Nyabihu : Yihangiye imirimo biramuhira none aragira inama bagenzi be

Yanditswe ku itariki ya: 17-04-2013 - Saa: 13:18'
Ibitekerezo ( )

Bamwe mu bagerageje kwihangira imirimo bikabahira bavuga ko biba bitoroshye ariko ko bitewe n’ubuzima buba bugoye umuntu abyiyemeza kandi akabigeraho bityo akiteza imbere.

Abacukura amabuye y’agaciro baremeza ko u Rwanda rutiba amabuye muri Congo

Yanditswe ku itariki ya: 16-04-2013 - Saa: 10:00'
Ibitekerezo ( )

Ubuyobozi bw’isosiyete yitwa Pyramid icukura amabuye y’agaciro irahakana ko u Rwanda nta mabuye y’agaciro rukura muri Congo kuko ngo basanze narwo rutunze menshi ku buryo benshi batazi.

Ku mupaka wa Cyanika hagiye kubakwa isoko mpuzamahanga

Yanditswe ku itariki ya: 11-04-2013 - Saa: 10:39'
Ibitekerezo ( 1 )

Amakuru aturuka mu buyobozi bw’akarere ka Burera atangaza ko ku mupaka ugabanya u Rwanda na Uganda, uri mu Cyanika, mu karere ka Burera, hagiye kubakwa isoko mpuzamahanga.

Rusizi: Bijejwe gukemurirwa ikibazo none amaso yaheze mu kirere

Yanditswe ku itariki ya: 10-04-2013 - Saa: 13:38'
Ibitekerezo ( )

Abaturage icyenda bo mu murenge wa Bugarama ku karere ka Rusizi barinubira kuba batishyurwa amafaranga yabo nyuma y’uko babujijwe kugeza ikibazo cyabo kuri Perezida Kagame bizezwa ko bazahembwa vuba.

Rusizi: Abacuruza umucanga ngo babangamiwe no gusora badakora

Yanditswe ku itariki ya: 3-04-2013 - Saa: 10:03'
Ibitekerezo ( )

Abacuruzi b’umucanga bakorera ahitwa kuri Depo mu karere ka Rusizi bavuga ko batishimiye gusoreshwa badakora nyuma yo gufungirwa bagasabwa kujya gukorera ku cyambu cya Busekanka.

Gicumbi: Abacuruzi batereka ibyo bacuruza ku muhanda barasabwa kubireka

Yanditswe ku itariki ya: 2-04-2013 - Saa: 14:37'
Ibitekerezo ( 1 )

Nyuma yo kugenzura isuku mu karere ka Gicumbi ahacururizwa ibiribwa no muri za restora itsinda rishinzwe kugenzura abo bacuruzi rirasaba abatereka ibyo bacuruza ku muhanda kubireka kuko imyanda ijyamo yangiza ubuzima bw’abantu.

Rubavu: Barakangurirwa kudategereza iminsi ya nyuma ngo babone kumenyekanisha umusoro ku nyungu

Yanditswe ku itariki ya: 28-03-2013 - Saa: 11:51'
Ibitekerezo ( )

Ubuybozi bw’ikigo gishinzwe kwakira imisoro n’amahoro (RRA) mu karere ka Rubavu kirahamagarira abamenyekanisha umusoro ku nyungu kubikora mbere y’igihe aho gutegereza iminsi ya nyuma.

Hamaze gufatwa ibicuruzwa bya magendu bifite agaciro ka miliyari 4

Yanditswe ku itariki ya: 28-03-2013 - Saa: 11:13'
Ibitekerezo ( )

Ishami rya Polisi rishinzwe gukumira magendu (RPU) ritangaza ko rimaze gufata ibicuruzwa byinjizwa mu buryo butemewe mu gihugu bifite agaciro ka miliyari 4 mu gihe cy’imyaka itandatu ishize.

Abacuruza igicuruzo kitagera kuri miliyoni 2 nta musoro ku nyungu bazajya bishyura

Yanditswe ku itariki ya: 26-03-2013 - Saa: 15:11'
Ibitekerezo ( )

Uhagarariye Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) mu Ntara y’Amajyaraguru atangaza ko abacuruzi bafite igicuruzo kitarenga miliyoni ebyiri basonewe kwishyura umusoro ku nyungu ariko bazakomeza kwishyura ipantante nk’uko bisanzwe.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile