Gakenke: Bataha inyubako ya SACCO, abaturage bakanguriwe kuyigana

Yanditswe ku itariki ya: 16-03-2013 - Saa: 15:13'
Ibitekerezo ( )

Abaturage bo mu Murenge wa Mataba, Akarere ka Gakenke, barasabwa kugana SACCO biyujurije itwaye miliyoni 25.5 zaturutse mu banyamuryango ubwo, nyuma y’uko itashywe ku mugaragaro kuri uyu wa Gatanu tariki 15/03/2013.

BK yatangije uburyo bwo kohereza no kwakira amafaranga bwa “MoneyGram”

Yanditswe ku itariki ya: 26-02-2013 - Saa: 15:43'
Ibitekerezo ( 1 )

Banki ya Kigali (BK) yatangije ku mugaragaro uburyo buzajya bufasha abakiriya bayo kohereza no kwakira amafaranga hirya no hino ku isi bwitwa MoneyGram buhendutse ugereranyije n’ubundi bubiri bwari busanzwe.

Abambuwe n’ibigo by’imari iciriritse bagiye kwishyurwa igice cya kabili

Yanditswe ku itariki ya: 22-02-2013 - Saa: 14:42'
Ibitekerezo ( )

Mu ngendo umuyobozi wa banki nkuru y’igihugu agirira mu ntara y’uburengerazuba yagaragaje abafitiwe imyenda n’ibigo by’imari icirirtse byahombye mu mwaka wa 2006 bagiye kwishyurwa amafaranga basigaye batishyuwe.

Kirehe: Abahabwa inguzanyo n’ibigo by’imari ntibishyure bagiye guhagurukirwa

Yanditswe ku itariki ya: 17-02-2013 - Saa: 11:36'
Ibitekerezo ( )

Ibigo by’imari mu karere ka Kirehe byahagurukiye abatishyura inguzanyo ibi bigo biba byabahaye bagiye kujya bakurikiranwa, nk’uko byemejwe mu nama yahuje ibigo by’imari bikorera muri aka karere, abayobozi b’imirenge, abahagarariye amakoperative, abayobozi ba Sacco n’abakozi ba Banki nkuru y’u Rwanda mu karere ka Kirehe.

Gatsibo: Abanyamuryango ba za SACCO bagaragaza integer nke mu kwishyura inguzanyo

Yanditswe ku itariki ya: 15-02-2013 - Saa: 14:33'
Ibitekerezo ( )

Mu rwego rwo gushimangira iterambere ry’abatuye Akarere ka Gatsibo by’umwihariko n’iry’Abanyarwanda bose muri rusange, abaturage barasabwa kwishyura neza inguzanyo bahabwa n’ibigo by’imari harimo Umurenge Sacco kugira ngo zishyikirizwe abandi bakeneye inguzanyo hagamijwe kwiteza imbere.

Karongi: Bamwe mu bakozi ba SACCO bashobora kujyanwa mu butabera

Yanditswe ku itariki ya: 6-02-2013 - Saa: 11:21'
Ibitekerezo ( )

Nyuma y’uko abakozi batatu b’umurenge SACCO wa Bwishyura mu karere ka Karongi batawe muri yombi kubera kwiguriza amafaranga y’abaturage nta burenganzira babiherewe, abo mu yindi mirenge bagaragayeho imikorere idahwitse n’uburiganya bihanangirijwe.

Muhanga: Ibigo by’imari birasabwa gukora ubukangurambaga ngo byongere abakiriya

Yanditswe ku itariki ya: 29-01-2013 - Saa: 15:04'
Ibitekerezo ( 1 )

Ubuyobozi bw’akarere ka Muhanga burasaba amabanki n’ibigo by’imari bikorera muri aka karere byose ko byatangira gukora ubukangurambaga mu baturage muri uku kwezi kw’imiyoborere myiza.

Rusizi: Gahunda yo kwizigamira yabahesheje ibihembo

Yanditswe ku itariki ya: 24-01-2013 - Saa: 17:52'
Ibitekerezo ( )

Abantu 25 ba mbere babashije kwizigamira muri banki y’ubucuruzi (BCR) ishami rya Kamembe bahawe amahirwe yo gutombora begukanira ibihembo bitandukanye birimo amaradiyo n’amateleviziyo.

Nyamagabe: Kwibwa kwa Sacco Musange ntibyahungabanyije serivisi abanyamuryango bahabwa

Yanditswe ku itariki ya: 19-01-2013 - Saa: 14:06'
Ibitekerezo ( 2 )

Ubuyobozi bwa koperative yo kubitsa no kugurizanya ya Musange “Urumuri rwa Musange SACCO”, buratangaza ko kuba iyi sacco yaribwe bitahungabanyije serivisi abanyamuryango bayo bahabwaga kuko zakomeje gutangwa nk’uko byari bisanzwe.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile