Hoteli Ten To Ten Paradise yakinze imiryango kugeza aho iri gutezwa cyamunara

Yanditswe ku itariki ya: 29-04-2013 - Saa: 17:20'
Ibitekerezo ( 4 )

Abantu batunguwe no kubona amatangazo ahamagarira abantu kwitabira cyamunara ya hoteli Ten To Ten Paradise y’umugabo bita Mbanzabugabo azwiho ubukire. Iyi hoteli iri mu mujyi rwagati w’akarere ka Rusizi ngo igiye kugurishwa cyamunara kubera umwenda wa banki.

Nyanza : Bamwe mu bubatse isoko ry’akarere bamaze umwaka batarahembwa

Yanditswe ku itariki ya: 28-04-2013 - Saa: 10:03'
Ibitekerezo ( )

Bamwe mu bafundi bakoreye isosiyete yubatse isoko rya kijyambere ry’akarere ka Nyanza mu mwaka ushize wa 2012 bavuga ko bigeze mu mwaka wa 2013 batarabona amafaranga yabo agera ku bihumbi 600 bavunikiye.

Abagize urugaga rw’abikorera mu Burengerazuba bashize umukono ku mihigo ya 2013

Yanditswe ku itariki ya: 26-04-2013 - Saa: 12:25'
Ibitekerezo ( )

Abikorera bo mu turere turindwi tugize Intara y’iBurengerazuba, tariki 25/04/2013, bashyize umukono ku mihigo y’umwaka wa 2013. Iyo mihigo hafi ya yose ihuriza ku gushyiraho umwete mu kwinjiza abanyamuryango bashya mu rugaga rw’abikorera kugira ngo rurusheho kugira imbaraga no kunoza akazi rushinzwe.

Nyabihu: Abakoraga isuku ku karere bamaze amezi 2 badahembwa

Yanditswe ku itariki ya: 25-04-2013 - Saa: 16:59'
Ibitekerezo ( 1 )

Bamwe mu bakozi bakoraga isuku ku karere ka Nyabihu n’ahandi mu masantire y’aka karere, bavuga ko bamaze amezi abiri badahembwa bakaba batabona amafaranga yo kubatunga, kwikenuza no kwishyura amazu ku bakodesha.

Uruganda Inyange rwashyize amata ahendutse ku isoko, hifashishijwe “milk zone”

Yanditswe ku itariki ya: 25-04-2013 - Saa: 10:11'
Ibitekerezo ( 10 )

Kuba uruganda Inyange rwashyize ku isoko amata atunganijwe ku giciro cy’amafaranga 400 kuri litiro ngo rukwiye kubishimirwa, kuko rwatangiye kugeza amata ku baturage benshi bashoboka, nk’uko Ministeri y’Ubuhinzi n’ubworozi (MINAGRI) yabitangaje.

Gatibo: Uruganda rw’umuceri rweguriwe abikorera

Yanditswe ku itariki ya: 23-04-2013 - Saa: 11:24'
Ibitekerezo ( )

Kongera ubuso buhingwaho umuceri no gushaka imbuto nziza zikunzwe ku isoko nicyo kizere cyahawe sosiyete SOPAVU Ltd yeguriwe uruganda rutonora umuceri ruri mu karere ka Gatsibo tariki 22/04/2013.

Muhanga: Forode ya Gitarama ngo yamaze kuba amateka

Yanditswe ku itariki ya: 23-04-2013 - Saa: 10:29'
Ibitekerezo ( )

Umuyobozi w’akarere ka Muhanga aratangaza ko ubucuruzi bwa forode bwavugwaga mu cyahoze ari Gitarama (ubu ni mu karere ka Muhanga) butakiharangwa kuko ubu ngo bwabaye amateka.

Gakenke: Inganda z’abahinzi 12 zitunganya kawa zaguye mu gihombo

Yanditswe ku itariki ya: 19-04-2013 - Saa: 12:59'
Ibitekerezo ( )

Inganda 12 muri 13 z’amakoperative y’abahinzi ba kawa mu Karere ka Gakenke zagize igihombo mu mwaka wa 2012 kubera ikibazo cy’igiciro cya kawa y’ibitumbwe cyari gihanitse n’imicungire mibi y’umutungo wa koperative.

Burera: Avuga ko ateze amakiriro k’umuriro w’amashanyarazi ategereje kuva kera

Yanditswe ku itariki ya: 18-04-2013 - Saa: 16:13'
Ibitekerezo ( )

Umugabo witwa Rwabuhungu Frederic, utuye mu murenge wa Kinyababa, akarere ka Burera, avuga ko umushinga akora uzatera imbere nawe ukamuteza imbere kurushaho mu gihe mu murenge atuyemo hazaba hageze umuriro w’amashanyarazi.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile