Kwaka inguzanyo ihanitse biri mu byadindije gahunda ya Hanga Umurimo

Yanditswe ku itariki ya: 7-12-2012 - Saa: 10:42'
Ibitekerezo ( )

Mu mishinga 150 yatoranyijwe muri gahunda ya Hanga Umurimo mu Ntara y’Amajyepfo igashyikirizwa amabanki ngo ihabwe inguzanyo, 51 yonyine ni yo yamaze kwemererwa akenshi bitewe nuko ba nyiri imishinga batse inguzanyo nyinshi.

Hari amabanki yarangaranye imishinga myiza yari yakozwe muri Hanga Umurimo

Yanditswe ku itariki ya: 4-12-2012 - Saa: 13:59'
Ibitekerezo ( 3 )

Minisitiri ushinzwe ubucuruzi n’Inganda mu Rwanda, Francois Kanimba, aranenga amabanki yakiriye imishinga abaturage bari batekereje muri gahunda ya Hanga Umurimo, bakayibika mu tubati ntibayihe inguzanyo cyangwa ngo bayisubize ba nyirayo bazishakire undi muterankunga.

RDB yashyizeho udusanduku mu mahoteli tuzayifasha kumenya ibitekerezo by’abakiriya

Yanditswe ku itariki ya: 30-11-2012 - Saa: 10:45'
Ibitekerezo ( )

Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere (RDB) cyatangije uburyo bwo kumenya icyo abakiriya batekereza kuri serivisi zitangirwa mu mahoteli yo mu Rwanda, nyuma y’aho urwego rw’abikorera rushyiriwe mu majwi ku mitangire mibi ya serivisi.

Hanga Umurimo irateganya imishinga 1200 muri uyu mwaka w’ingengo y’imari

Yanditswe ku itariki ya: 29-11-2012 - Saa: 15:57'
Ibitekerezo ( )

Gahunda ya Hanga Umurimo irateganya gushyira mu bikorwa imishinga itari munsi ya 1200 mu mpera z’umwaka w’ingengo y’imari, uzasozwa mu kwezi kwa gatandatu 2013, gusa ngo ibi birasaba ubufatanye bwa buri wese urebwa n’iyi gahunda.

Abashoramari bo muri Suwede baje mu Rwanda kureba uko baza kuhakorera

Yanditswe ku itariki ya: 19-11-2012 - Saa: 16:38'
Ibitekerezo ( 1 )

Kuri uyu wa mbere tariki 19/11/2012, Ikigo gishinzwe iterambere (RDB) cyakiriye abashoramari baturutse mu gihugu cya Suwede, baje kwiga uburyo bazaza gushora imari mu Rwanda, cyane cyane mu bijyanye no guteza imbere ingufu zitangiza ibidukikije.

Urubyiruko rurakangurirwa kwibumbira muri za koperative

Yanditswe ku itariki ya: 19-11-2012 - Saa: 09:23'
Ibitekerezo ( 1 )

Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Urubyiruko n’ikoranabuhanga mu Isazakabumenyi, Rosemary Mbabazi, arasaba urubyiruko kwishyira hamwe muri za koperative kugira ngo rubone ubushobozi bwo gutangiriraho mu bikorwa byabo bibyara inyungu.

Perezida Kagame yasabye Abanyarwanda gufatira urugero kuri nyiri hoteli “Gorilla”

Yanditswe ku itariki ya: 17-11-2012 - Saa: 08:10'
Ibitekerezo ( 3 )

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yashimye Umunyarwanda witwa Emmanuel Rusera, umaze kubaka amahoteli ane ya “Gorilla” mu Rwanda. Agahamya ko abakora nka we mu gushora imari mu gihugu, aribo bitezweho kuzamura ubukungu n’imibereho by’abaturage n’igihugu muri rusange.

Nyanza: Urubyiruko 155 rwahawe inyemezabumenyi mu kwihangira imirimo

Yanditswe ku itariki ya: 15-11-2012 - Saa: 15:38'
Ibitekerezo ( )

Umushinga ugamije kongerera ubushobozi urubyiruko rwo mu cyaro biciye mu kwihamgira imirimo (STRYDE) watanze inyemezamirimo 155 ku rubyiruko rwigishijwe kwihangira imirimo rwo mu mirenge inyuranye yo mu karere ka Nyanza mu muhango wabaye tariki 15/11/2012.

Ba rwiyemezamirimo badafite uburambe baka inguzanyo nyinshi bahangayikishije amabanki

Yanditswe ku itariki ya: 14-11-2012 - Saa: 07:45'
Ibitekerezo ( )

Amafaranga y’umurengera ba rwiyemezamirimo baka amabanki akorera mu Rwanda, arabahangayikishije kuko bataba bizeye ko azishyurwa. Minisiteri y’Inganda n’Ubucuruzi (MINICOM) nayo yemeza ko izo mpungenge zifite ishingiro.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
Kwamamaza
rra banner
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile