Ingabo za Tanzaniya zisaga 1200 zirajya muri Kongo

Yanditswe ku itariki ya: 9-05-2013 - Saa: 15:26'
Ibitekerezo ( )

Biteganyijwe kuri uyu wa kane tariki 09/05/2013 ingabo za Tanzaniya 1258 zekerekeza mu burasizuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo aho zigiye mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye.

Umusirikare wa MONUSCO yarasiwe i Walungu hafi y’umujyi wa Bukavu

Yanditswe ku itariki ya: 9-05-2013 - Saa: 09:48'
Ibitekerezo ( )

Umwe mu basirikare b’umuryango w’abibumbye bari mu butumwa bw’amahoro muri Kongo (MONUSCO) yaguye muri ambushi y’imitwe ya gisirike ikorera mu gace ka Walungu kari hafi y’umujyi wa Bukavu, kuri uyu wa kabiri tariki 07/05/2013.

Somaliya: Abanyamakuru 18 barishwe umwaka ushize

Yanditswe ku itariki ya: 6-05-2013 - Saa: 09:56'
Ibitekerezo ( )

Raporo yashyizwe ahagara tariki 03/05/2013 n’umuryango w’ihuriro ry’abanyamukuru bo mu gihugu cya Somalia yerekanye ko mu umwaka ushize wa 2012, abanyamakuru 18 bo muri icyo gihugu bishwe abandi benshi bagakomeretswa.

Jean Marie Runiga yahakanye ko nta ngabo za M23 zo ku ruhande rwe zasubiye muri Congo

Yanditswe ku itariki ya: 2-05-2013 - Saa: 10:29'
Ibitekerezo ( 4 )

Umukuru w’abarwanyi ba M23 baherutse guhungira mu Rwanda, Jean Marie Runiga, aratangaza ko yatunguwe no kumva abavuze ko we n’abasirikare be basubiye rwihishwa muri Congo kurwana.

MUNUSCO yahawe umuyobozi mushya

Yanditswe ku itariki ya: 25-04-2013 - Saa: 15:38'
Ibitekerezo ( )

Gen Carlos Alberto dos Santos Cruz wo mu gihugu cya Brazil yagizwe umuyobozi w’ingabo ibihumbi 20 z’umuryango w’abibumbye ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO).

Leta ya Kongo yanze gusinya amasezerano akuraho ubuhunzi ku Banyarwanda

Yanditswe ku itariki ya: 22-04-2013 - Saa: 16:11'
Ibitekerezo ( )

Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Julien Paluku, yatangarije abanyamakuru Leta ya Congo yanze gusinya ku masezerano avanaho ubuhunzi ku Banyarwanda bahungiye muri Kongo, kubera gutinya ko impunzi ziriyo zisaba ubwene gihugu bwa Kongo.

Gen. Babacar Gaye aremeza ko umutwe wo guhashya inyeshyamba muri RDC uri mu nzira

Yanditswe ku itariki ya: 18-04-2013 - Saa: 13:03'
Ibitekerezo ( )

Umujyanama w’umunyamabanga mukuru wa UN mu bijyanye n’umutekano, Gen. Babacar Gaye, yatangaje ko umutwe ushinzwe guhashya imitwe yitwara gisirikare mu burasirazuba bwa Kongo-Kinshasa ugiye gutangira imirimo yawo mu minsi mike iri imbere.

Ingabo zo guhashya inyeshyamba muri Kongo- Kinshasa zizatangira imirimo vuba

Yanditswe ku itariki ya: 15-04-2013 - Saa: 15:48'
Ibitekerezo ( 4 )

Umutwe w’Ingabo z’Umuryango w’Ababimbuye ushinzwe guhashya imitwe yitwara gisirikare mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo uratangira mu mpera z’uku kwezi kwa Mata n’abasirikare 3069.

Perezida wa Gambia ngo uzafatwa akora imibonano mpuzabitsina n’uwo bahuje igitsina azahanwa yicuze icyatumye avuka

Yanditswe ku itariki ya: 15-04-2013 - Saa: 08:33'
Ibitekerezo ( 1 )

Perezida Yahya Jammeh uyobora igihugu cya Gambia yongeye kugaragaza ko atihanganira na busa abakorana imibonano mpuzabitsina n’abo babihuje, ndetse avuga ko uzafatwa akora ibyo bikorwa yita urukozasoni azahabwa ibihano bikarishye, akicuza icyatumye avuka.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
Kwamamaza
rra banner
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile