Kayonza: Abimuwe ahubakwa uruganda rutunganya soya barasaba inguraye bemerewe

Yanditswe ku itariki ya: 14-02-2012 - Saa: 14:55'
Ibitekerezo ( 1 )

Bamwe mu baturage bimuwe ahari kubakwa uruganda Mount Meru Soyco Ltd ruzajya rutunganya soya rukayibyazamo amavuta, imirimo yo kubaka uruganda yarinze itangira batarabona amafaranga y’ingurane bagombaga guhabwa ku masambu ya bo.

Minisitiri w’Intebe arashima abikorera ba Rusizi bagiye kuzuza inzu y’amagorofa ane

Yanditswe ku itariki ya: 10-02-2012 - Saa: 14:25'
Ibitekerezo ( )

Minisitiri w’Intebe arashima ubushake bw’iteramabere abikorera ku giti cyabo bo mu karere ka Rusizi bagaragaza. Yabitangaje nyuma yo kwerekwa inzu y’ubucuruzi y’amagorofa ane igiye kuzura i Kamembe yubatswe n’abikorera bo muri ako karere nta nkunga batse ahandi.

Uruganda Mount Meru SoyCo Ltd rushobora no gukora ibiryo by’amatungo

Yanditswe ku itariki ya: 10-02-2012 - Saa: 11:35'
Ibitekerezo ( )

Uruganda ruzajya rutunganya soya rukayibyazamo amavuta rugiye kubakwa mu murenge wa Mukarange mu karere ka Kayonza ruzagirira akamaro aborozi by’umwihariko kuko rushobora no gutunganya ibyo kurya by’amatungo.

Kayonza: Hatangiye imirimo yo kubaka uruganda ruzatunganya ibikomoka kuri Soya

Yanditswe ku itariki ya: 9-02-2012 - Saa: 15:05'
Ibitekerezo ( )

Abayobozi batandukanye ku rwego rw’igihugu n’intara y’uburasirazuba, kuri uyu wa kane tariki 09/02/2012, bashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa uruganda ruzatunganya ibikomoka kuri Soya rwitwa Mount Meru Soyco Ltd. Uru ruganda ruzubakwa mu murenge wa Mukarange mu karere ka Kayonza.

Mu Rwanda havumbuwe zahabu

Yanditswe ku itariki ya: 7-02-2012 - Saa: 10:57'
Ibitekerezo ( 1 )

Sosiyeti ikora ubushakashatsi n’ubucukuzi ku bijyanye n’amabuye y’agaciro yitwa Desert Gold iratangaza ko ubushakashatsi imaze iminsi ikorera mu Rwanda bwerekanye ko ahitwa Rubaya mu ntara y’amajyaruguru habonetse zahabu.

RDB igiye guhemba ba rwiyemezamirimo bitwaye neza muri 2011

Yanditswe ku itariki ya: 25-01-2012 - Saa: 18:49'
Ibitekerezo ( )

Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere (RDB) cyateguye irushanwa rya barwiyemezamirimo bitwaye neza mu mwaka wa 2011 mu rwego rwo gushishikariza ba rwiyemezamirimo gukora byinshi kandi neza.

Nyagatare: Abagore bitabiriye “Hanga Umurimo” ni bake

Yanditswe ku itariki ya: 23-01-2012 - Saa: 16:27'
Ibitekerezo ( )

Umushinga SPARK n’ishuri ry’imali n’amabanki (SFB), bahawe kujonjora no guhugura ba nyir’ibitekerezo by’imishinga yatanzwe muri “Hanga Umurimo Munyarwanda” mu karere ka Nyagatare, bavuga ko muri ako karere abagore bitabiriye iyi gahunda ari bake ugereranyije n’abagabo.

Norway irashaka imishinga yo gutera inkunga mu Rwanda

Yanditswe ku itariki ya: 19-01-2012 - Saa: 16:23'
Ibitekerezo ( )

Ibigo Norfund na Fanisi bya Leta ya Norway byatangiye ibikorwa mu Rwanda muri gahunda yo gushaka ba rwiyemezamirimo bakorana bakanabatera inkunga mu bucuruzi nk’uko bisanzwe bibigenza mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere hirya no hino ku isi.

Abaturiye ikibaya cya Kajevuba barashishikarizwa kuzabona ku musaruro uzakivamo

Yanditswe ku itariki ya: 12-01-2012 - Saa: 16:04'
Ibitekerezo ( )

Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda, Francois Kanimba, tariki 11/01/2012, yasuye yasuye ikibaya cya Kajevuba mu rwego rwo kureba niba cyujuje ubuso ba rwiyemezamirimo bashaka kugikoreramo basaba.

Pages ... | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | 11 | 12
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile