Abacukuzi b’amabuye y’agaciro barasabwa kubahiriza amategeko abagenga

Yanditswe ku itariki ya: 22-03-2012 - Saa: 13:31'
Ibitekerezo ( )

Minisitiri Stanislas Kamanzi ufite amabuye y’agaciro mu nshingano ze yasabye abacukura amabuye y’agaciro mu murenge wa Kabacuzi mu karere ka Muhanga kuyacukura banubahiriza amategeko agenga uwo murimo.

Abikorera bafite uruhare runini mu gufasha abatuye Afrika kwihaza mu biribwa

Yanditswe ku itariki ya: 20-03-2012 - Saa: 10:06'
Ibitekerezo ( )

Minisitiri Francois Kanimba asanga abikorera bafite uruhare runini mu gutuma abatuye Afurika bihaza mu biribwa. Yabitangaje tariki 19/03/2012 ubwo yatangizaga inama y’Abaminisitiri b’Ubuhinzi baturutse mu bihugu bitandukanye by’Afurika iteraniye i Kigali.

Beak igiye kwiga ku mabuye acukurwa mu Rwanda

Yanditswe ku itariki ya: 11-03-2012 - Saa: 15:48'
Ibitekerezo ( )

Amabuye y’agaciro acukurwa mu Rwanda ataboneka ahandi arimo gukorwaho ubushakashatsi bugamije kwerekana ko ayo mabuye koko acukurwa mu Rwanda.

U Rwanda rurateganya guhanga imirimo miliyoni 1.7 mu myaka itanu

Yanditswe ku itariki ya: 8-03-2012 - Saa: 11:53'
Ibitekerezo ( )

Leta y’u Rwanda irateganya ko mu myaka itanu hazaba hari imirimo igera kuri miliyoni 1.7; nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu tariki 07/03/2012. Muri 2011 mu rwanda habaruwe imirimo ibihumbi 500.

U Rwanda rukinguye imiryango ku bashoramari mu ngufu z’amashyanyarazi

Yanditswe ku itariki ya: 29-02-2012 - Saa: 13:25'
Ibitekerezo ( )

Leta y’u Rwanda yafashe ingamba n’abafatanyabikorwa bayo batangiye gahunda yo gukangurira abashoramari inyugu zo gushora imari yabo mu bijyanye n’ingufu z’amashanyarazi mu Rwanda.

Shelter Afrique igiye gushora miliyoni 10$ mu myubakire yo mu Rwanda

Yanditswe ku itariki ya: 24-02-2012 - Saa: 17:28'
Ibitekerezo ( 1 )

Umuryango ufasha mu bikorwa bigamije iterambere ry’imiturire, Shelter Afrique, uratangaza ko ugiye gushora miliyoni 10 z’Amadolari y’Amerika mu myubakire y’amazu yo guturamo mu Rwanda ashobora gukodeshwa cyangwa kugurwa n’abatari abaherwe (middle income).

Rubavu: KOMINYA irasaba ubwunganizi ngo ikore kijyambere

Yanditswe ku itariki ya: 22-02-2012 - Saa: 18:01'
Ibitekerezo ( )

Abacukuzi b’amabuye y’agaciro bibumbiye muri Koperative des Mines de Nyamyumba (KOMINYA) mu karere ka Rubavu barasaba Leta kubunganira mu kazi bagakoresha ikoranabuhanga rigezweho mu bucukuzi.

FANAF irakangurira abatanga ubwishingizi mu Rwanda gushora imari mu bikorwa by’iterambere

Yanditswe ku itariki ya: 22-02-2012 - Saa: 15:20'
Ibitekerezo ( )

Ibigo bitanga ubwishingizi bikorera mu Rwanda birakangurirwa kugira uruhare mu kuzamura ubukungu bw’igihugu bishora imari mu bikorwa by’iterambere; nk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’ibigo by’ubwishingizi muri Afurika (FANAF).

Nyamasheke: Uruganda rw’icyayi rwa Gatare rushobora kutazuzurira igihe

Yanditswe ku itariki ya: 14-02-2012 - Saa: 15:54'
Ibitekerezo ( )

Imirimo yo kubaka uruganda rw’ umushinga w’icyayi wa Gatare ku nkengero z’ishyamba rya Nyungwe mu mirenge ya Cyato na Karambi yagomba kurangira mu Kuboza 2012 ariko ngo bishoboka ko rutazaba rurangiye kubera imbogamizi z’umuhanda ndetse n’amashanyarazi.

Pages ... | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | 11 | 12
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile