Ku myaka 39 arimo gukorerwa igitsina nyuma yo kuvuka ntacyo afite

Yanditswe ku itariki ya: 19-03-2013 - Saa: 16:20'
Ibitekerezo ( 1 )

Umugabo w’Umwongereza witwa Andrew Wardle ufite imyaka 39, wavutse adafite igitsina kubera ubumuga yakuye munda ya nyina, ubu abaganga barimo kumukorera igitsina bifashishije ibice by’umubiri we.

Babyita “Nzaba ndwubaka” kuko bikunze kuribwa n’abasore batararushinga

Yanditswe ku itariki ya: 18-03-2013 - Saa: 14:00'
Ibitekerezo ( 13 )

Ibishambusha birimo inyama bikunze gucururizwa mu masenteri yo mu cyaro, ibyo muri santeri ya Musumba, mu murenge wa Nyarubaka mu karere ka Kamonyi babyita “Nzaba ndwubaka”. Abahatuye bavuga ko iryo zina baribihaye kuko bikunze kuribwa n’abasore badafite abagore.

U Bufaransa: Umugabo yakatiwe igifungo cy’umwaka kubera gufata abagore amashusho rwihishwa

Yanditswe ku itariki ya: 16-03-2013 - Saa: 16:39'
Ibitekerezo ( 3 )

Umugabo w’imyaka isaga 6o mu Bufaransa, mu mujyi wa Brest, yakatiwe igifungo cy’umwaka umwe hamwe n’izahabu y’amafaranga kubera gufata amashusho (Video) abagore basaga 1.535 batabizi kandi bari mubwiherero (toilette).

Gukiza abana igifi kinini byamuviriyemo kwirukanwa ku kazi

Yanditswe ku itariki ya: 14-03-2013 - Saa: 16:10'
Ibitekerezo ( 1 )

Umugabo wo mu bwongereza witwa Paul Marshallsea, w’imyaka 62, yirukanywe ku kazi yari asanzwe akora mu gihugu cye kuko yagaragaye ku mbuga za internet afata igifi cyo mu bwoko bwa requin i Brisbane mu gihugu cya Australia, mu gihe yari ari mu kiruhuko cy’uburwayi.

Ku myaka 12 arabarirwa mu bahanga bahebuje isi yagize

Yanditswe ku itariki ya: 14-03-2013 - Saa: 12:00'
Ibitekerezo ( 3 )

Umwana w’Umwongereza w’imyaka 12 witwa Neha Ramu yinjiye mu rutonde rugizwe n’abantu barusha abandi ubwenge ku isi, nyuma yo kugira ikigero kinini ku gipimo QI.

Ruhango: Umupadiri arahakana umwana ashinjwa ko yabyaranye n’umunyeshuri yafashaga

Yanditswe ku itariki ya: 13-03-2013 - Saa: 13:33'
Ibitekerezo ( 16 )

Ruhango: Umupadiri arahakana umwana ashinjwa ko yabyaranye n’umunyeshuri yafashaga.

Ntarama : Umusaza w’imyaka 96 yasezeranye imbere y’amategeko n’umukecuru w’imyaka 55

Yanditswe ku itariki ya: 12-03-2013 - Saa: 11:30'
Ibitekerezo ( 1 )

Umusaza witwa Maborogo Jean wo mu murenge wa Ntarama mu karere ka Bugesera yashyingiranywe n’umukecuru witwa Nyiramajoro Donata bari bamaranye imyaka babana batarasezeranye imbere y’amategeko.

Musanze: Guverineri yabasabiye kurambikwaho ibiganza

Yanditswe ku itariki ya: 11-03-2013 - Saa: 15:14'
Ibitekerezo ( 2 )

Twagirumukiza Innocent n’umugore we Nyiranizeyimana Jacqueline batuye mu mudugudu wa Nduruma muri Kigombye mu murenge wa Muhoza mu karere ka Musanze basabiwe kurambikwaho ibiganza, kugirango Imana ibafashe mu buzima bushya biyemeje bwo kugendera kure amakimbirane aterwa n’ubusinzi bw’umugore.

Rutsiro : Umunyeshuri yatahuweho kwituma mu cyumba abahungu bararamo ahita atoroka ikigo

Yanditswe ku itariki ya: 11-03-2013 - Saa: 08:17'
Ibitekerezo ( 7 )

Jean Bosco Hagenimana wigaga mu mwaka wa mbere mu ishuri ryisumbuye ES Murunda ryitiriwe mutagatifu Yohani ntabwo yigeze aboneka mu kigo nyuma yo guhamwa n’ikosa ryo kwituma mu cyumba abahungu bararamo dortoir.

Pages ... | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile