Bamaze amasaha 50 n’iminota 25 basomana

Yanditswe ku itariki ya: 14-02-2013 - Saa: 09:23'
Ibitekerezo ( )

Umuryango w’abashakanye (couple) wo mu gihugu cya Thailande waciye agahigo ku isi ko kumara igihe kinini basomana kuko bamaze amasaha 50 n’iminota 25 ntawurakura umunwa ku wundi.

Iyegura rya Papa Benoit XVI ryahuriranye n’inkuba yakubise ingoro ya Saint Pierre

Yanditswe ku itariki ya: 14-02-2013 - Saa: 08:57'
Ibitekerezo ( 12 )

Ubwo Papa Benoit XVI yatangaza ko ahagaritse kuyobora Kiriziya Gatolika tariki 11/02/2013, muri uwo mugoroba inkuba yakubise ingoro ye yitiriwe Mutagatifu Petero iri i Roma; nk’uko ikinyamakuru Le Gentside kibitangaza.

Umugabo munini ku isi yatakaje ibiro 300

Yanditswe ku itariki ya: 13-02-2013 - Saa: 09:54'
Ibitekerezo ( 1 )

Umwongereza witwa Paul Mason ufite imyaka 51, ubu amaze kugabanukaho bibiri bya gatatu by’ibiro yari afite kuko yatakaje ibiro 300.

Sri Lanka: Yahishe telefone mu mubiri arafatwa

Yanditswe ku itariki ya: 13-02-2013 - Saa: 09:17'
Ibitekerezo ( )

Umugororwa wo mu gihugu cya Sri Lanka yahishe terefoni mu mubiri (rectum) ayicishije mu kibuno, agamije kuyihisha abari baje gusaka, ariko ntibyamuhiriye kuko iyo telefone yasonnye bigatuma bimenyekana ko ayifite.

Kirehe: Yamaze ukwezi akora muri resitora bazi ko ari umukobwa

Yanditswe ku itariki ya: 7-02-2013 - Saa: 14:06'
Ibitekerezo ( 15 )

Umusore w’imyaka 17 wo mu kagari ka Cyunuzi ho mu murenge wa Gatore yahisemo kujya yivugira ko ari umukobwa, ndetse akaniyambarira imyenda y’abakobwa kuko ngo we yumva muri we ari umukobwa.

Umwana amaze imyaka 12 abana n’inzoka nta kibazo

Yanditswe ku itariki ya: 7-02-2013 - Saa: 10:21'
Ibitekerezo ( 8 )

Umwana w’imyaka 13 wo mu gihugu cy’u Bushinwa amaze imyaka 12 abana n’inzoka “uruziramire” nta kibazo. Muri icyo gihe cyose, uwo mwana ayifata nk’inshuti magara babana ijoro n’amanywa.

Russia: Umucamanza yirukanwe ku kazi azira gusinzira mu rukiko

Yanditswe ku itariki ya: 4-02-2013 - Saa: 12:16'
Ibitekerezo ( )

Umucamanza ukomoka mu gihugu cy’u Burusiya yatakaje akazi ke nyuma yo gusezererwa azira gusinzira mu rukiko yarangiza agakatira uwaburanaga igifungo cy’imyaka itanu.

Nubwo areshya n’igare, araritwara akanarihekaho abandi bantu

Yanditswe ku itariki ya: 29-01-2013 - Saa: 11:19'
Ibitekerezo ( 2 )

Umwana witwa Munezero w’imyaka itandatu wo mu kagari ka Shyogo mu murenge wa Nyamirama mu karere ka Kayonza, afite ubushobozi bwo kunyonga igare kandi akanarihekaho n’abandi bana n’ubwo adashyikira intebe ya ryo kubera indeshyo ye.

Afurika y’Epfo: Polisi irimo gushakisha ingona ibihumbi 10 zatorotse umworozi

Yanditswe ku itariki ya: 28-01-2013 - Saa: 08:43'
Ibitekerezo ( 1 )

Umworozi wo muri Afurika y’Epfo yatabaje polisi ngo imufashe kugarura ingona ibihumbi 10 zamutorotse zikajya mu mugezi wegereye hafi y’umupaka w’icyo gihugu ndetse n’ibihugu bya Botwana na Zimbabwe.

Pages ... | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | 11 | 12 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile