Ku myaka 17 avuga indimi 23 adategwa

Yanditswe ku itariki ya: 5-04-2013 - Saa: 12:18'
Ibitekerezo ( 3 )

Timothy Doner w’imyaka 17 wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika adidibuza indimi 23 zirimo indimi zizwi ko zikomeye. Uretse indimi eshatu yigiye mu ishuri izindi zigera kuri 20 yaraziyigishije.

Ruhango: Kuri “Banguka Nkutabare” abizera ngo bahabonera ibisubizo by’ibibazo byabo

Yanditswe ku itariki ya: 4-04-2013 - Saa: 14:26'
Ibitekerezo ( 1 )

Abenshi baturutse hirya no hino baza gusengera ku rutare ruri mu kagari ka Rubona umurenge wa Bweramana mu karere ka Ruhango ngo kuko bahasubirizwa ibibazo baba bafite. Aho hantu bahise kuri “Banguka Nkutabare”.

Kuba bagufi bidasanzwe byatumye banyura mu buzima buruhije

Yanditswe ku itariki ya: 4-04-2013 - Saa: 13:56'
Ibitekerezo ( 8 )

Abagabo batatu bavugakana bafite ubumuga bwo kuba bagufi bidasanzwe, bavuga ko uko baremwe byatumye batabwa n’umuryango wabo ndetse n’abaturanyi bakabitaza, bityo ntibabashe kuba babona akazi ngo babashe kubona imibereho.

Finlande : Abantu 800 bamaze gusaba akazi ko kugerageza ibyumba bya hoteri

Yanditswe ku itariki ya: 2-04-2013 - Saa: 11:01'
Ibitekerezo ( 1 )

Nyiri hoteri yitwa Finn iri mu mujyi wa Helsinki mu gihugu cya Finlande yatunguwe no gutanga akazi ko kugerageza ibyumba bya hoteri ye, maze akabona abantu bashaka ako kazi bagera kuri 800 mu gihe hagisigaye ukwezi kose ngo igihe cyo gusaba ako kazi kirangire.

Rutsiro: Yariye imwe mu mbwa zari zimaze kurya ihene y’umuhungu we

Yanditswe ku itariki ya: 29-03-2013 - Saa: 10:21'
Ibitekerezo ( 13 )

Augustin Bazimaziki utuye mu kagari ka Congo Nil mu murenge wa Gihango mu karere ka Rutsiro yokeje inyama z’imbwa arazirya nyuma y’uko yari imaze kwicwa n’abaturage kuko ngo ari imwe mu mbwa enye z’inzererezi zari zimaze iminsi ziriye ihene y’umuhungu we.

Mu Buhinde bari gukoresha abapolisi bakoze mu bikarito ngo bagabanye impanuka

Yanditswe ku itariki ya: 26-03-2013 - Saa: 12:16'
Ibitekerezo ( 4 )

Polisi yo mu mujyi wa Bangalore, mu gihugu cy’Ubuhinde yatangiye gukora abapolisi bakoze mu bikarito, maze ngo abashoferi nibabona bagende neza ngo badahanwa.

Yananiwe kwihanganira ko umugabo amuca inyuma amushyira ku karubanda akoresheje icyapa cyo kwamamaza

Yanditswe ku itariki ya: 25-03-2013 - Saa: 10:20'
Ibitekerezo ( )

Umugore wo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yamenye ko umugabo we amuca inyuma ananirwa kumubikira ibanga, afata icyemezo cyo kumushyira ku karubanda akoresheje icyapa gishyirwaho amatangazo yo kwamamaza.

Huye: Ihene yitwa Cyabakobwa iherutse kubyara batandatu

Yanditswe ku itariki ya: 22-03-2013 - Saa: 16:58'
Ibitekerezo ( 2 )

Mukamana Alphonsine, umukecuru utuye mu Kagari ka Kabona mu Murenge wa Kinazi, Akarere ka Huye, afite ihene yise Cyabakobwa.

Chine: Abana bagiye kujya bagirwa abanyabwenge mu buryo budasanzwe

Yanditswe ku itariki ya: 21-03-2013 - Saa: 17:12'
Ibitekerezo ( )

Abaganga mu mujyi witwa Shenzhen mu gihugu cy’u Bushinwa bavumbuye uburyo bazajya bakoresha mu guha abana imisemburo n’amaraso ituma baba abanyabwenge atari uko Imana yabaremye.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile