Tuvugane yatumye abasha kwirihirira Maitrise mu Buhinde

Yanditswe ku itariki ya: 7-08-2012 - Saa: 10:10'
Ibitekerezo ( 10 )

Umusore witwa Munyaneza Emile uzwi cyane kw’izina rya Pfumukel wo mu karere ka Ruhango mu murenge wa Bweramana ahitwa i Gitwe, yacuruje Tuvugane none yamuhaye amikoro yo kujya kwiga mu Buhinde mu cyiciro cya Maitrise.

Imigabane 80% ya BCR yongeye kugurishwa

Yanditswe ku itariki ya: 18-07-2012 - Saa: 15:35'
Ibitekerezo ( )

Imigabane 80% ya Banki y’Ubucuruzi y’u Rwanda (BCR) yari ifitwe na Actis, yaguzwe na banki yo muri Kenya yitwa I&M Bank Limited, ikigo cy’ishoramari cyo mu budage cyitwa Proparco n’icyo mu Bufaransa cyitwa DEG.

Nyagatare: Perezida Paul Kagame yatangije imirimo y’uruganda rw’amakaro

Yanditswe ku itariki ya: 7-07-2012 - Saa: 10:18'
Ibitekerezo ( )

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yafunguye ku mugaragaro uruganda East African Granite Industries (EAGI) rukora amakaro, ruherereye ahitwa Rutaraka mu Murenge wa Nyagatare, mu Karere ka Nyagatare.

Ba rwiyemezamirimo batangiye kwigishwa kunoza ibyo bakora

Yanditswe ku itariki ya: 26-06-2012 - Saa: 12:56'
Ibitekerezo ( )

Ba rwiyemezamirimo baturutse mu turere twa Ruhango, Nyanza na Nyamagabe bari mu mahugurwa i Nyanza, kuva tariki 25-28/06/2012, bigishwa uburyo bwo kunoza neza imirimo bakora.

Uruganda rw’amakaro ruri Nyagatare rushobora gukora metero kare 120000 z’amakaro ku mwaka

Yanditswe ku itariki ya: 15-06-2012 - Saa: 11:17'
Ibitekerezo ( 1 )

Ubuyobozi bw’uruganda East African Graniten Industries rukora amakoro ruri i Rutaraka mu Karere ka Nyagatare bwatangaje ko urwo ruganda ruzaba rufite ubushobozi bwo gukora amakaro afite ubuso bungana na metero kare ibihumbi ijana na makumyabiri (120,000 m²) ku mwaka.

U Rwanda rwahawe igihembo cyo guteza imbere ishoramali n’ubucuruzi

Yanditswe ku itariki ya: 12-06-2012 - Saa: 16:34'
Ibitekerezo ( )

U Rwanda rwegukanye igihembo cyo kuba indashyikirwa mu guteza imbere ishoramali n’ubucuruzi mu muhango wiswe African Business Awards wabereye i London tariki 07/06/2012.

Banki ya Kigali yegukanye igihembo cya banki nziza muri Afurika y’Uburasirazuba

Yanditswe ku itariki ya: 7-06-2012 - Saa: 13:04'
Ibitekerezo ( 5 )

Abanyamabanki bakorera muri Afurika bahuriye Arusha muri Tanzania tariki 06/06/2012 mu muhango wo gushimira amabanki ndetse n’abayobozi bayo bakoze neza mu mwaka wa 2011.

Nyamasheke: idindira mu kubaka uruganda rw’Icyayi rwa Gatare hari abo biri guhombya

Yanditswe ku itariki ya: 29-05-2012 - Saa: 11:10'
Ibitekerezo ( )

Abashoye imari yabo mu buhinzi bw’Icyayi, barimo Umushoramari Pierre Claver Karyabwite, baravuga ko kuba uruganda rutunganya icyayi rwa Gatre rutari kuzura biri kubahombya, kuko bibasaba kukijyana ku rundi ruganda rwa Gisovu ruherereye mu karere ka Karongi.

Abatekereje imishinga myiza 70 Iburasirazuba bamenyekanye

Yanditswe ku itariki ya: 4-04-2012 - Saa: 09:56'
Ibitekerezo ( )

Mu ntara y’Iburasirazuba, imishinga 70 niyo yatoranyijwe muri gahunda yiswe HANGA UMURIMO igamije gufasha abaturage bafite imishinga myiza yakunguka ariko badafite ingwate n’igishoro.

Pages ... | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | 11 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile