abaturage ba Nyagatare kuyirinda bifashisha ubutumwa bunyuze muri film n’indirimbo.

Nyamasheke:Hatangiye icyiciro cya kabiri cyo gukingira imbasa

Yanditswe ku itariki ya: 19-01-2012 - Saa: 13:14'
Ibitekerezo ( )

Mu turere duhana imbibi na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo ndetse n’U Burundi , tariki 19/01/2012, hatangiye icyiciro cya kabiri cyo gukingira abana batarengeje imyaka itanu indwara y’imbasa kubera ko yagaragaye muri ibyo bihugu.

Nyanza: Abantu 6 bari mu bitaro bazira kurya isombe

Yanditswe ku itariki ya: 11-01-2012 - Saa: 13:57'
Ibitekerezo ( )

Kuva tariki 10/01/2012 umuryango w’abantu batandatu bo mu mudugudu wa Kigarama mu Kagali ka Nyanza mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza bari mu bitaro bya Nyanza bazira indwara itaramenyeka usibye isombe bakeka ko yaba yahumanijwe

Amaze imyaka 5 mu bitaro kubera inka yamwishe

Yanditswe ku itariki ya: 5-01-2012 - Saa: 07:24'
Ibitekerezo ( 4 )

Ntihabose Egide w’imyaka 20 y’amavuko ukomoka mu murenge wa Kibilizi mu karere ka Nyanza ari mu bitaro kuva mu mwaka wa 2007 kubera ubumuga yatewe n’inka yamwishe ikamuvuna urutirigongo.

Abacuruza ibiribwa i Rusizi ngo ntibamenyeshejwe ko i Bukavu hari kolera

Yanditswe ku itariki ya: 4-01-2012 - Saa: 10:37'
Ibitekerezo ( )

Mu gihe akarere ka Rusizi kafashe ingamba zo gukumira icyorezo cya kolera cyadutse i Bukavu muri Kongo, abacuruza ibiribwa bihiye i Rusizi baravuga ko ubuyobozi bw’akarere bubirukankana gusa ntibubabwire ko hari ikibazo cya kolera.

Pages ... | 7 | 8 | 9 | 10 | 11 | 12 | 13 | 14 | 15 | 16
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile