Amasezerano yo gushyiraho ifaranga rimwe muri EAC, azasinywa mu mpera z’umwaka utaha

Yanditswe ku itariki ya: 1-12-2012 - Saa: 16:34'
Ibitekerezo ( )

Imishyikirano ku ishyirwaho ry’ifaranga rimwe mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’uburasirazuba(EAC) imaze kurangira, ku buryo hasigaye kunoza amasezerano kugira ngo abakuru b’ibihugu bazayasinyeho mu kwa 11/2013, nk’uko byemejwe na Ministiri ushinzwe EAC mu Rwanda.

Imijyi mito 15 yo mu bihugu bigize EAC igiye guhabwa amazi meza

Yanditswe ku itariki ya: 3-11-2012 - Saa: 11:16'
Ibitekerezo ( )

Inama yaberaga mu karere ka Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo, yiga ku kibazo cy’ibura ry’amazi mu bihugu bigize umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, yasojwe yemeje kuyageza mu mijyi mito y’ibyo bihugu.

U Rwanda ruri imbere mu bikorwa byo guhuza umupaka na Tanzaniya

Yanditswe ku itariki ya: 2-11-2012 - Saa: 12:14'
Ibitekerezo ( )

Ubwo Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba (MINEAC), Mukaruriza Monique yasuraga umupaka wa Rusumo tariki 01/11/2012 byagaragaye ko ku ruhande rw’u Rwanda imirimo yihuta kurusha ku ruhande rwa Tanzaniya.

MINEAC igiye kumenyekanishwa mu bigo by’amashuli 60 y’indashyikirwa kurusha ayandi

Yanditswe ku itariki ya: 31-10-2012 - Saa: 17:09'
Ibitekerezo ( )

Minisiteri ishinzwe umuryango w’ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba ( MINEAC) igiye kurushaho kuyimenyesha abakiri bato ihereye mu bigo by’amashuli yisumbuye 60 azwiho kuba ari indashyikirwa kurusha ayandi mu Rwanda.

Ibicuruzwa bifite ibyangombwa bya EAC nibyo bidasora ku mipaka gusa

Yanditswe ku itariki ya: 25-10-2012 - Saa: 15:31'
Ibitekerezo ( 1 )

Ubuyobozi bwa Minisiteri ya Afurika y’Uburasirazuba mu Rwanda, buributsa ko ibicuruzwa biherekejwe n’ibyangombwa byemeza ko byakorewe muri uyu muryango, ari byo byonyine byemerewe kwinjira mu bihugu bigize uyu muryango bitishyuye imisoro.

Umusirikare wari mu myitozo ya “Ushirikiano Imara 2012” yitabye Imana

Yanditswe ku itariki ya: 24-10-2012 - Saa: 12:41'
Ibitekerezo ( 8 )

Umusirikare ukomoka mu gihugu cya Tanzaniya ufite ipeti rya Pte witwa Kaila Ally Shabani yitabye Imana ubwo yari mu myitozo yiswe Ushirikiyano Imara 2012 ikorerwa mu ishuri rya Gisirikare rya Gako mu karere ka Bugesera.

Abasirikare bari mu myitozo ya “Ushirikiano Imara” bubatse ibyumba bine by’amashuri

Yanditswe ku itariki ya: 24-10-2012 - Saa: 09:46'
Ibitekerezo ( )

Abasirikare bo mu bihugu bigize umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba bari mu Rwanda mu myitozo ya gisirikare yiswe ushirikiano imara 2012 bujuje ibyuma by’amashuri bine mu rwunge rw’amashuri rwa Dihiro mu murenge wa Gashora mu karere ka Bugesera.

Abadepite bagize EALA basuye umupaka wa Rusumo

Yanditswe ku itariki ya: 20-10-2012 - Saa: 11:51'
Ibitekerezo ( )

Abadepite mu nteko ishinga amategeko y’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba (EALA), kuwa 19/10/2012, basuye umupaka wa Rusumo mu rwego rwo kureba aho igikorwa cyo kubaka one Stop Border Post n’imyiteguro yo kubaka ikiraro cya ku Rusumo bigeze.

Imyitozo y’Abasirikare bo muri EAC yatumiwemo n’abasivile

Yanditswe ku itariki ya: 18-10-2012 - Saa: 08:54'
Ibitekerezo ( )

Mu ishuri rya Gisirkare i Gako mu karere ka Bugesera, kuri uyu wa 18/10/2012, haratangira imyitozo izitabirwa n’abasirikare, abapolisi ndetse n’abasivili bo mu bihugu bigize umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba (EAC).

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | 10
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile