• Minisitiri w

    Minisitiri Ngabitsinze yasobanuye iby’umuceri utujuje ubuziranenge watumijwe mu mahanga

    Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome, yasobanuye ibyemezo byafashwe ku muceri watumijwe mu mahanga ukagera mu Rwanda mu mpera z’ukwezi kwa Gashyantare 2024, ariko bikaza kugaragara ko utujuje ubuziranenge, ndetse n’ufite ubuzirange bwemewe ukaba wari ufite nomero ku mifuka zidahura n’ibirimo imbere.



  • Musanze: Imirimo yo kubaka isoko ry’ibiribwa irarimbanyije, nyuma y’uko yari yarahagaritswe

    Mu gihe abenshi mu baturage, by’umwihariko abahoze mu mirimo yo kubaka isoko rishya ry’ibiribwa rya Musanze bari barashyizwe mu rujijo kubera ihagarikwa ritunguranye ry’imirimo yo kubaka iryo soko, imirimo yo kuryubaka yasubukuwe mu ntangiro za 2024, intego ikaba ari uko iryo soko ryaba ryuzuye muri Kamena 2024.



  • Kuba ibiciro by

    Abacuruzi b’impu binubira igihombo batewe n’igabanuka ry’igiciro cyazo

    Abakora n’abandi bafite aho bahuriye n’ubucuruzi bw’impu mu Rwanda, barataka igihombo batewe n’igabanuka ry’ibiciro byazo, ku buryo hari abo byaviriyemo kureka ubwo bucuruzi, bakaba basigaye bazirya.



  • Batashye isoko ryubatse mu Murenge wa Mwendo

    Ruhango: Bashyikirijwe isoko rizabarinda kunyagirwa no kwangirika kw’ibicuruzwa

    Abaturage bo mu Murenge wa Mwendo mu Karere ka Ruhango baratangaza ko kuba bashyikirijwe isoko rya kijyambere, bizatuma bakora igihe kinini kandi ntibongere kunyagirwa no kwangirika kw’ibicuruzwa byabo.



  • Umuyobozi Mukuru wa ASIAFRICA Logistics Ltd, Mr. Lister (ufite indangururamajwi) ashima ingamba zashyizweho n

    Abatumiza ibicuruzwa muri Aziya barizezwa umutekano wabyo

    Kompanyi ya ASIAFRICA Logistics Ltd ikorana n’abacuruzi bo muri Afurika batumiza ibintu bitandukanye ku mugabane wa Aziya cyane cyane mu Bushinwa, irizeza abakorana na yo umutekano w’ibicuruzwa byabo. Iyo kompanyi ivuga ko mu gihe ibicuruzwa byaramuka bigiriye ikibazo mu nzira, ababitumije nta mpungenge bakwiye kugira kuko (...)



  • Gufunga k’uruganda rw’isukari biragira izihe ngaruka ku biciro byayo ku isoko?

    Uruganda rw’isukari rwa Kabuye, ari na rwo rwonyine ruri mu Rwanda, rwafunze ibikorwa byarwo mu gihe cy’amezi abiri, bikaba bizongera gusubukurwa muri Gicurasi 2024, nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bw’urwo ruganda. Ibi ariko ngo nta mpinduka bizateza ku bijyanye n’ibiciro ku isoko kuko n’ubundi rwakoraga isukari nkeya cyane (...)



  • Bifuza ko hakubakwa uruganda rukora amacupa

    Mu Rwanda hagiye kubakwa inganda zikora amacupa n’amasashi abora

    Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda mu Rwanda (MINICOM), iratangaza ko hagiye kubakwa inganda zikora amacupa y’ibirahure n’amasashi ashobora kubora, mu rwego rwo gushakira ibisubizo abanyenganda nto n’iziciriritse babangamiwe n’ikibazo cyo kubona ibyo gupfunyikamo ibicuruzwa.



  • Uzajya amenyekanisha ko atahawe inyemezabuguzi ya EBM azajya ahabwa ishimwe

    Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) n’Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro (RRA), bataganje ko umuntu uzajya amenyekanisha ko atahawe inyemezabuguzi ya EBM, azajya ahabwa ishimwe ringana na 50% by’ibihano biteganyijwe ku kutayitanga.



  • ICPAR yahuguye abakozi b

    ICPAR yahuguriye inzego zitandukanye kwirinda ihererekanywa ry’amafaranga yaturutse ahatizewe

    Ikigo gishinzwe guteza imbere umwuga w’Ababaruramari mu Rwanda(ICPAR) cyahuguriye abagize inzego za Leta n’izigenga, ku buryo bakumira ihererekanywa ry’amafaranga yaturutse ahantu hatizewe, ritizwa umurindi n’ikoranabuhanga.



  • Bimwe mu bicuruzwa bikurwa mu mujyi wa Gisenyi mu Rwanda bijyanwa i Goma muri Congo

    Abatuye i Goma bavuga ko bafite ikibazo cy’ibiribwa bidahagije

    Mu gihe intambara ikomeje kuvugwa mu nkengero z’Umujyi wa Goma, abatuye muri uyu mujyi bavuga ko bafite ikibazo cy’ibiribwa bidahagije kubera ko ibyavaga mu bice bikorerwamo ubuhinzi byafashwe n’abarwanyi ba M23, naho inzira binyuramo zikomeza gufungwa n’imirwano.



  • Ibiciro bya Lisansi na Mazutu byagabanutse

    Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byagabanutse, aho Lisansi yashyizwe ku 1637 Frw ivuye ku 1639 Frw (bivuze ko lisansi yagabanutseho amafaranga abiri kuri litiro imwe) naho Mazutu ishyirwa ku 1632 Frw ivuye ku 1635 Frw (yagabanutseho amafaranga atatu kuri litiro imwe).



  • Abagura ibigori munsi y

    Abagura ibigori munsi y’igiciro cyashyizweho bashobora guhanwa

    Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyagatare n’aka Gatsibo, burasaba abaturage guhunika imyaka bejeje aho kuyigurishiriza rimwe kuko aribyo bituma igiciro cyashyizweho kitubahirizwa. Ku rundi ruhande ariko nanone, abacuruzi bagura munsi y’igiciro cyashyizweho bakibutswa ko bashobora guhura n’ibihano.



  • Dolar Popat avuga ko bagiye gukorana n

    U Bwongereza bwiyemeje gufasha u Rwanda gushyiraho ibikorwa remezo byoroshya ubucuruzi

    U Bwongereza bwiyemeje gufasha u Rwanda gushyiraho ibikorwa remezo bizafasha mu bucuruzi, mu rwego rwo kurushaho korohereza ibikorwa bitandukanye by’ishoramari bikorerwa mu Rwanda.



  • Kawa y

    Imbogamizi mu bucuruzi bwa kawa hagati y’u Rwanda n’u Bwongereza ziragenda zikurwaho

    Abacuruzi ba kawa barishimira ko ubucuruzi bwayo hagati y’u Rwanda n’u Bwongereza bwarorohejwe, ugereranyije no mu myaka itanu ishize, aho bahuraga n’imbogamizi zitandukanye iyo bayoherezaga ku mugabane w’u Burayi.



  • Dr. Uzziel Ndagijimana, avuga ko amavugurura adasanzwe yakozwe mu micungire y

    U Rwanda rwakoze amavugurura yatumye ruba mu bihugu byoroshye gukorerwamo ubucuruzi

    Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) Dr. Uzziel Ndagijimana avuga ko amavugurura adasanzwe u Rwanda rwakoze mu micungire y’ubukungu bwagutse, yatumye ruba hamwe mu hantu horoshye gukorera ku Isi.



  • Perezida Kagame yakiriye intumwa ya Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza ishinzwe ubucuruzi

    Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, Intumwa ya Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza ishinzwe Ubucuruzi, Lord Popat ndetse na Komiseri ushinzwe Ubucuruzi hagati y’u Bwongereza na Afurika, John Humphrey.



  • Ikilo cy

    MINICOM yatangaje igiciro fatizo cy’ibigori

    Hashingiwe ku myanzuro y’Inama yo ku itariki ya 18 Mutarama 2024, Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda (MINICOM) ifatanyije na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) n’abandi bafatanyabikorwa mu buhinzi, yatangaje igiciro fatizo cy’ibigori aho ikilo cy’ibihunguye kizajya kigurwa 400Frw naho ibidahunguye bikagurwa 311Frw.



  • Kigali: Iminsi mikuru yatumye ibiciro by’inyama bizamuka

    Mu gihe abantu hirya no hino bari mu myiteguro y’iminsi mikuru by’umwihariko itangira umwaka, ibiciro bya bimwe mu biribwa bikunze gukoreshwa muri iyo minsi byarazamutse. Ubwo Kigali Today yatemberaga mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali by’umwihariko mu isoko, yasanze bimwe mu biciro by’ibiribwa birimo inyama (...)



  • Mbere ya saa sita kuri uyu mucuruzi hari nk

    Muhanga: Fagitire ya EBM yatumye ibirayi bibura ku isoko

    Abacuruzi b’ibirayi n’abaguzi babyo mu Mujyi wa Muhanga baravuga ko guhera ku wa 22 kugeza ku wa 23 Ukuboza 2023, ibirayi byabuze ku isoko kubera ko ababikura ku makusanyirizo yabyo mu Majyaruguru n’Iburengerazuba babujijwe kubizana, kubera ko nta nyemezabwishyu za EBM (Electronic Belling Machine) bafite.



  • Muri 2024 koperative Umurenge SACCO zose zizaba zikoresha ikoranabuhanga

    Muri 2024 koperative Umurenge SACCO zose zizaba zikoresha ikoranabuhanga

    Guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu, John Rwangombwa, avuga ko SACCO 182 zimaze kugerwaho n’ikoranabuhanga, mu gihe mu mwaka wa 2024, zose 416 zizaba zimaze kugerwaho n’ikoranabuhanga, byorohereze abazikoresha bajyane n’ikoranabuhanga mu kubitsa no kubikuza.



  • Hateguwe imurikagurisha (Expo) rizabera ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu

    Ubuyobozi bw’Urugaga rw’Abikorera mu Ntara y’Iburengerazuba butangaza ko bwateguye imurikagurisha (Expo) izabera ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu muri uku kwezi k’Ukuboza 2023.



  • Ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli byagabanutse

    Ibiciro by’ibikomoka kuri Peteroli mu Rwanda byagabanutse, aho lisansi yavuye ku mafaranga 1822 Frw kuri litiro igashyirwa ku 1639 Frw (bivuze ko lisansi yagabanutseho amafaranga 183 kuri litiro imwe) naho mazutu litiro iva ku 1662 Frw ishyirwa ku 1635 Frw (yagabanutseho amafaranga 27 kuri litiro imwe).



  • Imirimo yo kubaka icyambu iragana ku musozo

    Rubavu : Huzuye icyambu kizateza imbere ingendo zo mu mazi

    U Rwanda ruritegura kwakira icyambu cya Rubavu kirimo kubakwa ku nkengero z’ikiyaga cya Kivu, icyambu kizateza imbere ubuhahirane bw’uturere dutanu tugize Intara y’Iburengerazuba na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, cyane cyane ikirwa cy’Ijwi n’umujyi wa Goma.



  • Mbere igitebo cy

    Twibukiranye uko ibiciro byari bimeze mu myaka ya 2000

    Muri iyi minsi iyo ugererageje kuganira cyangwa kumva ibiganiro by’abantu benshi, usanga nta kindi kirimo kwibandwaho uretse izamuka ry’ibiciro mu bintu bitandukanye bikenerwa kenshi mu buzima bwa muntu.



  • Ku mugoroba wo ku wa Kabiri tariki 03 Ukwakira 2023, hirya no hino kuri sitasiyo za lisansi na mazutu muri Kigali hagaragaye umurongo muremure w

    Abimanye ibikomoka kuri Peteroli bagamije inyungu y’umurengera bazabihanirwa

    Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Dr. Jean Chrysostome Ngabitsinze, yatangaje ko Leta yiteguye gufatira ingamba abacuruza ibikomoka kuri Peteroli bagaragaye banga gutanga lisansi na Mazutu umunsi ibiciro bihindurwa, bagamije kuzayicuruza bukeye ku giciro gihanitse.



  • Bifuza ko aho bakorera hasakarwa

    Burera: Bifuza ko isoko ryubakirwa neza, ibicuruzwa byabo ntibyangizwe n’imvura

    Abacururiza mu isoko rya Rugarama, bavuga ko ubuke bw’inyubako zaryo ugereranyije n’umubare w’abarikoreramo, butuma benshi muri bo batandika ibicuruzwa byabo hasi mu kibuga cy’iri soko, ku buryo nk’igihe imvura iguye babura aho babyugamisha bikahanyagirirwa bakabihomberamo.



  • Itumbagira rikabije ry’igiciro cy’ibirayi riteye benshi impungenge

    Abaturage bo mu Karere ka Musanze bavuga ko muri iki gihe bagowe no kurya ibirayi bitewe n’uko igiciro cyabyo gitumbagira buri munsi aho ubu mu mirima n’amasoko yo hirya no hino yo muri aka Karere biri kugura hagati y’amafaranga 800 na 1100 ku kilo kimwe.



  • Bifuza ko imurikagurisha ryo ku rwego rw

    Bifuza ko imurikagurisha ryo ku rwego rw’Igihugu ryajya ribera no mu Ntara

    Mu bikorera bitabiriye imurikagurisha ryo ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo, ryabereye i Huye guhera ku itariki ya 16 kugeza kuya 28 Kanama 2023, hari abagaragaje icyifuzo cy’uko imurikagurisha ryo ku rwego rw’Igihugu ryajya rinyuzamo rikabera no mu Ntara.



  • Urubyiruko rurasabwa kongera imbaraga mu bucuruzi bukorerwa kuri Internet

    Urubyiruko rurasabwa kongera amasoko y’umusaruro w’ubuhinzi rwifashishije ikoranabuhanga

    Impuguke mu bijyanye n’ubucuruzi bushingiye ku ikoranabuhanga muri MINICOM, Rukundo Jean Premier Bienvenu, ubwo yafunguraga ku mugaragaro ishami rya kabiri ry’ikigo cy’urubyiruko, Afri-Farmers, yasabye urubyuruko guhanga udushya dushingiye ku ikoranabuhanga mu buhinzi n’ubworozi, bigatuma umusaruro muri urwo rwego ubona (...)



  • Abarobyi bakorera mu makipe ni bo bavuga ko barimo bagerwaho cyane n

    Igiciro cy’isambaza cyazamutse kubera ibura rya Peteroli

    Abarobyi bakorera mu kiyaga cya Kivu bavuga ko bafite ikibazo cya Peteroli yabuze ku isoko bakavuga ko bishobora gutuma bahagarika imirimo y’uburobyi ndetse n’isambaza zigahenda.



Izindi nkuru: