Yahaye akazi uwo yifatiye ashaka kumwiba

Yanditswe ku itariki ya: 19-04-2013 - Saa: 08:54'
Ibitekerezo ( )

Umugabo utuye ahitwa Cerreto Guidi mu Butariyani yaguye gitumo umujura wari winjiye iwe ashaka kwiba, yitabaza polisi iramutwara. Ariko amaze kumenya ko uyu mujura ari umushomeri, yiyemeje kumuha akazi.

Suede: Abagabo bagiye kujya banyara bicaye nk’abagore

Yanditswe ku itariki ya: 18-04-2013 - Saa: 12:04'
Ibitekerezo ( 5 )

Mu gihugu cya Suede, mu Ntara ya Sodermanland batangiye kwiga ku mushinga w’itegeko ritegeka abahungu n’abagabo kwihagarika bicaye kimwe nk’abantu b’igitsina gore mu rwego rwo kurwanya ivangura rishingiye ku gitsina.

Yanditse ibaruwa isezera ku kazi ku mutsima w’imisango (Gateau)

Yanditswe ku itariki ya: 18-04-2013 - Saa: 10:29'
Ibitekerezo ( )

Ubwo yatumiraga abakoresha be n’abakozi bagenzi mu munsi mukuru wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 31 yari yujuje, Umugabo w’Umwongereza witwa Chris Holmes yakoze agashya abamenyesha ko ahagaritse akazi akoresheje ibaruwa yanditse kuri gateau.

Ubuhinde: Habonetse umugabo wambara ishati ya Zahabu

Yanditswe ku itariki ya: 16-04-2013 - Saa: 10:43'
Ibitekerezo ( )

Umugabo witwa Datta Phuge wo mu Buhinde yaguze ishati ikoze muri zahabu ipima ibiro bitatu n’amagarama 300, ikamutwara amadorari y’amerika ibihumbi 250 angana n’amanyarwanda asaga miliyoni 160.

Nyanza: Umusore arashinjwa gusambanya inka

Yanditswe ku itariki ya: 15-04-2013 - Saa: 16:28'
Ibitekerezo ( 12 )

Sindayigaya Charles w’imyaka 30 y’amavuko utuye mu mudugudu wa Kirwa mu kagali ka Mushirarungu mu murenge wa Rwabicuma arashinjwa kuba yarasanze inka aho yari iziritse mu ishyamba akayisambanya ku manywa y’ihangu.

USA: Umubikira yemeye ko yibye miliyoni 86 akazikinisha urusimbi

Yanditswe ku itariki ya: 14-04-2013 - Saa: 11:59'
Ibitekerezo ( 1 )

Umubikira wo muri kiliziya Gatulika witwa Mary Anne Rapp yemereye imbere y’urukiko muri Amerika ko yibye amadolari ya Amerika ibihumbi 130 (86.500.000 Rwf) akayakinisha mu mikino bita casino benshi bafata nk’urusimbi rwa kizungu kandi rwemewe.

Rubavu: Abaturage bavumbuye urutare rwo gusengeramo

Yanditswe ku itariki ya: 11-04-2013 - Saa: 11:32'
Ibitekerezo ( 2 )

Abaturage 21 baherutse gufatwa bajya gusengera mu rutare rwihishe mu murenge wa Rubavu mu karere ka Rubavu, bavuga ko gusengera mu rutare rumeze nk’ubuvumo bituma amasegesho agera ku Mana kuko ntakibarangaza.

Ubuhinde: Hahimbwe isutiye irwanya gufatwa ku ngufu

Yanditswe ku itariki ya: 8-04-2013 - Saa: 11:39'
Ibitekerezo ( 5 )

Abanyeshuri batatu bo mu gihugu cy’Ubuhinde (abakobwa babiri n’umuhungu) baherutse gukora isutiye (soutien-gorge) ikoze ku buryo irekura amashanyarazi ya kilovolute 3800 igihe nyir’ukuyambara agiye guhohoterwa.

Rutsiro: Umusaza w’imyaka 88 n’umukecuru w’imyaka 79 basezeranye imbere y’Imana

Yanditswe ku itariki ya: 8-04-2013 - Saa: 10:46'
Ibitekerezo ( 3 )

Mugeri Theodore w’imyaka 88 y’amavuko na Mukangwije Emilienne ufite imyaka 79 bafashe umwanzuro wo gusezerana imbere y’Imana muri kiliziya Gatulika, Paruwasi ya Congo Nil mu karere ka Rutsiro tariki 06/04/2013, kubera ko ngo imibanire yabo Imana itigeze iyemera, bigatuma imbere yayo bafatwaga nk’abasambanyi.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile