Goma: Hamaze kuboneka imirambo itanu gusa mu baguye mu mpanuka y’indege

Yanditswe ku itariki ya: 4-03-2013 - Saa: 22:34'
Ibitekerezo ( 1 )

Itsinda ry’ubutabazi rigishakisha ababa baguye mu mpanuka y’indege yabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 04/03/2013 mu mujyi wa Goma, yamaze kubona abagera kuri batanu muri 35 yari itwaye, abandi bakaba bagishakishwa.

FDLR yagabye igitero i Rutshuro gihitana abantu 10

Yanditswe ku itariki ya: 25-02-2013 - Saa: 14:27'
Ibitekerezo ( )

Ingabo z’umutwe wa FDLR zateye muri centre ya Rutshuro ku mugoroba wa tariki 24/02/2013 haba imirwano y’igihe gito yahitanye abasirikare ba M23 n’abaturage umunani.

Amasezerano yo kugarura amahoro muri Congo azasinywa taliki 24/02/2013

Yanditswe ku itariki ya: 18-02-2013 - Saa: 09:29'
Ibitekerezo ( 1 )

Ubuyobozi bw’umuryango w’abibumbye bwagaragaje ko amasezerano yo kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Congo atarashoboye gusinywa n’abayobozi b’ibihugu byo mu karere mu nama yabereye muri Ethiopia muri Mutarama azasinywa taliki 24/02/2013.

Sud Kivu: Abarwanyi 5 ba FDLR bafashwe mpiri bari guhaha

Yanditswe ku itariki ya: 15-02-2013 - Saa: 09:40'
Ibitekerezo ( )

Mu ntangiriro z’iki cyumweru , abarwanyi batanu bo mu mutwe wa FDLR batawe muri yombi n’ingabo za Kongo mu isoko ryo mu Rubanga riri mu kibaya cya Rusizi ho muri Kivu y’Amajyepfo.

Pistorius yarashe umukinzi we arapfa ku munsi w’abakundana yibeshye ko ari umujura

Yanditswe ku itariki ya: 14-02-2013 - Saa: 14:11'
Ibitekerezo ( )

Igihangange mu gusiganwa ku maguru mu rwego rw’abamugaye (paralympic games) ku isi, Oscar Pistorius, ari mu gahinda gakomeye nyuma yo kurasa umukobwa bakundanaga witwa Reeva Steenkamp, yikanze ko ari umujura.

Gustave Bagayamukwe washakaga gukuraho Perezida Kabila yatawe muri yombi

Yanditswe ku itariki ya: 11-02-2013 - Saa: 12:47'
Ibitekerezo ( )

Gustave Bagayamukwe wari ukuriye ihuriro ry’imitwe yishyize hamwe ngo bakureho perezida Kabila (UFRC) yatawe muri yombi muri Kivu y’Amajyepfo mu mujyi wa Uvira, taliki 10/02/2013 ahita ajyanwa Kinshasa aho ashobora gukurikiranwa n’ubutabera ku kugambanira igihugu.

SADEC yohereje intumwa zo kwiga uko umutekano uhagaze i Goma

Yanditswe ku itariki ya: 8-02-2013 - Saa: 11:40'
Ibitekerezo ( )

Ibihugu bihuriye mu muryango w’iterambere ry’Afurika y’Amajyepfo (SADEC) byohereje intumwa kugira ngo zirebe uko umutekano mu burasirazuba uhagaze mbere y’uko byohereza yo ingabo mu gucunga umutekano no guhashya imitwe yitwaza intwaro.

Goma: Abaturage barabeshyuza ibitangazwa na societe civil kuri M23

Yanditswe ku itariki ya: 6-02-2013 - Saa: 12:01'
Ibitekerezo ( )

Abaturage batuye mu mujyi wa Goma muri Congo bavuga ko ibitangazwa na Omar Kavota ukuriye imiryango itegamiye kuri Leta, ko umutwe wa M23 urimo kuzana ingabo mu nkengero z’umujyi wa Goma nta kuri kurimo.

Malawi: Indege ya Prezida yashyizwe muri cyamunara

Yanditswe ku itariki ya: 29-01-2013 - Saa: 14:09'
Ibitekerezo ( )

Leta ya Malawi yatangaje ko indege ya Prezida yashyizwe ku isoko, umuntu wese ubishoboye akaba yemerewe gupiganirwa kuyigura. Ngo uzayegukana ni uzaba yatanze amafaranga menshi kurusha abandi.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile