Abayobozi ku mpande zombi basuye ibikorwa byo kubaka ikiraro gishya ku Rusumo

Yanditswe ku itariki ya: 25-02-2013 - Saa: 17:30'
Ibitekerezo ( )

Kuri uyu wa 25/02/2013, abayobozi baturutse mu ntara ya Kagera muri Tanzaniya bakoreye urugendo mu karere ka Kirehe bareba aho ibikorwa bitandukanye bijyanye no kubaka ikiraro gishya gihuza u Rwanda na Tanzaniya bigeze.

Ibyo urubyiruko rwo muri EAC rwabonye mu Bugesera ngo ruzabigira impamba

Yanditswe ku itariki ya: 22-02-2013 - Saa: 11:23'
Ibitekerezo ( )

Urubyiruko rwitabiriye ihuriro mpuzamahanga rya kane ry’urubyiruko rwo mu bihugu byo muri Afrika y’uburasirazuba (EAC) ruratangaza ko ibyo rwigiye mu karere ka Bugesera ku bijyanye n’ubumwe n’ubwiyunge ruzabigira impamba maze rukarushaho kubaka no guharanira amahoro mu bihugu byabo.

Abagize sosiyete sivile zo muri EAC bari gusesengura amategeko areba u Rwanda

Yanditswe ku itariki ya: 14-02-2013 - Saa: 10:30'
Ibitekerezo ( )

Abagize ihuriro ry’imiryango idaharanira inyungu mu bihugu byose bigize umuryango w’Afrika y’uburasirazuba (EAC), bari gusesengura amategeko atandukanye areba u Rwanda n’uko ubuvugizi bukorerwa abaturage.

Intumwa za EAC ziriga ku buryo bwo guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere

Yanditswe ku itariki ya: 28-01-2013 - Saa: 12:59'
Ibitekerezo ( )

Impuguke z’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), ziteraniye i Kigali mu rwego rwo kurebera hamwe uburyo ibihugu bigize uyu muryango byashyira hamwe mu gushyiraho uburyo bwo guhangana n’ingaruka zituruka mu mihindagurikire y’ikirere.

Abakozi ba MINEAC bari mu mwiherero ugamije kureba aho ibikorwa byabo bigeze

Yanditswe ku itariki ya: 18-01-2013 - Saa: 09:34'
Ibitekerezo ( )

Abakozi ba Minisiteri y’umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba (MINEAC) tariki 17/1/2012 batangiye umwiherero ugamije gusuzuma aho ibikorwa by’iyo Minisiteri bigeze, ibibazo ihura na byo ndetse n’umuti wa byo kugira ngo iyo minisiteri ikomeze kugira uruhare mu iterambere ry’igihugu.

Ibihugu bya EAC birasabwa gushyira hamwe kugira ngo isoko rusange rigerweho

Yanditswe ku itariki ya: 13-12-2012 - Saa: 11:09'
Ibitekerezo ( )

Umuyobozi w’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Uburasirazuba (EAC), Dr. Richard Sezibera arahamagarira ibihugu bya EAC guhuriza imbaraga hamwe mu rwego rwo kwihutisha ishyirwa mu bikorwa by’amasezerano y’isoko rusange.

EAC ngo ifite umutungo kamere wayiteza imbere

Yanditswe ku itariki ya: 5-12-2012 - Saa: 13:56'
Ibitekerezo ( )

Kuba akarere ka Afurika y’Uburasirazuba gafite umutungo karemano mwinshi, ariko utaratangira kubyazwa umusaruro uko bikwiye ni kimwe mu byigirwa mu nama yiga ingamba zatuma ubukungu bw’akarere ka Afurika y’Uburasirazuba (EAC) buzamuka.

Umushinga wa gali ya moshi Dar es salam-Isaka-Kigali ugeze kure

Yanditswe ku itariki ya: 3-12-2012 - Saa: 07:58'
Ibitekerezo ( 3 )

Mu ntangiriro z’umwaka utaha ni bwo icyegeranyo kigaragaza inyingo y’umushinga wa Gali ya Moshi Isaka-Kigali kizashyikirizwa Leta y’u Rwanda. Icyo gihe hazakurikiraho gushakisha abashoramari bazubaka iyi nzira izatwara imyaka itanu ngo itangire gikoreshwa.

Amasezerano yo gushyiraho ifaranga rimwe muri EAC, azasinywa mu mpera z’umwaka utaha

Yanditswe ku itariki ya: 1-12-2012 - Saa: 16:34'
Ibitekerezo ( )

Imishyikirano ku ishyirwaho ry’ifaranga rimwe mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’uburasirazuba(EAC) imaze kurangira, ku buryo hasigaye kunoza amasezerano kugira ngo abakuru b’ibihugu bazayasinyeho mu kwa 11/2013, nk’uko byemejwe na Ministiri ushinzwe EAC mu Rwanda.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile