Bufaransa: Batangiye gukora utwenda tw’imbere duteye imibavu ihumura

Yanditswe ku itariki ya: 10-05-2013 - Saa: 12:07'
Ibitekerezo ( 1 )

Sosiyete yo mu Bufaransa yitwa Slip Francais yakusanyije amayero ibihumbi 19 igiye gushora mu gukora utwenda tw’imbere tw’abagabo “ikariso” duteye imibavu ihumura (parufe).

Rwamagana: Yemereye imbere ya Polisi ko abatazajya bahisha amafaranga yabo azajya ayiba

Yanditswe ku itariki ya: 10-05-2013 - Saa: 11:35'
Ibitekerezo ( 6 )

Umukobwa witwa Shema utuye mu mujyi wa Rwamagana yabwiye abayobozi bo mu murenge atuyemo na Polisi ko abantu batabika amafaranga yabo kure baba bamutera igishuko cyo kuyiba kandi ngo ntiyizeye ko azajya ayarebera ngo areke kuyiba kandi nta handi agira akura ifaranga.

Abaza ibibazo bitatu gusa, umukobwa wese akemera kumusoma

Yanditswe ku itariki ya: 9-05-2013 - Saa: 11:33'
Ibitekerezo ( 3 )

Umugabo wiyise Vitaly aratangaza ko afite ibibazo bitatu gusa abaza buri mukobwa wese akemera kumusoma hatarashira amasegonda 30 bamenyanye, ndetse bataranibwirana amazina yabo n’aho buri wese atuye.

Aho gucika ku ngeso y’ubujura, umukecuru w’imyaka 84 yahisemo kwicisha abacamanza

Yanditswe ku itariki ya: 9-05-2013 - Saa: 11:27'
Ibitekerezo ( )

Umukecuru w’imyaka 84 washinjwaga kwiba amafaranga y’abinjira muri Amerika yahisemo gushaka abicanyi kabuhariwe bazamwicira umushinjacyaha umwe kandi bagakomeretsa bikomeye abandi babiri bari mu bakurikirana ibyaha aregwa.

Bigize ababikira ngo boroherwe no gucuruza ibiyobyabwenge

Yanditswe ku itariki ya: 8-05-2013 - Saa: 14:43'
Ibitekerezo ( )

Polisi yo mu birwa bya Caraïbes yatahuye abagore batatu bari bigize ababikira bagira ngo babashe gutwara ibiyobyabwenge bita cocaine mu myambaro nk’iy’ababikira ntawe ubatahuye kuko bakekaga ko nta wakeka iyo ngeso ku babikira.

USA: Umugeni n’abandi bakobwa bane bahiriye mu mudoka bagiye mu birori byo kumusezeraho

Yanditswe ku itariki ya: 6-05-2013 - Saa: 15:10'
Ibitekerezo ( 2 )

Umugeni n’abandi bakobwa bane b’inshuti ze bitabye Imana mu ijoro rya tariki 04/05/2013, bahiriye mu modoka yo mu bwoko bwa Limousine, ubwo bari mu muhanda berekeje mu birori muri leta ya California muri leta zunze ubumwe z’America.

Uwo bahuriye kuri facebook yamufasheho ingwate yishyurwa miliyoni 260

Yanditswe ku itariki ya: 6-05-2013 - Saa: 14:57'
Ibitekerezo ( )

Umukobwa witwa Joan Alupo wo mu gihugu cya Uganda yafashwe bugwate n’umuntu bari babaye inshuti ku rubuga nkoranyambaga rwa Facebook, ategeka iwabo w’umukobwa kumwoherereza amadolari ya Amerika ibihumbi 400 ngo abone kumurekura. Ku bw’amahirwe umukobwa yaje kurekurwa, ariko ngo byamusigiye ihungabana.

Umugabo yakatiwe gufungwa umwaka azira kwihagarika ku nzira

Yanditswe ku itariki ya: 3-05-2013 - Saa: 15:41'
Ibitekerezo ( )

Urukiko rwa Kampala muri Uganda rwakatiye umugabo w’imyaka 41 witwa Ronald Bunjingo igihano cyo gufungwa umwaka umwe cyangwa gukora imirimo nsimburagifungo y’iminsi ibiri nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kunyara ku nzira nyabagendwa.

Umusaza w’imyaka 90 yamanitse icyapa amenyesha ko ashaka umugore

Yanditswe ku itariki ya: 2-05-2013 - Saa: 15:05'
Ibitekerezo ( )

Umusaza w’imyaka 90 witwa Roger-marc Grenier wo mu Bufaransa tariki 22/04/2013 yafashe icyemezo cyo gutanga itangazo ry’uko ashaka umugore akoresheje icyapa yamanitse imbere y’iwe. Avuga ko ashaka umugore uri mu kigero cy’imyaka 70 na 80 wo kumurinda irungu.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile