Yanditswe ku itariki ya: 12-04-2012 - Saa: 15:58'
Ibitekerezo
(
2
)
Cyamunara yo kugurisha inzu ya Theoneste Mutsindashyaka yari imaze igihe itegerejwe yasubitswe kuri uyu wa kane tariki 12/04/2012, nyuma yo kubura umuntu wagereka igiciro cya miliyoni 992 z’amafaranga y’u Rwanda.
|