Yanditswe ku itariki ya: 22-04-2013 - Saa: 16:11'
Ibitekerezo
(
)
Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru, Julien Paluku, yatangarije abanyamakuru Leta ya Congo yanze gusinya ku masezerano avanaho ubuhunzi ku Banyarwanda bahungiye muri Kongo, kubera gutinya ko impunzi ziriyo zisaba ubwene gihugu bwa Kongo.
|