Pistorius yarashe umukinzi we arapfa ku munsi w’abakundana yibeshye ko ari umujura

Yanditswe ku itariki ya: 14-02-2013 - Saa: 14:11'
Ibitekerezo ( )

Igihangange mu gusiganwa ku maguru mu rwego rw’abamugaye (paralympic games) ku isi, Oscar Pistorius, ari mu gahinda gakomeye nyuma yo kurasa umukobwa bakundanaga witwa Reeva Steenkamp, yikanze ko ari umujura.

Gustave Bagayamukwe washakaga gukuraho Perezida Kabila yatawe muri yombi

Yanditswe ku itariki ya: 11-02-2013 - Saa: 12:47'
Ibitekerezo ( )

Gustave Bagayamukwe wari ukuriye ihuriro ry’imitwe yishyize hamwe ngo bakureho perezida Kabila (UFRC) yatawe muri yombi muri Kivu y’Amajyepfo mu mujyi wa Uvira, taliki 10/02/2013 ahita ajyanwa Kinshasa aho ashobora gukurikiranwa n’ubutabera ku kugambanira igihugu.

SADEC yohereje intumwa zo kwiga uko umutekano uhagaze i Goma

Yanditswe ku itariki ya: 8-02-2013 - Saa: 11:40'
Ibitekerezo ( )

Ibihugu bihuriye mu muryango w’iterambere ry’Afurika y’Amajyepfo (SADEC) byohereje intumwa kugira ngo zirebe uko umutekano mu burasirazuba uhagaze mbere y’uko byohereza yo ingabo mu gucunga umutekano no guhashya imitwe yitwaza intwaro.

Goma: Abaturage barabeshyuza ibitangazwa na societe civil kuri M23

Yanditswe ku itariki ya: 6-02-2013 - Saa: 12:01'
Ibitekerezo ( )

Abaturage batuye mu mujyi wa Goma muri Congo bavuga ko ibitangazwa na Omar Kavota ukuriye imiryango itegamiye kuri Leta, ko umutwe wa M23 urimo kuzana ingabo mu nkengero z’umujyi wa Goma nta kuri kurimo.

Malawi: Indege ya Prezida yashyizwe muri cyamunara

Yanditswe ku itariki ya: 29-01-2013 - Saa: 14:09'
Ibitekerezo ( )

Leta ya Malawi yatangaje ko indege ya Prezida yashyizwe ku isoko, umuntu wese ubishoboye akaba yemerewe gupiganirwa kuyigura. Ngo uzayegukana ni uzaba yatanze amafaranga menshi kurusha abandi.

M23 yamenyesheje Perezida Museveni ko imishyirano idatera imbere

Yanditswe ku itariki ya: 25-01-2013 - Saa: 17:35'
Ibitekerezo ( )

Perezida Museveni yakiriye intumwa za M23 ziri mu mishyikirano i Kampala, zimugezaho ikibazo cy’uko imishyikirano idatera imbere.

Congo: Abakozi b’imiryango mpuzamahanga ikorera Bukavu bategetswe gukoresha inzira y’u Rwanda bajya i Goma

Yanditswe ku itariki ya: 24-01-2013 - Saa: 18:08'
Ibitekerezo ( 1 )

Umuryango w’abibumbye waburiye abakozi b’imiryango mpuzamahanga bakorera muri Kivu y’Amajyepfo gukoresha umuhanda w’u Rwanda bajya i Goma kubera ikibazo cy’umutekano.

Ingabo za ICGLR ntizifuza kuyoborwa na MONUSCO

Yanditswe ku itariki ya: 22-01-2013 - Saa: 09:28'
Ibitekerezo ( )

Minisitiri w’Ingabo muri Uganda akaba n’umuhuza mu biganiro bya M23 na Leta ya Kongo-Kinshasa, yatangaje ko ibihugu by’Afurika byifuza ko umutwe w’ingabo z’inama y’ibihugu by’ibiyaga bigari (ICGLR) ugomba kugarura amahoro ku mipaka y’igihugu cya Kongo utayoborwa na MONUSCO.

Dr. Denis Mukwege yatahutse muri Kongo avuye mu buhungiro mu Bubiligi

Yanditswe ku itariki ya: 15-01-2013 - Saa: 15:36'
Ibitekerezo ( )

Dr. Denis Mukwege wamenyekanye ku isi kubera uruhare agira mu gufasha abagore bafashwe ku ngufu mu Ntara ya zombi za Kivu, yagarutse muri Kongo-Kinshasa nyuma yo guhungira mu Bubiligi mu Kwezi kw’Ukwakira 2012.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
Kwamamaza
rra banner
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile